Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
360
Umunya- Philippines, Manny Pacquiao, yongeye gushimangira ubuhangange bwe mu iteramakofe atsinda Umunyamerika Adrien Broner mu mukino w’ishiraniro wabereye mu Mujyi wa Las Vegas muri Leta ya Nevada.
Uyu mukino wabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 20 Mutarama 2019, Pacquiao yawutsinze nyuma yo guhatana na Broner muri round 12.
Uyu mukino warimo gukubana cyane warangiye hitabajwe icyemezo cy’abakemurampaka mu kugena amanota y’uwatsinze.
Pacquiao wakinaga umukino wa 70 nk’uwabigize umwuga, (…)
Muri Zimbabwe uyu munsi bahaye imyigaragambyo mu gihugu hose nyuma yaho Perezida Emmerson Mnangagwa azamuye igiciro cya lisansi ho inshuro zirenga ebyiri.
Nkuko tubucyesha BBC, abari mu myigaragambyo basubije inyuma amakamyo kandi banabuza amabisi gutwara abagenzi mu mijyi ikomeye.
Abigaragambya i Harare mu murwa mukuru wa Zimbabwe bakoresheje amapine batwitse n’ibibuye binini bafunga imihanda mikuru.
Amapine yatwitwe na bigaragabya
Naho i Bulawayo mu mujyi wa kabiri w’icyo Gihugu , (…)
Perezida Kagame yavuze ko bidakwiye ko umuyobozi abaho neza mu gihe abo areberera bafite ibibazo, ashimangira ko biteye isoni kumubona ashyiriye Imana abaturage yamuhaye kuyobora barwaye bwaki.
Yabigarutseho kuri iki Cyumweru, tariki ya 13 Mutarama 2019, mu masengesho yo gusengera igihugu azwi nka National Prayer Breakfast yabereye muri Kigali Convention Centre.
Perezida Kagame yavuze ko kuyobora abantu bameze nabi wowe umeze neza, biteye isoni.
Yagize ati “Njye rwose mpora mfite (…)
Yasyizweho n’ubwanditsi Irushanwa ry’amafoto ryiswe ‘Rwanda - China Friendship Cup’ ryatangijwe mu Ukuboza umwaka ushize kuri ambasade y’u Rwanda i Beijing, ryasojwe kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Mutarama 2019, hatangwa ibihembo ku bafashe amafoto yakunzwe.
Aya marushwa yatangijwe n’Ikigo gishinzwe guteza imbere ururimi n’Umuco by’Abashinwa, Confucius Institute muri Kaminuza y’u Rwanda, rigamije kumenyekanisha u Rwanda mu Bushinwa no kongera ubufatanye hagati y’abaturage b’ibihugu (…)
Donald Trump Perezida wa leta zunze ubumwe z’Amerika yivumbuye mu nama yarimo aganira n’Abademokarate ku kuba barangiza ikibazo cy’uko ibigo bimwe na bimwe bya Leta rusange bigiye kumara iminsi 20 abakozi babyo badahembwa ndetse na byo byarafunze imiryango.
Donald Trump kuri Twitter yanditse ati “Mvuye mu nama nagiranaga na Chuck na Nancy (aba ni Abayobozi bakuru mu ishyaka ry’Abademokarate ni bo bayoboye Sena), ni uguta umwanya.
Nababajije ibizaba mu minisi 30, igihe ibintu bizakomeza (…)
Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo Felix Tshisekedi yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu muri Repubulika iharanira demokrasi ya Congo nk’uko bimenyeshwa n’akanama gashinzwe gutunganya amatora.
Ibyavuye mu matora byerekana ko Tshisekedi yarushije uwundi utavuga rumwe na reta Martin Fayulu hamwe n’umukandida warushyigikiwe na reta Emmanuel Shadary. Umukuru w’akanama gashinzwe gutegura amatora (Ceni) Corneille Nangaa, mu gitondo cya kare cyo kuruyu wa kane yavuze ko Tshisekedi yagize ibice (…)
Amerika: Umugore amaze imyaka icu muri "coma" ameze nk’uwapfuye yabyaye Nkuko tubucyesha BBC,Igipolisi cyo muri leta ya Phoenix cya tangiye iperereza kuko hacyekwa ko hakozwe ihohotera rishingiye ku gitsina, inyuma yaho umugore amaze imyaka myinshi muri kom"coma" ameze nk’uwapfuye basanze yarasamye none akaba yabyaye umwana w’umuhungu.
Uwo murwayi ari mu bitaro Hacienda HealthCare i Phoenix muri leta ya Arizona, muri Amerika amaze imyaka hafi cumi ari muri "coma" nyuma yo gukora (…)
Mu rwego rwo kubungabunga ubuzima, harimo no gukingiza umwana kuva akivuka kugeza ashoje inkingo zose yagenewe nk’imwe mu ngamba zo kumurinda zimwe mu ndwara z’ibyorezo zishobora kumwibasira nk’igihe yaba atarakingiwe.
Indwara z’ibyorezo mu Rwanda, si kenshi zivungwagukingiza abana inkingo zose bateganyirijwe bigabanya indwara z’ibyorezo nk’indwara y’Iseru, Mugiga indwara z’ubuhumekero n’izindi zibasira cyane cyane abana. Ababyeyi batandukanye twasanze ku Kigo Nderabuzima cya Remera (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















