Monday . 1 June 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Abanyamakuru b'abagore, Mufite inshingano mu Gutora ndetse no gutorwa-Irambona Liberate
Abanyamakuru b’abagore, Mufite inshingano mu Gutora ndetse no gutorwa-Irambona Liberate

Mu mbaraga umugore afite ,ashobora kugira uruhare rukomeye mu kubaka ndetse no guhindura umuryango nyarwanda, izi mbaraga ze rero nizo zikenewe gukoreshwa hiyongereyemo gutinyuka ndetse no gushira amanga yiteza imbere.
Ibi byagarutsweho n’umunyamabanga nshingwabikorwa muri komisiyo y’amatora bwana Charle Munyaneza, mu ijambo yagezaga ku bagore b’abanyamakuru bitabiriye amahugurwa yo kuri uyu wa 3 tariki ya 13 Kamena 2018.
Aya mahugurwa yateguwe n’inama nkuru yitangazamakuru (Media High (…)

424 Shares 4 Comments
Inama y'Abaminisitiri idasanzwe yemeje ingengo y'imari ya leta y'umwaka utaha ya miliyari 2443.5 Frw
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yemeje ingengo y’imari ya leta y’umwaka utaha ya miliyari 2443.5 Frw

Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Kamena 2018, yemeje ko Umushinga w’Itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2018/2019 ingana n’amafaranga y’u Rwanda 2,443,535,804,386
Iyi nama y’abaminisitiri idasanzwe yari iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Edouard, niyo yemeje iyo ngengo y’imari ya Leta nk’uko bigaragara mu itangazo yasohoye ku mugoroba.
Muri Mata 2018, nibwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyaruguru: Abitwaje intwaro gakondo n'imbunda basahuye abaturage baranabakomeretsa
Nyaruguru: Abitwaje intwaro gakondo n’imbunda basahuye abaturage baranabakomeretsa

Amabandi yitwaje intwaro gakondo hamwe n’imbunda, yateye abaturage bo mu Murenge wa Ngera mu Karere ka Nyaruguru mu ijoro ryakeye arabakomeretsa abatwara n’imitungo irimo amafaranga, televiziyo, inkweto n’ibindi.
Ubwo bugizi bwa nabi bwabaye ahagana saa tatu z’umugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 10 Kamena 2018 aho ayo mabandi yateye mu Gasanteri ka Cyamutumba gaherereye mu Kagari ka Mukuge mu Murenge wa Ngera mu Karere ka Nyaruguru.
Bamwe mu bakomerekejwe n’ayo mabandi barwariye mu bitaro (…)

424 Shares 4 Comments
Gukoresha ibiyobya bwenge mu buvuzi, byagira ingaruka kurusha icyo byakemura-MINISANTE
Gukoresha ibiyobya bwenge mu buvuzi, byagira ingaruka kurusha icyo byakemura-MINISANTE

Mu gihe usanga hari ibihugu bigenda bifungurira amarembo ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge ku bantu barwaye indwara zikomeye kandi zibabaza cyane, Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yo yagaragaje ko inyungu irimo ari nke ugereranyije n’ingaruka byagira ku mibereho myiza n’iterambere u Rwanda rushyize imbere.
Mu bihugu bitandukanye birimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, , usanga urumogi rufatwa nk’umuti wakwifashishwa mu kugabanya ububabare, kunanirwa kurya, ihungabana (post-traumatic stress (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umushumba mushya w'Abangilikani yasabwe kwimakaza imbere imibereho myiza y'abayoboke
Umushumba mushya w’Abangilikani yasabwe kwimakaza imbere imibereho myiza y’abayoboke

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yasabye umushumba mushya w’Itorero ry’Abangilikani mu Rwanda (EAR), Musenyeri Dr. Laurent Mbanda, guharanira guteza mbere imibereho myiza y’abayoboke yahawe kuyobora.
Yabitangaje kuri iki Cyumweru mu muhango wo kwimika Musenyeri Laurent Mbanda wahawe inkoni yo kuyobora EAR asimbuye Musenyeri Dr. Onesphore Rwaje.
Minisitiri w’Intebe Ngirente yashimiye Musenyeri Mbanda amwizeza ubufatanye bwa Guverinoma mu nshingano nshya yahawe.
Dr. Ngirente (…)

424 Shares 4 Comments
Umuryango FPR Inkotanyi watangiye gutora abazawuhagararira mu matora y'abadepite
Umuryango FPR Inkotanyi watangiye gutora abazawuhagararira mu matora y’abadepite

Umuryango wa FPR Inkotanyi ukomeje gushakisha abakandida bazawuhagararira mu matora y’abadepite ateganyijwe muri Nzeri 2018, kuri uyu wa Gatandatu yabereye ku rwego rw’akarere.
Hamwe mu ho IGIHE yakurikiranye aya matora mu Mujyi wa Kigali, yabonye abakandida 20 baturutse mu mirenge bivuga ibigwi n’icyo bazakora baramutse batowe, nyuma abanyamuryango barenga 700 bahitamo bane bazazamuka ku rwego rw’akarere.
Abo bane barimo abagore babiri n’abagabo babiri batowe bazashyikirizwa umuryango (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yabajijwe kuri Kayumba Nyamwasa n'itahuka rya Twaguramungu
Perezida Kagame yabajijwe kuri Kayumba Nyamwasa n’itahuka rya Twaguramungu

Perezida Kagame yatangaje ko u Rwanda rutigeze rwangira kwinjira mu gihugu Twagiramungu Faustin wigeze kuba Minisitiri w’Intebe ariko usigaye uba mu buhungiro mu Bubiligi, ahubwo ko ashaka kurwinjiramo yakwaka visa ahageze.
Mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na Jeune Afrique, yabajijwe kuri Kayumba Nyamwasa urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda ariko uba mu buhungiro muri Afurika y’Epfo, niba hadashobora kubaho ibiganiro n’iki gihugu ku kibazo cye.
Ni ikiganiro cyasohotse mu nimero 2996 aho (…)

424 Shares 4 Comments
Abapolisi 50 birukanywe bazira ruswa
Abapolisi 50 birukanywe bazira ruswa

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuva uyu mwaka watangira hamaze gusezererwa abapolisi basaga 50 bazira ibyaha bya ruswa, ishimangira ko kurwanya ruswa biri mu murongo igenderaho wo gutuma abaturage barushaho kuyigigira icyizere.
Ni mu kiganiro cyifashishije twitter cyatangirwagamo ubutumwa bwo kurwanya icyaha cya ruswa, uburyo bwo kucyirinda no kugikumira hamwe n’ingamba zashyizweho mu kurwanya ruswa, cyabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane.
Cyahuje Polisi y’u Rwanda, Urwego rw’Igihugu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Hon. Muhongayire yashimye Ingabo za RPF zahagaritse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994
Hon. Muhongayire yashimye Ingabo za RPF zahagaritse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994

Kuri uyu wa Kabiri tariki 5 Kamena 2018, Ubwo yari mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 24, abari abakirisitu, abanyeshuri n’abarezi b’ishuri ry’Itorero Eglise Evangelique Des Amis Au Rwanda, Depite Muhongayire Christine yavuze ko nta magambo aboneye yakoresha mu gushimira ubwitange n’imbaraga Ingabo zahoze ari iza RPA, mu guhagarika Jenoside ndetse n’uburyo Umuryango RPF Inkotanyi ukomeje kubaka u Rwanda nyuma y’amahano yarugwiririye.
Iki gikorwa cyo kwibuka abari abakirisitu b’Itorero (…)

424 Shares 4 Comments
Mushikiwabo ari mu rugendo rwo kuyobora OIF
Mushikiwabo ari mu rugendo rwo kuyobora OIF

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Louise Mushikiwabo, yatangiye urugendo rumuganisha ku kuyobora ubunyamabanga bw’Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bivuga Igifaransa (OIF).
Amatora y’Umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango ategerejwe mu Nteko Rusange yawo ya 17 izabera i Yerevan muri Armenia ku wa 11 na 12 Ukwakira 2018.
Mushikiwabo uherutse kwemezwa nk’umukandida na Perezida Kagame ndetse kandidatire ye igashyigikirwa na (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru