Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

SIDA ntikivugwa kuko Iyo abantu 100 bafashe imiti tuba turinze 60 kuyandura
SIDA ntikivugwa kuko Iyo abantu 100 bafashe imiti tuba turinze 60 kuyandura

Minisiteri y’ Ubuzima mu Rwanda yagaragaje impamvu zituma agakoko gatera SIDA katakivugwa cyane harimo no kuba Leta yaramaze kumenya ahakeneye imbaraga kurusha ahandi. Mu kiganiro n’ abanyamakuru cyakurikiye umuhango wo gufungura ku mugaragaro inama y’ abashashatsi kuri SIDA iteraniye I Kigali, Umukozi w’ Ishami rishinzwe kurwanya SIDA mu kigo cy’ Igihugu cy’ ubuzima RBC gishamikiye kuri Minisiteri y’ Ubuzima Dr Sabin NSANZIMANA yavuze ko impamvu SIDA itakivugwa cyane mu binyamakuru ari (…)

424 Shares 4 Comments
Uwari Meya w'akarere ka Huye Muzuka Eugene yeguye kumirimo ye
Uwari Meya w’akarere ka Huye Muzuka Eugene yeguye kumirimo ye

Uwari Mayor w’akarere ka Huye Muzuka Eugene na Mutwarasibo Cyprien wari umwungirije ushinzwe ubukungu ndetse na Niwemugeni Christine wari ushinzwe Imibereho myiza y’abaturage batakarijwe icyizere na Njyanama bakurwa kuri iyi myanya.
Perezida wa Njyanama y’akarere ka Huye Dr Jean Chrisostome Ngabitsinze Yabwiye Makuruki.rw ko Nyobozi y’aka karere yabatakarije icyizere kuko itarabashije gushyira mu bikorwa inama yagirwaga na Njyanama.
Yakomeje avuga ko bagiye kujyana imyanzuro mu ntara (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyaruguru: Antoine Bisizi wari Visi Meya ushinzwe ubukungu nawe yeegujwe, ni akahe karere gakurikiyeho mu kweguza abayobozi
Nyaruguru: Antoine Bisizi wari Visi Meya ushinzwe ubukungu nawe yeegujwe, ni akahe karere gakurikiyeho mu kweguza abayobozi

Inama Njyanama y’Akarere ka Nyaruguru yeguje Umuyobozi wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu muri ako karere, Bisizi Antoine, nyuma yo gukora isuzuma igasanga adatanga umusaruro wifuzwa.
Uyu muyobozi yegujwe ku mirimo ye ku wa 31 Gicurasi 2018 akurikiranye nk’uko Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Nyaruguru, Mungwakuzwe Yves, yabitangaje.
Yagize ati “Twateranye dusanga imikorereye ya Antoine Bisizi, itameze neza adatanga umusaruro mu iterambere ry’ubukungu. Ntabwo navuga ko ari (…)

424 Shares 4 Comments
Uwera Zamida uhagarariye abana avuga ko batanyuzwe n'ibisubizo bahawe, Bisa n'aho batabyumvaga
Uwera Zamida uhagarariye abana avuga ko batanyuzwe n’ibisubizo bahawe, Bisa n’aho batabyumvaga

Umwe mu bana bahagarariye abandi wari mu nama yabahuje n’Abadepite taliki 10 Gicurasi 2018 ngo bageze ku Nteko ibyo abana bifuza ko byazongerwa mu mushinga w’ingengo y’imari 2018-2019 yabwiye abanyamakuru ko muri rusange ibisubizo bahawe n’Abadepite bitabanyuze.
Uyu mwana witwa Uwera Zamida avuga ko bamwe mu bana babajije ibibazo bitandukanye bibaza impamvu hari ibintu bimwe bidashyirwamo ingengo y’imari ihagije kandi byafasha abana kugira ubuzima bwiza nko kugaburirwa ku ishuri, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Finance gender equality if you are truly...
Finance gender equality if you are truly...

Finance gender equality if you are truly committed to development in Africa’’WROS tell Donors

424 Shares 4 Comments
Undi mugore yongeye gutorerwa kuyobora Umujyi wa Kigali
Undi mugore yongeye gutorerwa kuyobora Umujyi wa Kigali

Rwakazina Marie Chantal yatorewe kuyobora Umujyi wa Kigali ku majwi 146 mu gihe Henriette Murekatete we bari bahanganye agize amajwi umunani.
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, niwe watangaje ko abajyanama batoye ari 154, Murekatete Henriette agira amajwi umunani angana na 5.2%, naho Rwakazina Marie Chantal agira 146 angana na 94.8%.
Rwakazina Marie Chantal w’imyaka 45, arubatse, afite abana babiri. Yavuze ko yishimiye icyizere yagiriwe n’uwamutanzeho umukandida, biganye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Francophonie Ntago irimo kuvuguruzanya Commonwealth-Louise Mushikiwabo
Francophonie Ntago irimo kuvuguruzanya Commonwealth-Louise Mushikiwabo

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Louise Mushikiwabo aravuga ko kuba u Rwanda ari igihugu gikoresha icyongereza cyane, none akaba agiye kwiyamamariza kuyobora umuryango w’ibihugu bivuga igifaransa nta kuvuguruzanya kurimo kuko ngo nta ntambara indimi zombi zirimo.
Minisitiri Mushikiwabo mu kiganiro na France 24. Mu kiganiro na France 24, Minisitiri Mushikiwabo yavuze ko u Rwanda ari umunyamuryango wa ‘Francophonie’ kuva mu 1970 kandi kuva icyo gihe rutigeze ruvamo.
Yagize ati “Nta (…)

424 Shares 4 Comments
Ethiopia:Perezida Kagame yakirankwe urugwiro na Minisitiri w'intebe
Ethiopia:Perezida Kagame yakirankwe urugwiro na Minisitiri w’intebe

Perezida Paul Kagame wagiriye uruzinduko rw’akazi muri Ethiopia yakiriwe kivandimwe na Misitiri w’Intebe w’iki gihugu, Dr Abiy Ahmed baza ni kugirana ibiganiro bigamije gukomeza imikoranire hagati y’ibihugu byombi.
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr Abiy Ahmed wakiriye mu buryo bwa kivandimwe Perezida Paul Kagame, baragirana ibiganiro bigamije gutsura ubutwererane hagati y’ibihugu byombi.
Perezida Kagame waherukaga kugirira uruzinduko muri Ethiopia mu mwaka ushize, yari yavuze ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Iraq: Djamila Boutoutao w'imyaka 29 n'umwe mu bagore 40 bagiye kwicwa bazira ko bashakanye n'abarwanyi ba ISIS
Iraq: Djamila Boutoutao w’imyaka 29 n’umwe mu bagore 40 bagiye kwicwa bazira ko bashakanye n’abarwanyi ba ISIS

Urukiko rwo muri Iraq rwakatiye igihano cy’urupfu abagore 40 nyuma yo ‘guhamwa n’icyaha’ cy’uko bashakanye n’abahoze ari abarwanyi b’umutwe wa Islamic State.
Abagore 40 ngo bakatiwe urwo gupfa kubera ko bashakanye n’abarwanyi ba ISIS Abenshi muri aba bagore ngo bavuye mu bindi bihugu birimo n’ibyo mu Burayi bajye gushakana n’abarwanyi ba Islamic State. Hari abavuga ko ibyo Iraq iri gukora ngo ari ukwihorera ku bwarwanyi ba ISIS bamaze imyaka itatu barigaruriye igice kinini cya Iraq (…)

424 Shares 4 Comments
Kugeza gahunda z'ubuzima ku baturage bose bishoboka-Perezida Kagame
Kugeza gahunda z’ubuzima ku baturage bose bishoboka-Perezida Kagame

Perezida Kagame yemeza ko kugeza gahunda z’ubuzima ku baturage bose bishoboka ku gihugu cyose n’ubushobozi cyaba gifite, kandi ibyabikoze birimo n’u Rwanda byabonye umusaruro ufatika.
Umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri uyu wa Mbere ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro Inama Rusange yiga ku buzima, ibera i Genève mu Busuwisi.
Uyu muhango wanitabiriwe na Perezida Alain Berset w’u Busuwisi, Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, Dr (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru