Monday . 1 June 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Bamwe mu banyamakuru ntimwita kubyo mubwira ababumva:Dr Kayumba Christopher
Bamwe mu banyamakuru ntimwita kubyo mubwira ababumva:Dr Kayumba Christopher

Abanyamakuru bakwiye kuba bazi abo babwira kandi bakamenya kubwira abakurikira ikinyamakuru bakorera aho ikibazo kiri aho cyaturutse nuko cyacyemuka aho kuvuga uko ikibazo kimeze gusa.
Ibyo babigarutsweho mu mahugurwa y’iminsi itanu arimo kubera mu karere ka kamonyi yateguwe na IWMF(International Women’s Media Fundation)hagamijwe guhindura imikorere idashimwa n’ababakurikira mu nkuru.
Ubu bumenyi burimo guhabwa abanyamakuru aho barebera hamwe imikorere yabo mugutangaza amakuru yabo (…)

424 Shares 4 Comments
Guhandura imvunja byatera ibindi bibazo -Meya Rwamurangwa
Guhandura imvunja byatera ibindi bibazo -Meya Rwamurangwa

Kuba hari umwanda ugaragara mu karere ka Gasabo, niyo ntandaro yo kuba hakiri indwara y’amavunja. ibi bikomoka mu myumvire y’abaturage cyane cyane mu mirenge y’inkengero y’umugi.
ibi byavugiwe mu kiganiro n’abanyamakuru, cyabaye kuri uyu wa kabiri tariki ya 5 kamena 2018, aho batanze urugero rwa umurenge wa Bumbogo aho bakomeza kwigisha kugira isuku, bakabigira umuco.
Umuyobozi wa karere ka Gasabo Rwamurangwa Steven yagize ati"nubwo bakanguriwe kugira isuku, guhandura amavunja, nabyo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ese umuntu wananiwe kuyobora ikigo cy'ishuli, azashobora kuyobora akarere
Ese umuntu wananiwe kuyobora ikigo cy’ishuli, azashobora kuyobora akarere

Umuturage witwa Ruzirabwoba uvuka mu karere ka Nyabihu yabajije Minisititi w’ Ubutegetsi bw’ Igihugu Francis Kaboneka niba Musabimana Odette azashobora kuyobora akarere ka Nyabihu yatorewe kuyobora by’ agateganyo kandi ikigo cy’ Ishuri cya REGA ADEPR kirimo abanyeshuri 600 yayoboraga cyaranenzwe na Minisiteri y’ Uburezi ubwo yagenzuraga ireme ry’ uburezi.
Ni mu kiganiro cyavugaga ku iyegura, iyeguzwa n’ iyirukanwa ry’ abayobozi b’ uturere rimaze iminsi hirya no hino mu gihugu cyatambutse (…)

424 Shares 4 Comments
Itorero intayoberana yateguye igitaramo cya akataraboneka-Amafoto
Itorero intayoberana yateguye igitaramo cya akataraboneka-Amafoto

Itorero intayoberana ryavutse tariki 19/7/2014 rikaba rimaze gukora ibikorwa byishi byimaka umuco nyarwanda harimo kwizihiza ibirori bitandukanye ndetse rikaba rimaze gukora ibitaramo 3 byimbaturamugabo, nyuma yo gushyira hanze indirimbo zakunzwe nabeshi ubu ryabateguriye igitaramo ryise Twambaye ikirezi.
Turi mu isi igizwe n’imigabane myinshi itandukanye, twe tukaba turi mu mugabane wa Afurika,.
Muri africa harimo u Rwanda, rufite umwihariko warwo utasanga ahandi, icyo kirezi twambaye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ntwari Biziyaremye Nathan wari Umuyobozi muri MHC yirukanwe, kubera amakosa akomeye yakoze mu kazi
Ntwari Biziyaremye Nathan wari Umuyobozi muri MHC yirukanwe, kubera amakosa akomeye yakoze mu kazi

Ntwari Biziyaremye Nathan wari Umuyobozi ushinzwe Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Ireme ry’ibitangazwa mu binyamakuru mu Nama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC) yirukanywe buru mu bakozi ba Leta kubera amakosa akomeye yakoze mu kazi nk’ uko byatangajwe mu myanzuro y’ inama y’ Inama idasanzwe y’ abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Kamena.
Uwo mwanzuro uvuga ko inama y’ abaminisitiri yemeje “ Iteka rya Minisitiri w’Intebe ryirukana burundu mu kazi Bwana NTWALI BAZIYAREMYE (…)

424 Shares 4 Comments
Rusizi:Umukobwa wiga muri Pirimeri atwite inda y'amezi 3 kubera ibihumbi ijana
Rusizi:Umukobwa wiga muri Pirimeri atwite inda y’amezi 3 kubera ibihumbi ijana

Umwana w’umukobwa wigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri abanza wo mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi kuri ubu atwite inda y’amezi atatu yatewe n’umusore wamushukishije igiceri cy’amafaranga ijana y’u Rwanda ,ubuyobozi bw’aka karere butangaza ko bugiye gufasha uyu mwana dore ko yanataye ishuri.
Uyu mwana twahinduriye amazina tukamwita "Claudine" avuga ko yatewe inda n’umusore w’imyaka 23 amushukishije igiceri cy’amafaranga ijana,yigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri abanza,ku kigo cya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Birashimishije kubona umubare w'ingagi zo mu Birunga wariyongereyeho 25%-Kagame Paul
Birashimishije kubona umubare w’ingagi zo mu Birunga wariyongereyeho 25%-Kagame Paul

Perezida Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu Birunga zikomeza nyuma yaho ibarura rigaragaje ko ziyongereyeho.
Ubushakashatsi bushya bwashyizwe ahagaragara bwerekanye ko imibare y’ingagi ziri mu Birunga kugeza muri Kamena 2016 zari 604 zivuye kuri 480 zabaruwe mu 2010.
Umuryango Dian Fossey Gorilla Fund wagize uruhare muri ubu bushakashatsi watangaje ko ikinyuranyo kiri hagati y’igihe ubushakashatsi bwarangiriye n’igihe (…)

424 Shares 4 Comments
Hakwiye kubakwa ubushobozi bw'abagore mu Nteko Ishinga Amategeko
Hakwiye kubakwa ubushobozi bw’abagore mu Nteko Ishinga Amategeko

Umuyobozi w’Ihuriro ry’Abagore bari mu Nteko Ishinga amategeko (FFRP), Depite Mutesi Anita, yanenze abakunze kwibaza ku musaruro w’abagore biganje mu mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda.
Abagore bari mu Nteko Ishinga Amategeko bangana na 64 % bahora babazwa umusaruro wabo nk’uko Depite Mutesi yabigarutseho mu nama nyunguranabitekerezo ku ruhare rw’imitwe ya politiki mu kwimakaza ihame ry’uburinganire mu matora, ku wa 1 Kamena 2018.
Yagize ati “Buri gihe abaza kudusura baba batubaza ngo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umunyamakuru wa RBA yagizwe Meya w'akarere ka Gicumbi By'agateganyo
Umunyamakuru wa RBA yagizwe Meya w’akarere ka Gicumbi By’agateganyo

Kamili Athanase usanzwe ari umunyamakuru mu Kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA, yagizwe Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Gicumbi, asimbuye Sewase Jean Claude nawe uheruka kwegura ku buyobozi bw’akarere atamaze n’icyumweru atowe kuri uwo mwanya.
Tariki ya 25 Gicurasi 2018 nibwo uwari Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi, Mudaheranwa Juvénal n’abamwungirije bose begujwe, nyuma y’iminsi itatu Njyanama iraterana itora Sewase Jean Claude ngo ayobore by’agateganyo.
Gusa nawe ku mugoroba wo ku (…)

424 Shares 4 Comments
Mu matora y'abadepite abagore bahagarariwe 30% mu rwego rwo kwimakaga ihame ry'uburinganire
Mu matora y’abadepite abagore bahagarariwe 30% mu rwego rwo kwimakaga ihame ry’uburinganire

Urwego rw’igihugu rushinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abagabo n’abagore (GMO) rwasabye imitwe ya politiki kuzubahiriza ihame ry’uburinganire mu matora y’abadepite azaba muri Nzeri 2018.
GMO yagiranye ibiganiro n’imitwe ya politike ku wa 31 Kamena 2018, ifite insanganyamatsiko igira iti “Uruhare rw’imitwe ya Politike mu kwimakaza ihame ry’uburinganire mu matora’.
Umuyobozi wa GMO, Rwabuhihi Rose, yagize ati “Twifuza ko abagore n’abagabo bose bazagira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru