Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Umwana yitaweho mu myaka ibanza y'ubuzima bwe kuva agisamwa bimufasha gukura neza-Madamu Jeannette Kagame
Umwana yitaweho mu myaka ibanza y’ubuzima bwe kuva agisamwa bimufasha gukura neza-Madamu Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko inzego zitandukanye zikwiye gufatanya mu gushaka ibisubizo by’ibibazo bibangamiye uburenganzira bw’abana, anasaba ko mu igenamigambi uturere dukora hakongerwamo gahunda mbonezamikurire y’abana bato.
Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Gatandatu mu birori byo kwizihiza umunsi wahariwe Umwana w’Umunyafurika, wahujwe n’umunsi mpuzamahanga wo kurwanya imirimo mibi ikoreshwa abana, byabereye mu Murenge wa Nemba mu Karere ka Gakenke.
Ni umunsi wari ufite (…)

424 Shares 4 Comments
Abagore bafitiwe ikizere na baturage mu kuyobora ariko baracyitinya
Abagore bafitiwe ikizere na baturage mu kuyobora ariko baracyitinya

Kuba hari abagore badahatanira imyanya ikomeye mu igihe cyo kwiyamaza suko abaturage batabagirira ikizere ngo batorwe ahubwo baritinya bakumva ko iyo myanya ikomeye atari iyabo bakayiharira abagabo.
Bamwe mu baturage ba karere ka gakenke mu murenge wa Rushashi bavuga ko bafitiye ikizere abagore kuku iyo umugore yiyamamaza umwumva nkumwizerwa igihe kinini abagore baba inyangamugayo ibyo bituma batorw riko bakitinya umwe mubaganiriye ni kinyamakuru mamaurwagasabo.rw Nyirahabimana mariya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
CHUB:Umuforomo yanze kuvura umurwayi ahita apfa
CHUB:Umuforomo yanze kuvura umurwayi ahita apfa

Umuforomo witwa Nyirarukundo Josiane wok u bitaro bya Kaminuza I Butare CHUB yirukanwe mu bitaro nyuma yo kwanga kwakira umurwayi wari usanywe na Ambilance ngo ntafite ubwisungane mu kwivuza.
Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba yemeje aya makuru mu kiganiro yagiranye na City Radio. Agira ati “Hari umuforomo wo ku bitaro by’ I Butare ntwamenye natwe muri iki gitondo ko yari yanze kwakira umurwayi wari uzanywe muri ambulance, avuga ko nta mituelle afite akamusubizayo, uwo muforomo rero (…)

424 Shares 4 Comments
Gakenke:kuba Abagore badashyigikirwa n'abagabo babo mu kwiyamamaza, bituma bakomeza kwitinya
Gakenke:kuba Abagore badashyigikirwa n’abagabo babo mu kwiyamamaza, bituma bakomeza kwitinya

Bamwe mu bagore bomu karere ka gakenke bavuga ko kuba badashyigikirwa n’abagabo babo mu kujya kwiyamariza imyanya ikomeye bituma bakomeza kwitinya kuko gushobora bihera murugo iyo umugabo atagushyigikiye ngo akubwire ko waba depite mwiza watora amategeko yarengera rubanda nawe uhora wumva utabishobora.
Uwase Claudine umuturage wa akarere ka Gakenke.
Uwase numwe mubaganiriye ni kinyamakuru, mamaurwagasabo.rw we vuga ko abagabo bakwiye gutinyura abagore babo, kujya mu myanya ya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Mukamukiga yagabiwe inka na Charles Butera, kubera kudatererana umwana utwite
Mukamukiga yagabiwe inka na Charles Butera, kubera kudatererana umwana utwite

Soeur Mukamukiga Marie de la Charité uyobora Groupe Scolaire Notre Dame de Lourde de Byimana cy’Abenebikira, giherereye mu Karere Ruhango yahawe inka na Charles Butera Sekuru w’ umukobwa yanze gutererana.
Bisanzwe bizwi ko mu mashuri y’abihayimana mu Rwanda, batihanganira na busa umunyeshuri w’umukobwa watewe inda kuko ahita yirukanwa burundu. Iyo bimenyekanye ko uwayimuteye ari umunyeshuri mugenzi we, na we arirukanwa burundu kuko iryo kosa rifatwa nk’ikizira kikaziririzwa mu mashuri (…)

424 Shares 4 Comments
Abaganga bo kubitaro bya Muhima, barashinjwa kurangarana umubyeyi wabyaye bigatuma umwana apfa
Abaganga bo kubitaro bya Muhima, barashinjwa kurangarana umubyeyi wabyaye bigatuma umwana apfa

Abaganga bo ku bitaro bya Muhima biherereye mu murenge wa Muhima, akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali barashyirwa mu majwi ko barangaranye umubyeyi waje kubyarira kuri ibi bitaro aza kubyara umwana wapfuye abaganga bafata umurambo bawuryamisha iruhande rwa nyina aho kuwujyana mu buruhukiro ‘Morge’
Ibi byabaye mu mpera z’iki Cyumweru aho uyu mubyeyi yageze kuri ibi bitaro kuwa Gatandatu nyuma aza kubagwa ku Cyumweru ariko ngo kubera uburangare bw’abaganga byaje kumuviramo kuba uwo yari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame Na Putin Bagaragaje Inyota Yo Kongera Umubano w'Ibihugu byombi
Perezida Kagame Na Putin Bagaragaje Inyota Yo Kongera Umubano w’Ibihugu byombi

Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, mu ngoro y’Umukuru w’iki gihugu, Klemlin, baganira ku mubano w’ibihugu byombi umaze imyaka 55 ndetse bagaragaza inyota yo kuwuteza imbere kurushaho.
Kuri uyu wa Gatatu Perezida Putin yagiranye ibiganiro n’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bageze i Moscow mu itangizwa ry’imikino y’igikombe cy’Isi 2018, iri bufungurwe kuri uyu wa Kane.
Ibiganiro bya Perezida Kagame na Putin byibanze ku mubano w’u Rwanda n’u Burusiya, (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida w'Urukiko Rukuru yahamagaje 'ahatazwi' abantu 4 bareganwa n'abo kwa Rwigara
Perezida w’Urukiko Rukuru yahamagaje ’ahatazwi’ abantu 4 bareganwa n’abo kwa Rwigara

Perezida w’Urukiko Rukuru yahamagaje mu rukiko abantu bane bareganwa na Diane na Adeline Rwigara ku byaha birimo guteza imvururu muri rubanda, ariko bitazwi aho baherereye, nk’uko byemejwe mu iburanisha ryabaye mu kwezi gushize.
Abo ni Mugenzi Thabita Gwiza, Mukangarambe Xaverine, Mushayija Edmond alias Sacyanwa na Jean Paul Turayishimiye, bose bari mu mahanga, hagakekwa igihugu barimo ariko nta myirondoro yuzuye igaragaza aho baherereye ngo bahamagazwe n’urukiko.
Mu itangazo yashyize (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abanyamakuru b'abagore, Mufite inshingano mu Gutora ndetse no gutorwa-Irambona Liberate
Abanyamakuru b’abagore, Mufite inshingano mu Gutora ndetse no gutorwa-Irambona Liberate

Mu mbaraga umugore afite ,ashobora kugira uruhare rukomeye mu kubaka ndetse no guhindura umuryango nyarwanda, izi mbaraga ze rero nizo zikenewe gukoreshwa hiyongereyemo gutinyuka ndetse no gushira amanga yiteza imbere.
Ibi byagarutsweho n’umunyamabanga nshingwabikorwa muri komisiyo y’amatora bwana Charle Munyaneza, mu ijambo yagezaga ku bagore b’abanyamakuru bitabiriye amahugurwa yo kuri uyu wa 3 tariki ya 13 Kamena 2018.
Aya mahugurwa yateguwe n’inama nkuru yitangazamakuru (Media High (…)

424 Shares 4 Comments
Inama y'Abaminisitiri idasanzwe yemeje ingengo y'imari ya leta y'umwaka utaha ya miliyari 2443.5 Frw
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yemeje ingengo y’imari ya leta y’umwaka utaha ya miliyari 2443.5 Frw

Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Kamena 2018, yemeje ko Umushinga w’Itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2018/2019 ingana n’amafaranga y’u Rwanda 2,443,535,804,386
Iyi nama y’abaminisitiri idasanzwe yari iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Edouard, niyo yemeje iyo ngengo y’imari ya Leta nk’uko bigaragara mu itangazo yasohoye ku mugoroba.
Muri Mata 2018, nibwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru