Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Polisi y’igihugu yagaragaje ko abantu bitwaje intwaro bongeye gutera mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa Nyabimata nabo baturutse I Burundi ndetse ngo ninaho basubiye.
Mu ijoro ryakeye ryo ku itariki 01 Nyakanga 2018 mu gihe cya saa 23H30 abagizi ba nabi bitwaje intwaro bateye mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Nyabimata, Akagari ka Ruhinga mu mudugudu wa Cyamuzi.
Polisi y’igihugu yemeje ko abo bagizi ba nabi bibye ibintu by’abaturage birimo amatungo n’ibiribwa, banarasa hejuru (…)
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Nyirasafari Espérance, yanenze inyigisho z’umuvugabutumwa wigisha avuga ko nta mugabo w’ingazwa uzajya mu ijuru, avuga ko nta wari ukwiye guterwa ipfunwe no kuba afasha umugore we kwita ku nshingano zo mu rugo.
Hari amashusho amaze iminsi ahererekanwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaramo umuvugabutumwa w’umugore ahagaze ku ruhimbi yigisha iteraniro ko nta mugabo w’ingazwa uzajya mu ijuru, agakomerwa amashyi y’urufaya hakumvikana n’abandi (…)
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (DGPR) Dr.Habineza Frank yabisabye muri Kongere ya Gatatu ya Green Party yateraniye mu Mujyi wa Kigali kuri uyu wa 23 Kamena 2018.
Yagize ati “Mubyumve ko amatora atoroshye kandi ibikorwa byo kwiyamamaza bizamara iminsi 19 kuko hari aho bisaba kurara. Twari twabivuze ko buri wese uzaba umukandida azagira ikintu yigomwa, ntabwo turi buvuge umubare w’amafaranga ariko buri wese yareba mu bushobozi bwe.
Mu kwiyamamaza harimo (…)
Perezida w’Umuryango uharanira inyungu z’abacitse ku icumu (IBUKA), Prof. Dusingizemungu Jean Pierre, yasabye ko hitabazwa amategeko ku magambo Umushumba wa Diyosize ya Kabgayi, Musenyeri Smaragde Mbonyintege, aherutse kuvuga ku ruhare rwa Kiliziya Gatolika mu mateka mabi y’u Rwanda.
Ku wa 02 Kamena 2018 ubwo hibukwaga Abatutsi biciwe i Kabgayi n’abahavanywe bakajya kwicirwa kuri Nyabarongo n’ahandi, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG), Dr (…)
Mu mudugudu wa Shyeyere akagari ka Kamatamu mu murenge wa Jabana akarere ka Gasabo ho mu Mujyi wa Kigali hari umugore witwa Nyiranzabonimpa Sylvie utuye mu nzu yahoze ari umusarane gusa ngo ubuyobozi bwari bwaramusezeranyije kumwubakira ariko ntibyakozwe.
Kuri uyu uyu mubyeyi aratakambira ubuyobozi ngo bumufashe kubona aho kuba ndetse ngo n’inka yari yaremerewe kuzahabwa muri girinka nayo ayihabwe Uyu mugore wabwiye ikinyamakuru Ukwezi.com ko afite imyaka 36 y’amavuko amaze igihe aba mu (…)
Nouakchott- Mauritania, 22nd June 2018 - If Africa was serious and committed to ending corruption then gender equality, women and girls’ empowerment would be significantly enhanced with meaningful impact.
The African Women’s Development and Communications Network (FEMNET), in a poignant address to the Africa Union Summit currently sitting in Nouakchott, Mauritania through a dynamic panel representing voices from across Africa, has emphasized the categorical need for Africa to pro-actively (…)
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari icyizere ko u Burundi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bizashyigikira kandidatire ya Louise Mushikiwabo ku kuyobora Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa.
Yabigarutseho mu kiganiro n’itangazamakuru ku byaranze umubano w’u Rwanda n’amahanga mu mezi atatu ashize, ku wa Gatanu tariki 22 Kamena 2018.
Muri (…)
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, n’umusitari mu biganiro bica ku ma televiziyo no mu mafilimi y’uruhererekane, Winfrey Oprah n’umwe mu bakire bakomeye muri Afurika, Aliko Dongote bazasura igihugu cya Kenya mu kwezi gutaha.
Barack Obama ufite inkomoko muri Kenya agiye gusura iki gihugu mu gihe hari gukinwa imikino y’igiombe cy’isi aho byitezwe ko azasura icyaro ababyeyi be bakomokamo.
Obama n’abamuherekeje bazagera muri Kenya kuwa 15 Nyakanga 2018, kuwa (…)
Pasiporo y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), ni umwe mu mishinga yari itegerejwe cyane n’abaturage b’u Rwanda, Uganda, Kenya, Tanzania, u Burundi na Sudani y’Epfo, nk’uzoroshya urujya n’uruza rw’abantu mu karere, gusa ushobora gushyingurwa utaratangira nk’uko bimwe mu bihugu byabyifuje.
Gutanga iyi Pasiporo ya EAC ni umwanzuro wemeranyijweho n’abakuru b’ibihugu bya EAC, yagombaga gusimbura isanzwe ikoreshwa muri buri gihugu kandi igatangira gutangwa muri Mutarama 2017 nubwo iyo (…)
Mu gihe urubyiruko rwize ubuhinzi rudafite akazi rugera ku 1150 ruri gukorana n’amakoperative y’ubuhinzi hirya no hino mu gihugu,aho bafasha abahinzi gukora kinyamwuga , bamwe muri 250 baje biyongeraho, batoranyijwe mu gihugu hose,mu ntangiriro z’uku kwezi, bahawe andi mahirwe yo kwimenyereza umwuga binyuze mu makoperative y’ubuhinzi n’ibigo bikora ibijyanye n’ubuhinzi.
uru rubyiruko rwahawe amafaranga y’u Rwanda angana na (50.000)yo kubafasha mu ngendo zoabo za buri munsi,baravuga ko aya (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















