Monday . 1 June 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Ubushakashatsi bwakozwe uyu mwaka,bwagaragaje ko hagati y'Umugabo n'umugore hari ubusumbane mu kazi ndetse n'imishahara
Ubushakashatsi bwakozwe uyu mwaka,bwagaragaje ko hagati y’Umugabo n’umugore hari ubusumbane mu kazi ndetse n’imishahara

Imibare mishya y’ubushakashatsi bw’ikigo k’igihugu k’ibarurishamibare bwitwa “Rwanda Labour Force Survey (LFS)” iragaragaza ikibazo cy’ubusumbane bukabije mu mirimo no ku mishahara hagati y’abogore n’abagabo.
Ubu bushakashatsi buragaragaza ko mu Rwanda hari abaturage hafi miliyoni zirindwi (6,903,839) bafite imyaka yo gukora, barimo abagore 3,670,664 n’abagabo 3,233,175.
Nubwo abagore bafite imyaka yo gukora aribo benshi ariko, abari ku isoko ry’umurimo nibo bake ugereranyije n’abagabo (…)

424 Shares 4 Comments
Mushikiwabo Louise ashyigikiwe na Afurika muri OIF
Mushikiwabo Louise ashyigikiwe na Afurika muri OIF

Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’ubumwe bwa Afrika, bashigikiye kandidatire y’u Rwanda yo kuyobora Umuryango mpuzamahanga uhuriweho n’ibihugu bivuga ururimi rw’Igifaransa, OIF, nk’uko amakuru ava mu ba diplomate yabibwiye ibiro ntaramakuru by’Ubufatransa AFP.
Mu nama ya 31 y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika yaberaga muri Mauritania,wari umwanya mwiza ku Rwanda n’umukandida warwo Louise Mushikiwabo wo gushaka amajwi kugira yo kuyobora umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyaruguru: yongeye guterwa n'abaturutse i Burundi
Nyaruguru: yongeye guterwa n’abaturutse i Burundi

Polisi y’igihugu yagaragaje ko abantu bitwaje intwaro bongeye gutera mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa Nyabimata nabo baturutse I Burundi ndetse ngo ninaho basubiye.
Mu ijoro ryakeye ryo ku itariki 01 Nyakanga 2018 mu gihe cya saa 23H30 abagizi ba nabi bitwaje intwaro bateye mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Nyabimata, Akagari ka Ruhinga mu mudugudu wa Cyamuzi.
Polisi y’igihugu yemeje ko abo bagizi ba nabi bibye ibintu by’abaturage birimo amatungo n’ibiribwa, banarasa hejuru (…)

424 Shares 4 Comments
Nyirasafari Espérance yanenze imvugo zisebya abagabo
Nyirasafari Espérance yanenze imvugo zisebya abagabo

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Nyirasafari Espérance, yanenze inyigisho z’umuvugabutumwa wigisha avuga ko nta mugabo w’ingazwa uzajya mu ijuru, avuga ko nta wari ukwiye guterwa ipfunwe no kuba afasha umugore we kwita ku nshingano zo mu rugo.
Hari amashusho amaze iminsi ahererekanwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaramo umuvugabutumwa w’umugore ahagaze ku ruhimbi yigisha iteraniro ko nta mugabo w’ingazwa uzajya mu ijuru, agakomerwa amashyi y’urufaya hakumvikana n’abandi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Mubyumve ko amatora atoroshye kandi ibikorwa byo kwiyamamaza bizamara iminsi 19-Dr.Habineza Frank
Mubyumve ko amatora atoroshye kandi ibikorwa byo kwiyamamaza bizamara iminsi 19-Dr.Habineza Frank

Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (DGPR) Dr.Habineza Frank yabisabye muri Kongere ya Gatatu ya Green Party yateraniye mu Mujyi wa Kigali kuri uyu wa 23 Kamena 2018.
Yagize ati “Mubyumve ko amatora atoroshye kandi ibikorwa byo kwiyamamaza bizamara iminsi 19 kuko hari aho bisaba kurara. Twari twabivuze ko buri wese uzaba umukandida azagira ikintu yigomwa, ntabwo turi buvuge umubare w’amafaranga ariko buri wese yareba mu bushobozi bwe.
Mu kwiyamamaza harimo (…)

424 Shares 4 Comments
Prof. Dusingizemungu yasabye ingufu z'amategeko ku magambo Musenyeri Mbonyintege aherutse kuvuga
Prof. Dusingizemungu yasabye ingufu z’amategeko ku magambo Musenyeri Mbonyintege aherutse kuvuga

Perezida w’Umuryango uharanira inyungu z’abacitse ku icumu (IBUKA), Prof. Dusingizemungu Jean Pierre, yasabye ko hitabazwa amategeko ku magambo Umushumba wa Diyosize ya Kabgayi, Musenyeri Smaragde Mbonyintege, aherutse kuvuga ku ruhare rwa Kiliziya Gatolika mu mateka mabi y’u Rwanda.
Ku wa 02 Kamena 2018 ubwo hibukwaga Abatutsi biciwe i Kabgayi n’abahavanywe bakajya kwicirwa kuri Nyabarongo n’ahandi, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG), Dr (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: Umugore uba mu nzu yahoze ari umusarane aratakambira ubuyobozi
Kigali: Umugore uba mu nzu yahoze ari umusarane aratakambira ubuyobozi

Mu mudugudu wa Shyeyere akagari ka Kamatamu mu murenge wa Jabana akarere ka Gasabo ho mu Mujyi wa Kigali hari umugore witwa Nyiranzabonimpa Sylvie utuye mu nzu yahoze ari umusarane gusa ngo ubuyobozi bwari bwaramusezeranyije kumwubakira ariko ntibyakozwe.
Kuri uyu uyu mubyeyi aratakambira ubuyobozi ngo bumufashe kubona aho kuba ndetse ngo n’inka yari yaremerewe kuzahabwa muri girinka nayo ayihabwe Uyu mugore wabwiye ikinyamakuru Ukwezi.com ko afite imyaka 36 y’amavuko amaze igihe aba mu (…)

424 Shares 4 Comments
Get serious about fighting corruption ” FEMNET tells the African Union
Get serious about fighting corruption ” FEMNET tells the African Union

Nouakchott- Mauritania, 22nd June 2018 - If Africa was serious and committed to ending corruption then gender equality, women and girls’ empowerment would be significantly enhanced with meaningful impact.
The African Women’s Development and Communications Network (FEMNET), in a poignant address to the Africa Union Summit currently sitting in Nouakchott, Mauritania through a dynamic panel representing voices from across Africa, has emphasized the categorical need for Africa to pro-actively (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rwizeye amajwi y'uBurundi na RDC ko bizashyigikira kandidatire ya Louise Mushikiwabo mu matora ya OIF
U Rwanda rwizeye amajwi y’uBurundi na RDC ko bizashyigikira kandidatire ya Louise Mushikiwabo mu matora ya OIF

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari icyizere ko u Burundi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bizashyigikira kandidatire ya Louise Mushikiwabo ku kuyobora Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa.
Yabigarutseho mu kiganiro n’itangazamakuru ku byaranze umubano w’u Rwanda n’amahanga mu mezi atatu ashize, ku wa Gatanu tariki 22 Kamena 2018.
Muri (…)

424 Shares 4 Comments
Barack Obama, Oprah na Aliko Dongote bazarebera imikino ya nyuma y'igikombe cy'isi
Barack Obama, Oprah na Aliko Dongote bazarebera imikino ya nyuma y’igikombe cy’isi

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, n’umusitari mu biganiro bica ku ma televiziyo no mu mafilimi y’uruhererekane, Winfrey Oprah n’umwe mu bakire bakomeye muri Afurika, Aliko Dongote bazasura igihugu cya Kenya mu kwezi gutaha.
Barack Obama ufite inkomoko muri Kenya agiye gusura iki gihugu mu gihe hari gukinwa imikino y’igiombe cy’isi aho byitezwe ko azasura icyaro ababyeyi be bakomokamo.
Obama n’abamuherekeje bazagera muri Kenya kuwa 15 Nyakanga 2018, kuwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru