Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 19 Gicurasi 2018, i Kabuga mu mujyi wa Kigali, umupolisi yarashe umumotari ahita apfa, Polisi ikaba ivuga ko uyu mumotari yabanje kwiruka ahunga nyuma akanarwanya umupolisi. CP Theos Badege, umuvugizi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, avuga ko uyu mupolisi yakoze amakosa yo kutubahiriza amategeko yo mu muhanda, umupolisi aramuhagarika amusaba ibyangombwa undi arabibura hanyuma umupolisi amukura kuri moto amwambika amapingu, hanyuma ngo (…)
Umuhanda Kigali-Gicumbi-Gatuna wari umaze iminsi utemerewe kunyurwamo n’amakamyo nyuma yo gusenywa n’imvura hagasigara igice gito cy’umuhanda byatumye polisi isaba ko imodoka nini zajya zitwara ibintu bijya cyangwa biva Uganda ko bakoresha umuhanda wa Kigali-Kagitumba cyangwa bakanyura ku Cyanika.
Polisi y’U Rwanda ibinyujije kuri Twitter yavuze ko umuhanda Gatuna –Kigali mu murenge wa Cyumba, akagari ka Rwankojo ,ari nyabagendwa ku modoka zose ndetse n’amakamyo.
Ni nyuma yaho hari (…)
Abagore n’urubyiruko barasabwa kubyaza umusaruro ibikoresho bahawe bikarushaho kubafasha kwiteza imbere bityo bakagabanya umubare w’abantu badafite akazi. Ibi abagore n’urubyiruko bose hamwe basaga 206 babisabwe ubwo bahabwaga ibikoresho (toolkits) nyuma yuko barangije amashuri y’imyuga itandukanye.
Iyinama yateranye mu karere ka Gakenke mu murenge wa Gakenke mu kagari ka Buheta ho mu mudugudu wa Karorero, y’ashishikarije abagore batuye mu aka karere kwitabira amatora y’abadepite (…)
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard arasaba ababyeyi bo mu karere ka Nyabihu, kurandura burundu ikibazo cy’imirire mibi ndetse n’igwingira mu bana.
Mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe ho mu Karere ka Nyabihu, kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Gicurasi 2018, niho Minisitiri w’Intebe yatangirije ubukangura mbaga bwo kurandura ikibazo cy’igwingira mu bana bato mu Rwanda. Akaba yibutsa ababyeyi ko ingaruka ziterwa n’imirire mibi zigaruka mu muryango n’igihugu muri rusange.
Agira ati (…)
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yahakanye amakuru amaze iminsi avuga ko ifite gahunda yo gukuraho ibizami bya leta bisoza amashuri abanza n’ayisumbuye, ivuga ko ibyo Minisitiri wa MINEDUC yavuze byumvikanye uko bitari. Ku wa Mbere tariki 14 Gicurasi 2019, nibwo Minisitiri w’Uburezi Dr. Eugene Mutimura yari imbere y’inteko ishinga amategeko asobanura ibijyanye n’ingengo y’imari na gahunda y’uburezi mu Rwanda mu gihe cy’imyaka ibiri iri imbere.
Ubwo yaganiraga n’abadepite bamubaza ibibazo (…)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame agiye gusubira mu Bufaransa aho azitabira inama ya Viva Tech (Viva Technology) yiga ku kuzamura ikoranabuhanga kuri uyu mubumbe dutuye.
Inama Mpuzamahanga ya Viva Tech itegeganijwe kubera mu Murwa mukuru w’Ubufaransa I Paris, aho mu bashyitsi bakuru bazitabira iyi nama harimo na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame.
Iyi nama ya Viva Tech yitabirwa n’abayobozi bakomeye mu nzego za Leta, mu bigo by’Ikoranabuhanga, Abashoramari,,,,muri uyu mwaka (…)
Ubu bushakashatsi bwakozwebugamije kurebera hamwe uko ihohoterwa rikorerwa abana n’urubyiruko rihagaze mu Rwanda, Bugaragaza ko abahungu bakorerwa iryo ku mubiri cyane kurusha abana babakobwa. Irishingiye ku mu biri, ku bana babahungu riri ku kigero cya 59.5 ku ijana naho mu gihe babakobwa riri kuri 37.2 ku ijana.
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara ku wa 17 Gicurasi 2018, bwakorewe ku bana bari hagati y’imyaka 13 na 24 basaga 2214, biganjemo abanyeshuri (97%), barimo abakobwa 1182 (…)
Urubyiruko rwafashijwe kwiga na Imbuto foundation rwishyize hamwe rutegura ibikorwa byo gufasha abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye harimo no kuruha ubutumwa rubicishije mu bishushanyo.
Uru rubyiruko rwibumbiye mu muryango witwa Edified Generation Rwanda rwatangije iki gikorwa ku mugaragaro kuri uyu wa gatatu tariki ya 16/5/2018.
Ni igikorwa bagitangirije mu ishuri ryisumbuye rya Kagarama riherereye mu karere ka Kicukiro.
Valens Ntirenganya umuyobozi Edified Generation Rwanda avuga ko (…)
Ngo iki kibazo ntikizakemuka igihe abaturage bataboneje imbyaro, Ngo kubona inkono utekamo ufite abana 8 ngo ntibishoboka, *Abanyamadini bashuka abaturage ngo babyare buzure isi, batunzwe urutoki. *Mu cyumweru cy’ubukangurambaga ku buzima bazakingira abana, bafashe abagore kuboneza imbyaro…
Rubavu – Kuri uyu wa mbere Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Nyirasafari Esperance ari kumwe n’uw’Ubuzima Dr Diane Gashumba, basabye abatuye Rubavu kuboneza urubyaro bakirinda (…)
Umuhanzi Kizito Mihigo uregwa ibyaha birimo kugambanira igihugu yari yitabye urukiko rw’ikirenga ku bujurire bwe bw’igifungo cy’imyaka 10 yakatiwe ariko urukiko rwemeje ko uru rubanza rugomba kuburanywa muri Kanama kubera impamvu z’abo bareganwa muri dosiye imwe.
Kuri uyu wa mbere, tariki ya 14 Gicurasi 2018, Kizito Mihigo yitabye urukiko rw’Ikirenga ngo aburanishwe ku bujurire bwe arajuririra igifungo cy’imyaka 10 yakatiwe muri Gashyantare 2015..
Umuhanzi Kizito Mihigo na bagenzi be (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















