Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Gicurasi 2018, abayobozi, abakozi n’inshuti za Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, MINAGRI, n’ikigo gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga kiyishamikiyeho, NAEB, bibutse ku nshuro ya 24 abari abakozi b’iyi Minisiteri n’ibigo byose byari biyishamikiyeho basaga 700 bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Mbere yo gutangira igikorwa nyiri izina, abakitabiriye babanje gusura ingoro y’amatega y’urugamba rwo kubohora igihugu iri mu nteko (…)
Mu karere ka Kayonza mu murenge wa Ndego akagari ka Byimana, mu mudugudu wa Kabeza, hari umuhinzi mworozi wiyemeje kubera bagenzi be urugero.
Twasanze uyu mubyeyi ari mu rutoki rwe rwa kijyambere ruri kubuso bungana na hegitari 2 aho akorera ubwo buhinzi bwa kijyambere mu rwero rwo gutubura igihigwa k’insina.
Yanadutembereje kandi aho ahinga ubutunguru buri ku buso bungana na Hegita 1, ubona ko abuhinga kijyambere kandi umusaruro ukaba mwinshi gusa ngo afite imbogamizi zaho imodoka (…)
Mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 19 Gicurasi 2018, i Kabuga mu mujyi wa Kigali, umupolisi yarashe umumotari ahita apfa, Polisi ikaba ivuga ko uyu mumotari yabanje kwiruka ahunga nyuma akanarwanya umupolisi. CP Theos Badege, umuvugizi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, avuga ko uyu mupolisi yakoze amakosa yo kutubahiriza amategeko yo mu muhanda, umupolisi aramuhagarika amusaba ibyangombwa undi arabibura hanyuma umupolisi amukura kuri moto amwambika amapingu, hanyuma ngo (…)
Umuhanda Kigali-Gicumbi-Gatuna wari umaze iminsi utemerewe kunyurwamo n’amakamyo nyuma yo gusenywa n’imvura hagasigara igice gito cy’umuhanda byatumye polisi isaba ko imodoka nini zajya zitwara ibintu bijya cyangwa biva Uganda ko bakoresha umuhanda wa Kigali-Kagitumba cyangwa bakanyura ku Cyanika.
Polisi y’U Rwanda ibinyujije kuri Twitter yavuze ko umuhanda Gatuna –Kigali mu murenge wa Cyumba, akagari ka Rwankojo ,ari nyabagendwa ku modoka zose ndetse n’amakamyo.
Ni nyuma yaho hari (…)
Abagore n’urubyiruko barasabwa kubyaza umusaruro ibikoresho bahawe bikarushaho kubafasha kwiteza imbere bityo bakagabanya umubare w’abantu badafite akazi. Ibi abagore n’urubyiruko bose hamwe basaga 206 babisabwe ubwo bahabwaga ibikoresho (toolkits) nyuma yuko barangije amashuri y’imyuga itandukanye.
Iyinama yateranye mu karere ka Gakenke mu murenge wa Gakenke mu kagari ka Buheta ho mu mudugudu wa Karorero, y’ashishikarije abagore batuye mu aka karere kwitabira amatora y’abadepite (…)
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard arasaba ababyeyi bo mu karere ka Nyabihu, kurandura burundu ikibazo cy’imirire mibi ndetse n’igwingira mu bana.
Mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe ho mu Karere ka Nyabihu, kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Gicurasi 2018, niho Minisitiri w’Intebe yatangirije ubukangura mbaga bwo kurandura ikibazo cy’igwingira mu bana bato mu Rwanda. Akaba yibutsa ababyeyi ko ingaruka ziterwa n’imirire mibi zigaruka mu muryango n’igihugu muri rusange.
Agira ati (…)
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yahakanye amakuru amaze iminsi avuga ko ifite gahunda yo gukuraho ibizami bya leta bisoza amashuri abanza n’ayisumbuye, ivuga ko ibyo Minisitiri wa MINEDUC yavuze byumvikanye uko bitari. Ku wa Mbere tariki 14 Gicurasi 2019, nibwo Minisitiri w’Uburezi Dr. Eugene Mutimura yari imbere y’inteko ishinga amategeko asobanura ibijyanye n’ingengo y’imari na gahunda y’uburezi mu Rwanda mu gihe cy’imyaka ibiri iri imbere.
Ubwo yaganiraga n’abadepite bamubaza ibibazo (…)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame agiye gusubira mu Bufaransa aho azitabira inama ya Viva Tech (Viva Technology) yiga ku kuzamura ikoranabuhanga kuri uyu mubumbe dutuye.
Inama Mpuzamahanga ya Viva Tech itegeganijwe kubera mu Murwa mukuru w’Ubufaransa I Paris, aho mu bashyitsi bakuru bazitabira iyi nama harimo na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame.
Iyi nama ya Viva Tech yitabirwa n’abayobozi bakomeye mu nzego za Leta, mu bigo by’Ikoranabuhanga, Abashoramari,,,,muri uyu mwaka (…)
Ubu bushakashatsi bwakozwebugamije kurebera hamwe uko ihohoterwa rikorerwa abana n’urubyiruko rihagaze mu Rwanda, Bugaragaza ko abahungu bakorerwa iryo ku mubiri cyane kurusha abana babakobwa. Irishingiye ku mu biri, ku bana babahungu riri ku kigero cya 59.5 ku ijana naho mu gihe babakobwa riri kuri 37.2 ku ijana.
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara ku wa 17 Gicurasi 2018, bwakorewe ku bana bari hagati y’imyaka 13 na 24 basaga 2214, biganjemo abanyeshuri (97%), barimo abakobwa 1182 (…)
Urubyiruko rwafashijwe kwiga na Imbuto foundation rwishyize hamwe rutegura ibikorwa byo gufasha abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye harimo no kuruha ubutumwa rubicishije mu bishushanyo.
Uru rubyiruko rwibumbiye mu muryango witwa Edified Generation Rwanda rwatangije iki gikorwa ku mugaragaro kuri uyu wa gatatu tariki ya 16/5/2018.
Ni igikorwa bagitangirije mu ishuri ryisumbuye rya Kagarama riherereye mu karere ka Kicukiro.
Valens Ntirenganya umuyobozi Edified Generation Rwanda avuga ko (…)
Umusirikare wa FARDC yarashe mu Rwanda
29 August 2024
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















