Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Amajyaruguru – Mu murenge wa Kisaro Akarere ka Rulindo umusirikare witwa Janvier Nsengimana arashinjwa kwica umugore we kuwa mbere w’iki cyumweru maze agahita ahunga ubutabera.
Uyu musirikare uri gushakishwa, asanzwe abarizwa muri imwe muri Batayo zikorera mu karere ka Musanze nk’uko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kisaro yabitangarije Umuseke.
Bamwe mu baturage muri aka gace babwiye Umuseke ko uyu Nsengimana yishe umugore we Akimana Claudine amukase umutwe.
Jeanette (…)
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, Mushikiwabo Louise, yaje ku mwanya wa gatanu ku rutonde rw’Abanyafurika 50 bavuga rikumvikana.
Uru rutonde ngarukamwaka rukorwa na Jeune Afrique rugaragaraho abayobozi mu myanya itandukanye, ba rwiyemezamirimo, abaharanira uburenganzira bwa muntu, abahanzi n’abakinnyi.
Iki kinyamakuru kivuga ko bitari byoroshye gutoranya abantu 50 mu basaga miliyari imwe batuye mu bihugu 54 bya Afurika, kimwe mu (…)
Icyiciro cya 6 cy’abapolisi bakuru 28 baturuka mu bihugu 8 bya Afurika biga iby’ub’ubuyobozi mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda (National Police College (NPC) riri mu karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru, kuri uyu wa mbere tariki ya 7 Gicurasi batangiye urugendo shuri mu gihugu hagati, rukaba rugamije kubongerera ubumenyi, bagahuza ibyo bize mu ishuri n’ukuri kw’ibikorerwa aho bazakorera akazi kabo.
Ibihugu aba bapolisi baturukamo ni Ethiopia, Kenya, Namibia, South Sudan, Sudan, (…)
Kaminuza iherereye mu gihugu cya Zambiya yasabye abakobwa bose biga muri iyi kaminuza ko uzahirahira yambara impenure ‘Mini’ nta kabuza azasohorwa muri iyi kaminuza.
Ibi bije nyuma yaho abahungu biga muri iyi kaminuza batangarije ubuyobozi ko imyambarire y’abakobwa bahiga ibacumuza, aho usanga biga badatuje bitewe n’ibyo baba babona imbere yabo.
Iyi kaminuza iherereye mu murwa mukuru wa Lusaka uyinjiyemo ngo usanganirwa n’amatangazo agaragaza ko kiziri kikaziririzwa kwambara impenure (…)
Perezida Paul Kagame yavuze ko ikoranabuhanga rigomba kwifashishwa nk’uburyo butuma ibindi bikorwa abantu bakeneye bishoboka, hagamijwe no gukemura ibibazo abaturage bahura nabyo mu buzima bwa buri munsi.
Perezida Kagame yabigarutseho ku munsi wa mbere wo gutangiza Transform Africa Summit 2018, yitabiriwe n’abagera ku 4000 baturutse mu bihugu bisaga 80 byo mu mpande zitandukanye z’Isi.
Ubwo yari ahawe umwanya ngo agire icyo avuga ku musozo w’ikiganiro cyagarukaga ku buryo bwo kubaka (…)
Itangazamakuru ni umwe mu myuga ikomeye ifatiye igihugu akamaro kandi igirwamo uruhare n’abantu b’ingeri zose, gusa mu Rwanda hari ikibazo cy’uko ubwitabire bw’abagore muri ubu butegetsi bwa kane bukiri hasi ugereranyije n’abagabo.
Imibare igaragaza ko abagore bakora umwuga w’itangazamakuru mu Rwanda ari bake ugereranyije n’abagabo, dore ko mu banyamakuru 800 bafite ikarita y’uyu mwuga itangwa n’Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura, RMC, abagore ari 198 nubwo bitabujije ko hashobora kuba hari (…)
Ayinkamiye Florentine umwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi avuga ko abangamiwe n’inzu yubakiwe kuko inkuta zayo zasataguritse, akaba afite impungenge ko ishobora kuzasenyuka burundu.
Uyu mubyeyi avuga ko iyi nzu yayubakiwe na TIG bakoresheje amatafari atajyamo amazi mu mwaka wa 2009 ariko ngo yatangiye kwangirika ku buryo hari n’igihe agira ngo iramugwaho.
Ati “ Inzu iri kwangirika kiriya gihande cyo hirya hari n’igihe imvura igwa tukagira ngo igiye kutugwaho urabona hano no (…)
Perezida Paul Kagame yashimangiye ko kugira ngo Afurika igere ku bukungu bwihuse, ikeneye umurongo mugari wa internet, ubasha kugerwaho n’abatuye uyu mugabane kandi ku giciro kijyanye n’ubushobozi bwa buri umwe.
Perezida Kagame yabigarutseho ubwo kuri uyu wa Mbere yayoboraga inama ya Komisiyo y’Umurongo Mugari wa internet hagamijwe Iterambere Rirambye, ibereye mu Rwanda ku nshuro ya mbere guhera mu 2011.
Iyi nama yitabiriwe na Carlos Slim ufatanyije na Perezida Kagame kuyobora iyi (…)
Kuri uyu wa gatanu Komisiyo y’Abakozi ba Leta yatangaje ubushakashatsi ku micungire n’imiyoborere y’abakozi mu nzego za Leta bugamije kugaragaza impamvu abamategeko agenga abakozi hari abatayubahiriza. Ngo ni nyuma y’uko iyi ibonye ko ubujurire bufite ishingiro bukomeza kwiyongera bikagaragaza ko amategeko agenga abakozi akomeza kwicwa kandi bihombya igihugu.
Komisiyo y’abakozi ba Leta itangaza ko buri mwaka yakira ubujurire bw’abakozi batanyuzwe n’ibyemezo baba bafatiwe n’ababashinzwe (…)
Ubuyobozi bwa Radiyo ‘Ijwi rya Amerika’ buranenga cyane Leta y’u Burundi yafashe icyemezo cyo kuyihagarikira ibikorwa byo gutara amakuru byakorwaga ku butaka bwayo ndetse no guhagarika umurongo yahumvikaniragaho.
Itangazo rihagarika ibikorwa bya Rariyo Ijwi rya Amerika,BBC, RFI, isanganiro,… ryasohowe ku wa Gatanu tariki ya 4 Gicurasi 2018, rivuga ko izi radiyo zihagarikiwe ibikorwa zakoreraga ku butaka bw’u Burundi kuva itariki ya 7 Gicurasi, zikaba zazakomorerwa nyuma y’amezi atandatu. (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















