Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Bamwe mu mpuguke z’ikoranabuhanga bavuga ko iyo ugiye ku mbuga za internetye usanga ibyanditsweho byinshi usanga bivuga ku bagabo gusa, babaye indashyikirwa ariko abagore bakoze ibintu bikomeye kandi bizwi,ugasanga ntibanditswe , nta makuru abavugaho ahari, ahubwo ugasanga ibyinshi bivuga ku bagore biba bivuga ibintu bibi bakoze, inkuru zibasebya cyangwa se zinabatesha agaciro, mu gucyemura iki kibazo , ambasade ya Swede mu Rwanda , ifatanije n’izindi nzego zigamije guteza imbere umugore , (…)
Senateri Nyagahura Marguerite yatorewe kuyobora Ishami ry’u Rwanda ry’Ihuriro ry’inteko zishinga amategeko mu Muryango w’ibihugu bivuga Icyongereza (Commonwealth Parliamentary Association).
Ni amatora yabaye kuri uyu wa Gatanu mu Nteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, aho abatowe basimbuye abari bamaze manda y’imyaka ibiri n’igice.
Iri huriro rifite inshingano zo guteza imbere umubano w’inteko zishinga amategeko mu bihugu bigize Commonwealth; guteza imbere amahame y’uyu muryango (…)
Abahagarariye u Rwanda, Indonesia na Norvège, mu Muryango w’Abibumbye bagiranye ibiganiro bigamije kureba icyakorwa mu kongera ubwitabire bw’abagore mu butumwa bwo kubungabunga no kugarura amahoro mu bihugu bitandukanye.
Ibi biganiro byabaye ku wa 3 Gicurasi 2018 ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye i New York, byiga ku ngamba zashyirwaho kugira ngo intego igerweho ya Loni yo kongera umubare w’abasirikare b’abagore nibura ho 15% na 20% b’ababapolisi nibura bitarenze mu 2018.
Mu ijambo (…)
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko afite ibintu byinshi byo gukora ku buryo atabashije kubona umwanya wo kujya kugurira impano umugore we Melania Trump wujuje imyaka 48 ku wa kane.
Mu kiganiro na Fox News binyuze kuri telefoni, Trump yabajijwe impano yahaye umugore we ku munsi w’amavuko, asubiza agira ati “ Ibyiza ni uko ntakwinjira muri ibi bintu kuko bishobora kunshyira mu kaga. Birashoboka ko nta kintu gihambaye namuhaye.”
Yakomeje avuga ko yamuhaye (…)
Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA), Rwanyindo Kayirangwa Fanfan yabwiye Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko ko ikemezo cyo kugabanya imyaka y’abajyaga mu kiruhuko k’izabukuru ikaba imyaka 55 ivuye kuri 65 ari ingingo igiye kuganirwaho.
Ibyo Minisitiri Rwanyindo yabivugiye mu Nteko rusange y’Umutwe w’Abadepite ejo hashize ku wa Mbere tariki 5 Werurwe 2018, ubwo yagezaga ku badepite ibirebana n’umushinga w’Itegeko ngenga rigenga umurimo mu Rwanda.
Yavuze ko kugabanya iyi (…)
Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melody uri mu bahanzi barimo guhatanira irushanwa rikomeye mu Rwanda ryitwa Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya 8 yavuze ko yiteguye kuzakora ibishoboka byose agatwara igihembo nyamukuru gitangwa muri iri rushanwa.
Bruce Melody yavuze ko ubu yatangiye imyiteguro yo kuzajya ataramira abantu neza mu bitaramo bazajya bajyamo ngo kandi ayigeze kure.
Agra ati “Ubu ndashaka igikombe kandi imyiteguro y’uko nzajya ntaramira abantu nyigeze kure”.
Uyu (…)
Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA) cyasabye ko imodoka zishaje zikumirwa mu gihugu, izipakira ibintu biremereye nazo zinyura mu mijyi zigashakirwa indi mihanda mu kugabanya umwuka wanduye no kurinda ingaruka wagira ku baturage.
Kuri uyu wa 2 Gicurasi 2018, REMA yamuritse ubushakashatsi yakoze hagamijwe kureba iby’ingenzi bitera ihumana ry’umwuka n’iyangirika ry’ikirere.
Ubushakashastsi bwagaragaje ko ibintu biza ku isonga mu guhumanya umwuka uhumekwa mu Rwanda harimo (…)
Abari bazwi nk’abazunguzayi bakoreraga mu mihanda ya nyabugogo bemeza ko nyuma yo guhabwa amasoko yo gukoreramo bamaze gutera imbere binyuze munguzanyo bahabwa.
kuri uyu wakabiri tariki ya 1 Gicurasi 2018 ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahari umurumo, abitwaga abazunguzayi ndetse n’abandi bakora imirimo itanditse, muri nyarugenge bavuze ko ubu bishimira ko Leta yabahaye aho gukorera.
Leta ifatanyije na sendika yabo Sytrieci yabavanye mu muhanda kubera ko bahuriragamo (…)
Minisiteri y’Uburezi imaze kugera kuri byinshi mu rwego rwo kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda kandi no kunzego zose ariko haracyari imbogamizi zigaragara kugira ngo ireme ryifuzwa rigerweho.
Ikiciro cya mbere cy’Ubukangurambaga bugamije guteza imbere Ireme ry’Uburezi bwakozwe mu kwezi kwa Gashyantare 2018 mu gihugu hose, bwagaragaje ibibazo bikeneye kwitabwaho by’umwihariko.
Muri urwo rwego, MINEDUC ifatanije na Minisiteri y’Ingabo muri gahunda yayo kwegereye Abaturage (RDF Citizen (…)
Eman El-Deeb yemeye guhunga igihugu cye cy’amavuko cya Misiri mu rwego rwo kurengera umusatsi yabonaga n’atava muri iki gihugu bazakomeza kumurwanya bakaba banawumukuraho cyangwa bakamugira igicibwa.
Umukobwa w’imyaka 26 y’amavuko gusa, Eman El-Deeb yahunze igihugu cye muri 2016 nyuma yo kuba yarifuzaga kugira imisatsi nk’iy’Abanyaburayi kandi mu Misiri baka barabifataga nk’icyaha.
Nyuma yo kuva mu Misiri akajya gutura muri Espagne, yishimiye cyane uko abayeho kuko abona ibyo akora byose (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















