Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Impuzamiryango Pro-Femme Twese Hamwe yamaganye ubwicanyi bwakorewe umubyeyi witwa Muhaweniman Beatrice wo mu ntara y’Iburasirazuba wishwe n’ umugabo we akamucagaguramo ibice akajya kumujugunya mu rufunzo nyuma y’iminsi ibiri abitse umurambo we mu nzu.
Ibinyujije mu itanagazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa 30 Mata 2018 Pro- Femme Twese Hamwe yasabye abanyarwanda kwirinda amakimbirane mu ngo ariyo kenshi aba intandaro y’ubwicanyi, inasaba abaturanyi b’imiryango ibanye nabi kujya batanga (…)
Uwahoze ari Perezida wa Liberia, Ellen Johnson Sirleaf, agiye kwifashisha miliyoni eshanu z’amadolari yegukanye mu gihembo cya Mo Ibrahim, mu gushyiraho ikigo kigamije guteza imbere abagore.
Mu cyumweru gishize nibwo Sirleaf yakoze amateka yo kuba umugore wa mbere ushyikirijwe igihembo gitangwa n’umuherwe w’Umunya- Sudani Mo Ibrahim, kikagenerwa umuyobozi ujya ku butegetsi atowe n’abaturage akavaho ku bushake, mu rwego rwo gukangurira abayobozi kuva ku butegetsi neza.
Sirleaf w’imyaka (…)
Nkuko dusanzwe tubagezaho inkuru zitandukanye, uyu munsi twabahitiyemo kubereka urutonde rw’abagore 10 [ Abafasha] b’abaperezida beza kandi bafite uburanga buhebuje muri Afurika.
1. Princess Salma Bennani
Princess Lalla Salma niwe mugore uza ku mwanya wa mbere mu bafasha b’abaperezida beza kurusha abandi kubera inseko ye n’indoro nziza cyane,kwambara akaberwa kurusha abandi ndetse n’umutima mwiza agirira abantu bose no kwicisha bugufi kuri rubanda.akaba yarabanye na King Mohammed VI, mu (…)
Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 11 Mata 2018.
2. Inama y’Abaminisitiri yemeje ubutaka bwegurirwa Minisiteri y’Ingabo.
3. Inama y’Abaminisitiri yemeje Imbanzirizamushinga y’Ingengo y’Imari y’igihe giciriritse (Budget Framework Paper) hamwe n’imibare y’ikigereranyo cy’Ingengo y’Imari ya (…)
Abagize umuryango sevota (Solidarité pour l’Épanouissement des Veuves et des Orphelins visant le Travail et l’Autopromotion L’Association)”, W’abagore bafashwe kungufu n’abana bavutse muruko gufatwa , ndetse n’Abagabo babashatse nyuma yo gusambankwa, bo mu murenge wa Gatore, mu karere ka Kirehe, basuye igicumbi cy’Intwari z’u Rwanda ndetse n’urwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi.
Bamwe mu bagize uyu muryango wa SEVOTA/ABATANGAMAHORO bavuga ko bumvaga amateka y’Intwari z’U Rwanda ariko (…)
Umuyobozi w’Ishyaka UDPS ritavuga rumwe na Leta ya Repubulika Iharania Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko nta biganiro ashobora kugirana na Perezida Joseph Kabila ku birebana no kuba Minisitiri w’Intebe.
Mu nama rusange n’abarwanashyaka yabaye kuri uyu wa Kabiri mu Mujyi wa Kinshasa, Tshisekedi yanyomoje ibihuha byavugaga ko ashaka kugirwa Minisitiri w’Intebe.
Yagize ati “Nta biganiro bihari ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe. Ishyaka ryantoreye kuba umukandida ku mwanya (…)
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda uri mu ruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahuye n’umuyobozi w’Umujyi wa Chicago, Emmanuel Rahm baganira ku ngingo nyinshi harimo n’iyo kurengera ibidukikije.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yitabiriye ibiganiro mbarankuru bivuga ku Rwanda mu mujyi wa Chicago.
Abinyujije ku rukuta rwa Twitter, Emmanuel Rahm yavuze ko yishimiye guhura na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame kandi ko ibyo baganiriye birimo no guteza imbere ibidukikije ari (…)
Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwafashe umwanzuro wo kwambura Radio Amazing Grace icyangombwa cyo gukora nk’ikigo cy’isakazamakuru mu Rwanda.
Uyu mwanzuro wafashwe kuri uyu wa 24 Mata 2018 nyuma y’aho iyi radio inaniwe kubahiriza umwanzuro wa RURA wakurikiraga ibihano yafatiwe muri Mutarama 2018 kubera ikiganiro cyanyujijweho cyanenzwe kutubahiriza amahame agenga umwuga w’itangazamakuru.
Itangazo RURA yasohoye kuri uyu wa 24 Mata 2018 rigira riti “Urwego Ngenzuramikorere, RURA, uyu munsi (…)
Urwego rushinzwe iyubahirizwa ry’ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu Rwanda (GMO) rutangaza ko hakiri icyuho hagati y’abagabo n’abagore mu myanya imwe n’imwe y’ubuyobozi, aho usanga ifatwa nk’aho hari iyahariwe abagore cyangwa abagabo, rugasaba abantu cyane cyane abagore kwitinyuka bakagaragara mu myanya yose, kuko bigira uruhare mu iterambere ryabo n’iry’igihugu.
Byagarutseho uyu munsi mu nama nyunguranabitekerezo GMO na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), bagiranye n’abahagarariye (…)
Vanessa Bahati, Umunyarwandakazi w’imyaka 27, yashinze irerero ry’abana bafite ubumuga bwo kutabona, yise Jordan Foundation.
Bahati avuga ko yazanye igitekerezo cyo kwita ku bana bafite ubumuga bwo kutabona, kuko umwana we wa kane mu bo yabyaye, yavukanye icyo kibazo.
Yegereye inzego za Leta zimufasha kubona abana bafite ubumuga bwo kutabona, atoranyamo abagera kuri makumyabiri, ashyiramo n’uwe Jordan ari nawe yitiriye ikigo Jordan Foundation.
Abo bana yahisemo kubafashiriza iwe mu (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















