Monday . 1 June 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

MINEDUC IGIYE GUTANGIRA ICYICIRO CYA 2 CY'UBUKANGURAMBAGA BUGAMIJE GUTEZA IMBERE IREME RY'UBUREZI, GUHERA ITARIKI YA GICURASI 2-15, 2018
MINEDUC IGIYE GUTANGIRA ICYICIRO CYA 2 CY’UBUKANGURAMBAGA BUGAMIJE GUTEZA IMBERE IREME RY’UBUREZI, GUHERA ITARIKI YA GICURASI 2-15, 2018

Minisiteri y’Uburezi imaze kugera kuri byinshi mu rwego rwo kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda kandi no kunzego zose ariko haracyari imbogamizi zigaragara kugira ngo ireme ryifuzwa rigerweho.
Ikiciro cya mbere cy’Ubukangurambaga bugamije guteza imbere Ireme ry’Uburezi bwakozwe mu kwezi kwa Gashyantare 2018 mu gihugu hose, bwagaragaje ibibazo bikeneye kwitabwaho by’umwihariko.
Muri urwo rwego, MINEDUC ifatanije na Minisiteri y’Ingabo muri gahunda yayo kwegereye Abaturage (RDF Citizen (…)

424 Shares 4 Comments
Egypt: Eman yahunze igihugu kubera ibice by'umubiriwe
Egypt: Eman yahunze igihugu kubera ibice by’umubiriwe

Eman El-Deeb yemeye guhunga igihugu cye cy’amavuko cya Misiri mu rwego rwo kurengera umusatsi yabonaga n’atava muri iki gihugu bazakomeza kumurwanya bakaba banawumukuraho cyangwa bakamugira igicibwa.
Umukobwa w’imyaka 26 y’amavuko gusa, Eman El-Deeb yahunze igihugu cye muri 2016 nyuma yo kuba yarifuzaga kugira imisatsi nk’iy’Abanyaburayi kandi mu Misiri baka barabifataga nk’icyaha.
Nyuma yo kuva mu Misiri akajya gutura muri Espagne, yishimiye cyane uko abayeho kuko abona ibyo akora byose (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Impuzamiryango Pro-Femme Twese Hamwe yamaganiye kure ubwicanyi bukorerwa abagore
Impuzamiryango Pro-Femme Twese Hamwe yamaganiye kure ubwicanyi bukorerwa abagore

Impuzamiryango Pro-Femme Twese Hamwe yamaganye ubwicanyi bwakorewe umubyeyi witwa Muhaweniman Beatrice wo mu ntara y’Iburasirazuba wishwe n’ umugabo we akamucagaguramo ibice akajya kumujugunya mu rufunzo nyuma y’iminsi ibiri abitse umurambo we mu nzu.
Ibinyujije mu itanagazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa 30 Mata 2018 Pro- Femme Twese Hamwe yasabye abanyarwanda kwirinda amakimbirane mu ngo ariyo kenshi aba intandaro y’ubwicanyi, inasaba abaturanyi b’imiryango ibanye nabi kujya batanga (…)

424 Shares 4 Comments
Sirleaf agiye yafashe miliyoni 5$ zo guteza imbere abagore
Sirleaf agiye yafashe miliyoni 5$ zo guteza imbere abagore

Uwahoze ari Perezida wa Liberia, Ellen Johnson Sirleaf, agiye kwifashisha miliyoni eshanu z’amadolari yegukanye mu gihembo cya Mo Ibrahim, mu gushyiraho ikigo kigamije guteza imbere abagore.
Mu cyumweru gishize nibwo Sirleaf yakoze amateka yo kuba umugore wa mbere ushyikirijwe igihembo gitangwa n’umuherwe w’Umunya- Sudani Mo Ibrahim, kikagenerwa umuyobozi ujya ku butegetsi atowe n’abaturage akavaho ku bushake, mu rwego rwo gukangurira abayobozi kuva ku butegetsi neza.
Sirleaf w’imyaka (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Reba amafoto y'Abagore 10 B'abaperezida Bafite Uburanga Buhebuje Muri Afurika
Reba amafoto y’Abagore 10 B’abaperezida Bafite Uburanga Buhebuje Muri Afurika

Nkuko dusanzwe tubagezaho inkuru zitandukanye, uyu munsi twabahitiyemo kubereka urutonde rw’abagore 10 [ Abafasha] b’abaperezida beza kandi bafite uburanga buhebuje muri Afurika.
1. Princess Salma Bennani
Princess Lalla Salma niwe mugore uza ku mwanya wa mbere mu bafasha b’abaperezida beza kurusha abandi kubera inseko ye n’indoro nziza cyane,kwambara akaberwa kurusha abandi ndetse n’umutima mwiza agirira abantu bose no kwicisha bugufi kuri rubanda.akaba yarabanye na King Mohammed VI, mu (…)

424 Shares 4 Comments
Itangazo ry'Ibyemezo by'inama y'Abaminisitiri
Itangazo ry’Ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri

Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 11 Mata 2018.
2. Inama y’Abaminisitiri yemeje ubutaka bwegurirwa Minisiteri y’Ingabo.
3. Inama y’Abaminisitiri yemeje Imbanzirizamushinga y’Ingengo y’Imari y’igihe giciriritse (Budget Framework Paper) hamwe n’imibare y’ikigereranyo cy’Ingengo y’Imari ya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abagize umuryango SEVOTA bo mu karere ka Kirehe basuye igicumbi cy'Intwari n'urwibutso rwa Genoside rwa Gisozi
Abagize umuryango SEVOTA bo mu karere ka Kirehe basuye igicumbi cy’Intwari n’urwibutso rwa Genoside rwa Gisozi

Abagize umuryango sevota (Solidarité pour l’Épanouissement des Veuves et des Orphelins visant le Travail et l’Autopromotion L’Association)”, W’abagore bafashwe kungufu n’abana bavutse muruko gufatwa , ndetse n’Abagabo babashatse nyuma yo gusambankwa, bo mu murenge wa Gatore, mu karere ka Kirehe, basuye igicumbi cy’Intwari z’u Rwanda ndetse n’urwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi.
Bamwe mu bagize uyu muryango wa SEVOTA/ABATANGAMAHORO bavuga ko bumvaga amateka y’Intwari z’U Rwanda ariko (…)

424 Shares 4 Comments
RDC:Félix Tshisekedi ngo ntashaka muba Minisitiri w'intebe
RDC:Félix Tshisekedi ngo ntashaka muba Minisitiri w’intebe

Umuyobozi w’Ishyaka UDPS ritavuga rumwe na Leta ya Repubulika Iharania Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko nta biganiro ashobora kugirana na Perezida Joseph Kabila ku birebana no kuba Minisitiri w’Intebe.
Mu nama rusange n’abarwanashyaka yabaye kuri uyu wa Kabiri mu Mujyi wa Kinshasa, Tshisekedi yanyomoje ibihuha byavugaga ko ashaka kugirwa Minisitiri w’Intebe.
Yagize ati “Nta biganiro bihari ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe. Ishyaka ryantoreye kuba umukandida ku mwanya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emmanuel Rahm
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emmanuel Rahm

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda uri mu ruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahuye n’umuyobozi w’Umujyi wa Chicago, Emmanuel Rahm baganira ku ngingo nyinshi harimo n’iyo kurengera ibidukikije.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yitabiriye ibiganiro mbarankuru bivuga ku Rwanda mu mujyi wa Chicago.
Abinyujije ku rukuta rwa Twitter, Emmanuel Rahm yavuze ko yishimiye guhura na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame kandi ko ibyo baganiriye birimo no guteza imbere ibidukikije ari (…)

424 Shares 4 Comments
Radio Amazing Grace yavugiraga ku 105.1 yahagaritswe burundu
Radio Amazing Grace yavugiraga ku 105.1 yahagaritswe burundu

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwafashe umwanzuro wo kwambura Radio Amazing Grace icyangombwa cyo gukora nk’ikigo cy’isakazamakuru mu Rwanda.
Uyu mwanzuro wafashwe kuri uyu wa 24 Mata 2018 nyuma y’aho iyi radio inaniwe kubahiriza umwanzuro wa RURA wakurikiraga ibihano yafatiwe muri Mutarama 2018 kubera ikiganiro cyanyujijweho cyanenzwe kutubahiriza amahame agenga umwuga w’itangazamakuru.
Itangazo RURA yasohoye kuri uyu wa 24 Mata 2018 rigira riti “Urwego Ngenzuramikorere, RURA, uyu munsi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru