Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Ngoma: Mukantabana arishimira ibyo yagezeho kubera RPF Inkotanyi
Ngoma: Mukantabana arishimira ibyo yagezeho kubera RPF Inkotanyi

Ni mu masaha y’igicamunsi dusanze Madamu Mukantabana Annonciatha ari mu iduka rye aho akora ibyjyanye no kwambika abageni no kubategurira ahabera ibirori.
Ni mu marembo neza y’ibiro by’Akarere ka Ngoma mu Murenge wa Kibungo, Akagari ka Cyasemakamba, Umudugudu wa Kabeza ni umubyeyi ukuze ubona ko yifitiye icyizere, yemeye kuganira n’umunyamakuru wa Panorama, ku rugendo rw’imyaka 30 amaze mu Muryango RPF Inkotanyi.
Avuga ko yamenye RPF Inkotanyi igitangira mu mwaka 1987 aho yari mu (…)

424 Shares 4 Comments
“Ibyo twagezeho tubikesha imiyoborere myiza y'Umuryango FPR –Inkotanyi”
“Ibyo twagezeho tubikesha imiyoborere myiza y’Umuryango FPR –Inkotanyi”

Mu gihe Umuryango FPR Inkotanyi wizihiza isabukuru y’imyaka 30 umaze ushinzwe, abanyamuryango bawo bishimira ko ibyo bagezeho babikesha imiyoborere myiza.
Uwamahoro Mary ni umunyamuryango wa FPR Inkotanyi, akora umurimo wo kuboha uduseke n’indi mitako. Atuye mu murenge wa Gatsata, Akagari ka Nyamabuye.
Avuga ko ibyo yagezeho abikesha Umuryango FPR Inkotanyi, kuko mu myaka 23 amaze azi uyu muryango, byamuhaye ishusho yo kubaho neza, kuko FPR yahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi, itanga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Hitezwe impinduka mu itangazamakuru ku ihame ry'Uburinganire
Hitezwe impinduka mu itangazamakuru ku ihame ry’Uburinganire

Itangazamakuru ni urwego rukunze kuvugwamo kutubahiriza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye. Ibi bivugwa kubera ko inkuru n’ibiganiro bikomeye ndetse n’imyanya mu itangazamakuru usanga byiharirwa n’abagabo kurusha abagore.
Iki kibazo cyatumye Ihuriro ry’abagore bakora umwuga w’itangazamakuru (WMP: Women in Media Platform) rihuriza hamwe abayobozi b’ibitangazamakuru kugira ngo bungurane ibitekerezo mu kwimakaza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abagore n’abagabo mu (…)

424 Shares 4 Comments
“Gukora kinyamwuga bikwiye kuranga abanyamakuru kugira ngo ubutumwa batambutsa bufashe rubanda”
“Gukora kinyamwuga bikwiye kuranga abanyamakuru kugira ngo ubutumwa batambutsa bufashe rubanda”

Ibi byagarutweho n’abagore bakora umwuga w’itangangazamakuru bahuriye muryango nyarwanda w’abagore bakora itangazamakuru (ARFEM), ubwo bari mu masomo y’ikarishyabwenge bamazemo iminsi ibiri.
Iri huriro ry’abagore basanga gukora bitari kinyamwuga bitesha agaciro akazi k’itangazamakuru mu gihe abaturage n’abakurikira itangazamakuru bazi ko icyavuzwe mu gitangazamakuru aba ari ukuri.
Ibi birasaba ko abakora umwuga w’itangazamakuru bitwararika bakirinda guteshuka ku mahame y’umwuga, aho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gatsibo: Inteko z'abaturage zifite uruhare runini mu mibereho myiza yabo
Gatsibo: Inteko z’abaturage zifite uruhare runini mu mibereho myiza yabo

Abaturage bo mu kagari ka Gihuta, Umurenge wa Rugarama, mu karere ka Gatsibo, barashima uruhare Inteko z’abaturage zifite mu gukemura ibibazo by’abaturage ndetse zikabagira inama z’uburyo bakwiriye kubana neza, no kwirinda amakimbirane atandukanye. Baravuga ko byatumye imanza bamwe muri abo baturage bajyanaga mu nzego z’ubutabera nko mu Bunzi no mu nkiko zigabanyuka.
Nk’uko tubikesha Polisi y’u Rwanda, ibi babitangaje ku itariki ya 20 Gashyantare 2018, ubwo bari mu Nteko rusange (…)

424 Shares 4 Comments
Korea ya ruguru yahagaritse igeragezwa ry'intwaro za kirimbuzi
Korea ya ruguru yahagaritse igeragezwa ry’intwaro za kirimbuzi

Korea ya ruguru yafashe umwanzuro wo guhagarika ikorwa ndetse n’igeragezwa ry’intwaro za kirimbuzi kuko yamaze kumenya ubushobozi bw’intwaro zayo.

424 Shares 4 Comments
feature-top
Uru Rwanda rwagize ibyago byo kuyoborwa n'abategetsi batagira umutima wa kimuntu- Hon. Mukabalisa
Uru Rwanda rwagize ibyago byo kuyoborwa n’abategetsi batagira umutima wa kimuntu- Hon. Mukabalisa

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko/Umutwe w’Abadepite, Hon. Mukabalisa Donatille, avuga ko kuba jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yarabaye, byaturutse ku kuba u Rwanda rwarategetswe n’abayobozi batagiraga umutima wa kimuntu.

424 Shares 4 Comments
Umwamikazi w'Ubwongereza Elizabeth II akeneye umusimbura ku buyobozi bwa Commonwealth
Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II akeneye umusimbura ku buyobozi bwa Commonwealth

Umwamikazi w’Ubwami bw’Abongereza Elizabeth II umaze igihe kinini ayobora uyu muryango wa Commonwealth, arasaba ko yasimbuzwa na Charles Igikomangoma cyo muri Wales.

424 Shares 4 Comments
feature-top
Tanzania: Abangavu 5913 batwaye inda zitateganijwe mu mezi atatu gusa
Tanzania: Abangavu 5913 batwaye inda zitateganijwe mu mezi atatu gusa

Mu gihe cy’amezi atatu gusa abakobwa basanga ibihumbi bitanu batwaye inda zitateganijwe benshi muri bo bitatesha ishuri abandi birabadindiza

424 Shares 4 Comments
Ibintu 10 utazi kuri Commonwealth ije i Kigali
Ibintu 10 utazi kuri Commonwealth ije i Kigali

Abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’Ibihugu bivuga ururimi rw’Icyongereza ‘Commonwealth’ bihereranye bemeza u Rwanda nk’igihugu kizakira inama itaha y’uyu muryango.

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru