Kapiteni wa Argentina yongeye kuyobora ikipe ye mu rugendo rwo guhatanira igikombe cya kabiri gikurikiranye, Lionel Messi yongeye kwandika amateka nyuma yo gufasha ikipe y’igihugu ya Argentina kugera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ni intambwe ikomeye ku mukinnyi w’imyaka 39 ukomeje kwerekana ko afite impano idasanzwe.
Mu mukino wa 1/2 wahuje Argentina n’Ubwongereza, Messi yagaragaje ubuhanga bwe, afasha bagenzi be kugenzura umukino no kugera ku ntsinzi yabahesheje itike yo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Mukura Victory Sports yakuyeho agahigo k’ikipe ya APR FC yari ifite, ko gukina imikino 50 idatsindwa, iyikubita igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 6 wa primus National league.
Ni umukino w’ikirarane wari wasubitswe ejo hashize tariki ya 31 Mutarama 2022 ku munota wa 45’ w’igice cya mbere, wabereye kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo bitewe n’imvura nyinshi yari yaguye.
Ku isaha ya saa 15h00’ kuri sitade ya Kigali, hongeye gukinwa iminota 45’ (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki kugira ngo irushanwa ry’amagare, Tour du Rwanda 2022 ritangire ku nshuro ya 14, Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa Ku magare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko Erithrea itazitabira bitewe nuko abakinnyi bayo batikingije Covid-19 bityo ikaba yasimbujwe indi kipe.
Mu itangazo ryanyujijwe ku rukuta rwa twitter ya " Tour du Rwanda" kuri uyu wa Gatanu tariki 28 Mutarama 2022, byemeje ko iKipe ya Erithrea uyu mwaka (…)
Nyuma y’amasaha macye Perezida akaba na Nyiri ikipe ya Gasogi United, uzwi nka KNC atangaje ko akuye ikipe ye muri Shampiyona y’u Rwanda kubera icyo yise "Umwanda" uri mu Ishyirahamwe FERWAFA", kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko yisubiyeho kuko byari bitewe n’uburakari no kutishimira ibyavuye mu mu mukino wabahuje na Rayon Sport.
Ni nyuma gato y’umukino wabaye kuri uyu wa kane i Kigali, wahuje Gasogi United na Rayon Sports, Gasogi itsindwa igitego 1-0.
Usibye n’ibindi bibazo yari amaze (…)
Hari hashyize igihe kingana n’ukwezi kurenga abafana bakumiriwe ku bibuga bitewe n’ubwiyongere bw’icyorezo cya Covid-19 none kuri ubu bakomorewe, barabyinira mu rukoma.
Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Mutarama 2022, yemeje ko ibikorwa bya siporo y’umuntu ku giti cye n’izikorerwa hanze abantu bategeranye bizakomeza ndetse n’abafana bakemererwa kureba imikino kuri sitade.
Minisitiri ya (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abantu bagera ku 8 biravugwa ko baguye mu muvundo abandi barakomereka nyuma yaho ikipe y’Igihugu ya Cameroun isezereye ibirwa bya Comores mu mukino wa 1/8 mu gikombe cya Afurika kuri stade Olembe i younde muri Cameroon mu mikino wabaye mu ijoro ryashyize.
Nkuko tubikesha namwe mu mashusho yafashwe agaragaza uburyo abafana babyiganaga bashaka kwinjira muri stade ya Olembe , bikomeje kuvugwa ko hari abahasize ubuzima abandi barakomereka cyane .
Muri (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’igihugu cya Nigeria bakunze kwita Kagoma Ziirenze "Super Eagles", ifite ibikombe bya Afurika bitatu ndetse kuri iyi nshuro yahabwaga amahirwe yo kuzatwara iki gikombe, yasezerewe itarenze umutaru nyuma yo gutsindwa na Tunisie igitego 1-0.
Umukino wabaye kuri iki cy’umweru tariki ya 23 Mutarama 2022 Saa 23h00’ kuri stade yitwa Garoua muri Cameroun ahari kubera Amarushanwa Nyafurika, AFCON 2021, aho mu gice cya Mbere amakipe yombi yasatiranye (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Algérie yatashye nta mu mukino n’umwe itsinze, usibye kuba yaranganyije umukino umwe kandi ari yo kipe ifite igikombe cya Afurika giheruka muri 2019. Ni nyuma yo gusuzugurwa na Cote D’Ivoire ikaha akanozangendo k’ibitego 3-1 ku mukino wa nyuma, i Duala muri Cameroon ahari kubera Amarushanwa Nyafurika CAN cyangwa AFCON 2021.
Iyi Kipe y’igihugu cya Algérie yari ifite inota rimwe ku mwanya wa nyuma, aho byibuze yasabwaga gutsinda Cote D’Ivoire (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mike Mutebi wahoze atoza ikipe ya KCCA yo muri Uganda ni we wagizwe umutoza mushya wa AS Kigali akazaba yungirijwe na Jackson Mayanja mu gihe kingana n’imyaka ibiri.
Ku gicamusi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 19 Mutarama 2022, ku kibuga cya Bugesera ubwo iyi Kipe y’abanyamujyi yakinaga na Bugesera umunsi wa 13 wa shampiyona berekanye abatoza bashya bagomba kuyifasha mu mikino isigaye.
Ubusanzwe Jimmy Mulisa niwe wari wasigaranye inshingano zo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku munsi wa 12 wa shampiyona y’u Rwanda, Rayon Sports inganyije na Musanze FC 0-0 mu gihe Rutsiro ikuye amanota atatu i Kigali.
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 15 Mutarama 2022, hasubukuwe imikino ya shampiyona aho amakipe y’ibigugu atunguwe n’amakipe yo mu ntara.
Ikipe ya Musanze fc ikoze amateka i Kigali aho ihakuye inota rimwe nyuma yo kugwa miswi na Rayon sports bakunze gutazira Gikundiro; ni umukino watangiranye imbaraga ku mpande zombi gusa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Calude
Ikipe ya Musanze fc iranyomoza amakuru avuga ko bahawe ibyamirenge kugira ngo bazatsinde Rayon sports, umutoza wungirije akemeza ko ayo makuru ari amahimbano.
Mu gihe Musanze fc ikomeje kwitegura umukino bafitanye na Rayon sports w’umunsi wa 12 wa shampiyona y’u Rwanda, hari amakuru avugwa ko iyi kipe ibarizwa mu Ntara y’Amajyaruguru y’u Rwanda yashyiriweho amafaranga menshi kugira ngo izatsindire Rayon sports mu Mujyi wa Kigali.
Nk’uko yabitangarije (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















