Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’uko Perezida wa FERWAFA Shema Ngonga Fabrice yari yatangaje ko hazatangwa igikombe kimwe kuri Al Hilal SC, ikipe yo mu Rwanda yaje imbere igahabwa amafaranga gusa, abantu bibazaga uko bizagenda, kuko byari bitandukanye n’ibyatangajwe mbere.
Urwego Rushinzwe gutegura shampiyona, Rwanda Premier League, rwatangaje ko hazatagwa ibikombe bibiri.
Ikipe yo muri Sudani izasoreza ku mwanya wa mbere muri BK Pro League y’uyu mwaka izahabwa igikombe (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya AS Kigali yatakaje umukino ubanza w’ijonjora rya Caf Confederation Cup itsindiwe mu rugo, i Kigali, n’Ikipe ya Daring Club Motema Pembe (DCMP) yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Kuri iki cy’umweru kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo nibwo habereye umukino wa Caf confederation cup aho As Kigali yakiriye Daring club Motema Pembe ndetse iyi kipe ikaba yitwaye neza kuko yabanje ibitego bibiri mu gice cya mbere.
Iyi kipe wabonaga yihariye (…)
Ndayambaje Jean Claude
Aganes Tirop wigeze kubica bigacika mu gusiganwa ku maguru (Marathon) akaba yaramenyekanye ubwo yigeze kwiruka metero ibihumbi ( 10) ku isi, yasanzwe iwe mu rugo yishwe n’abantu bataramenyekana.
Uyu Mugore waciye agahigo mu gusiganwa ku ntera ndende ku maguru yanikiye bagenzi be ubwo yari ahagarariye igihugu cya Kenya, ibintu bitari byarigeze kubaho muri iki gihugu, yatabarutse ku myaka 25 y’amavuko.
Inkuru y’urufu rwe yamenyekanye kuri uyu wa Gatatu (…)
Ndayambaje Jean Claude
Visi perezida wa Kabiri muri Volley Bagirishya Jean De dieu, uzwi nka Jado Castar amaze gukatirwa igifungo cy’imyaka 2 nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gukoresha inyandiko mpimbano.
Jado Castar yatawe muri yombi ku wa 20 Nzeri 2021, akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’iperereza ku cyatumye Ikipe y’Igihugu mu Bagore isezererwa muri Shampiyona Nyafurika ya Volleyball yabereye mu Mujyi wa Kigali mu kwezi gushize.
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore yasezerewe mu (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’umupira w’Amaguru yo mu ntara y’iburasirazu , Etoile de l’Est, yaherukaga mu mu cyiciro cyabere mu 1997. Kuri uyu wa Kabiri yagarutse mu cyiciro cya Mbere itsinze Amagaju fc.
Kuri uyu wa Kabiri ni bwo hakinwaga imikino ya 1/2 kirangiza cyo kwishyura hashakishwa amakipe 2 agomba gusimbbura As Muhanga na Sunrise fc zamanutse umwaka ushyize w’imikino 2020-2021.
Etoile de l’est yacakiranaga n’ikipe y’Amagaje mu gihe Gicumbi fc yakinaga na Heroes kuri stade (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’igihugu cy’Ubufaransa ‘Les Bleus’, ni yo yegukanye igikombe cy’irushanwa rihuza ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi rya UEFA Nations League nyuma yo gutsinda Espagne ibitego 2-1.
Mbappe na Benzema batsindiye Ubufaransa bishimiye igikombe begukanye
Ni umukino waranzwe n’ishyaka ry’inshi ku mpande zombi; ku munota wa 66’ Umufaransa Karim Benzema yaramaze gufungura amazamu ya Espagne ndetse ku munota wa 80’ Kylian Mbappe’ yongeye kunyeganyeza inshundura. (…)
Ndayambaje Jean Claude
U Rwanda rukomeje kuba agafu k’imvugwa rimwe mu marushanwa Mpuzamahanga y’umupira w’amaguru, kuri iyi nshuro urugendo rwerekeza muri Quatar umwaka utaha rurasa nkaho rwamaze kurangira.
Kuri iki cy’umweru tariki ya 10 Ukwakira 2021 nibwo muri Uganda habaye umukino w’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kizabera muri Qatar umwaka utaha aho ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yakinnye n’’iya Uganda Imsiambi, mu mukino wo kwishyura warangiye Amavubi atsinzwe. (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’u Rwanda, Amavubi, yongeye gutakaza amanota imbere y’ikipe y’igihugu ya Uganda mu mukino wabereye kuri stade ya Kigali i Nyamirambo.
Wari umukino w’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kizabera muri Quatar muri 2022 u Rwanda rutsinzwe n’Imisambi ya Uganda cranes igitego kimwe ku busa.
Ni umukino wari utegerejwe n’abantu benshi, by’umwihariko Abanyarwanda, watangiye ufite ishyaka ryinshi. Gusa igice cya Mbere kigiye kurangira ku munota wa 41’ (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Watford fc yabaye ikipe ya mbere muri Shampiyona y’Ubwongereza yatandukanye n’umutoza wayo zasko Munoz.
Uyu mugabo wari umaze gukina imikino 10 afite amanota 7 yonyine, yirukanwe bitewe n’umusaruro muke ndetse ashobora gukurikirwa n’abandi b’abatoza bakomeje kugaragaza imbaraga nke n’umusaruro udashimishije.
Abandi batoza bashobora kwirukanwa
Daniel Farke: Ni, umutoza wa Norwich city ndetse yakiniye iyi kipe. Kugeza ubu nta mukino numwe arabasha (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’igihugu ya Uganda cranes izwi nk’Imisambi ya Uganda "Uganda Cranes" igiye gucakirana n’Amavubi y’u Rwanda idafite bamwe mu bakinnyi bayo bafatwa nk’inkingi ya mwamba mu Misambi.
Ni mu mukino uzaba tariki ya 7 Ukwakira 2021 mu mikino y’amatsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri kigomba kizabera mu gihugu cya Quatar umwaka utaha.
Bamwe mu bakinnyi bakomeye batazagaragara muri uno mukino barimo na Kapiteni wayo Emmanuel Anold Okwi (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















