Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’uko Perezida wa FERWAFA Shema Ngonga Fabrice yari yatangaje ko hazatangwa igikombe kimwe kuri Al Hilal SC, ikipe yo mu Rwanda yaje imbere igahabwa amafaranga gusa, abantu bibazaga uko bizagenda, kuko byari bitandukanye n’ibyatangajwe mbere.
Urwego Rushinzwe gutegura shampiyona, Rwanda Premier League, rwatangaje ko hazatagwa ibikombe bibiri.
Ikipe yo muri Sudani izasoreza ku mwanya wa mbere muri BK Pro League y’uyu mwaka izahabwa igikombe (…)
Ndayambaje Jean Claude
Mu myitozo ya nyuma itegura umukino w’umunsi wa Gatanu wa shampiyona y’u Rwanda Primus national league 2021-2022 kuri Musanze fc imihigo yo gutahana amanota atatu imbere ya Kiyovu irakomeje.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Ugushyingo 2021, ahagana Saa sita zuzuye nibwo Ikipe ya Musanze fc yakoze imyitozo ya nyuma kuri stade Ubworoherane bitegura umukino bafitanye na Kiyovu Sports itozwa na Haringingo Francis ukomoka mu gihugu cy’u Burundi.
Ni umukino wamaze (…)
Ndayambaje Jean Claude
Umudage, Ralf Rangnick, yamaze kugirwa umutoza wa Manchester United mu gihe kingana n’amezi atandatu ndetse akazaguma muri iyi kipe mu rwego gukomeza kuyubaka mu buryo burbye bw’igihe kirekire
Kuri uyu wa Kane uyu ya 25 Ugushyingo 2021, inkuru yabaye kimomo mu binyamakuru bikorera mu mujyi was Manchester united bivuga ko Ralf Rangnick yamaze gushyira umukono Ku masezerano muri Manchester united.
Nyuma yaho ikipe ya Manchester United itandukanye na Ole Gunnar (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru ku Isi, FIFA ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 11, n’abatoza bagomba kuzahatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza wahize abandi bikazamenyekana tariki ya 17 Mutarama 2022, ibirori bizabera ahitwa Zurich mu Budage.
Mu rutonde ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru Ku isi "FIFA" yashyize ahagaragara ruriho abakinnyi bakomeye Ku Isi Mu gihe umwaka ushyize Robert Lewandowski ukinira Bayern Munich ariwe wegukanye iki gihembo (…)
Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Ugushyingo 2021, Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abantu 15 bakekwaho guhimba ubutumwa bugaragaza ko bipimishije Covid-19 Kandi ubwo butumwa ari baringa.
Umukino wahuje APR fc na Rayon sports bamwe mu bafana bagaragaje bafite ubutumwa mpimbano aho kuri ubu bagiye gukurikiranwa n’amatego .
Mu kiganiro yagiranye na Radio y’Igihugu, umuvugizi wa police y’u Rwanda CP John Bosco Kabera araburira abakora ayo manyanga .
Yagize ati (…)
Ndayambaje Jean Calude
Kuri uyu wa mbere Tariki ya 22 Ugushyingo 2021, kuri stade ya Kigali i Nyamirambo habereye umukino w’umunsi wa Kane wa shampiyona wahuje Police fc na Gorilla fc warangiye amakipe yombi aguye miswi 0-0.
Abantu batunguwe cyane no kubona umunyezamu ufite ubunararibonye (Experience) mu mupira w’Amaguru hano mu Rwanda akoresha icyo benshi bafata nk’amarozi ubwo yagendaga ashyira ibintu mu mazamu bagiye gutangira umukino, nyamara ngo kuri we ni (Mind-game).
Uyu (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Rayon Sports yanyagiye Bugesera FC mbere yo gucakirana na APR FC mu mikino w’umunsi wa Kane wa Shampiyona y’u Rwanda, PNL 2021-2022.
Ni umukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Ugushyingo 2021, kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, aho Rayon Sports yakiriye Bugesera FC itozwa na Abdul Mbarushimana, umukino urangiye ibitego 3-1. Wari umukino w’umunsi wa Gatatu witabiriwe n’abafana batari bake.
Abakinnyi ba banje mu kibuga ku ruhande rwa Rayon (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryakuriye inzira ku murima ubusabe bw’ikipe y’Ingabo z’Igihgu, APR, yari yasabye ko umukino ugomba kuzayihuza na Rayon Sports ku wa Kabiri w’icyumweru gitaha wasubikwa bitewe n’umukino ya CAF irimo kwitegura.
Tariki ya 23 ugushyingo, APR fc ifite umukino na Rayon Sport uteganyijwe kuzabera i kigali ku munsi wa kane wa Shampiyona y’u Rwanda.
Mu ibaruwa ikipe ya APR FC yari yandikiye Ferwafa ku wa 16 (…)
Ndayambaje Jean Claude
Byiringiro Lague ukinira APR fc n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Kelia Uwase buzaba mu kwezi gutaha tariki ya 4 Ukuboza 2021.
Uyu musore aherutse kugira ikibazo mu mukino ubanza wahuje Kenya n’u Rwanda kuri ubu usigaye akina yambaye "casque" mu mutwe bitewe n’ikibazo yagize ubwo u Rwanda rwakinaga na Kenya nyuma yo kugongana n’umukinnyi w’iyi Kipe byatumye igufa ryo mu mutwe ryangirika mu kwezi kwa Nzeri uyu mwaka wa 2021. (…)
Umukinnyi Rafael York wari wahamagawe gukinira Amavubi ku mukino na Harambee Stars ya Kenya kuri ubu yamaze gusubura ikubagahu mu gihugu cya Suede ikibazo cy’umuryango we agiyemo.
Rafael yahamagawe bwa mbere muri Kamena uyu mwaka gukinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, kimwe nabandi bakinnyi bajya bahamagarwa ngo baze gufasha igihugu mu guhatana mu mikino runaka.
Amakuru aturuka muri Kenya mbere y’uko u Rwanda rukina umukino wanyuma mu itsindwa E, ni uko kuri uyu wa Gatandatu (…)
Ndayambaje Jean Claude
Mugisha Samuel, umukinnyi w’ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare (Team Rwanda) yasinyiye ikipe yitwa ProTouch yo muri Afurika y’Epfo, akaba abaye Umunyarwanda wa 4 werekeje muri iyi kipe.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Ugushyingo 2021, Mugisha Samuel Kapiteni w’ikipe y’igihugu Y’amagare yageze Protouch yo muri Afurika y’Epfo.
Uyu musore yigeze gukina muri Tour du Faso yabaye mu ntangiriro z’ukwezi k’Ukwakira aho yasoje isiganwa ryose ari ku mwanya wa 40 (…)
Ikipe ya APR ikomeje kwitegura gukina na Pyramids yagize icyo ivuga
27 September 2025, by Valens NzabonimanaTeam Rwanda yaguriwe amagare mashya ya Tour du Rwanda 2025
13 February 2025Mugisha Samuel yabonye ikipe nshya yo muri Afurika y’Epfo
14 November 2021
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























