Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Mugabe Aristide yasezeye burundu gukina Umukino wa Basketball nk'uwabigize umwuga

Mugabe Aristide, umwe mu bakinnyi b’inararibonye bakiniye Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’u Rwanda, yatangaje ko yasezeye burundu gukina uyu mukino ku rwego rw’ababigize umwuga, ashyira akadomo ku rugendo rw’imyaka 18 yari amaze muri Basketball.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Mugabe Aristide yashyize hanze amwe mu mafoto ye y’urwibutso aho yari kumwe na bagenzi be bakinana Basketball maze ayakurikiza amagambo agira aAti “Uyu munsi, mu byiyumviro bivanze, nyuma y’imyaka 18, (…)

Bidasubirwaho ikipe ya As Kigali yamaze gusezererwa mu mikino Nyafurika ya CAF confederation cup
Bidasubirwaho ikipe ya As Kigali yamaze gusezererwa mu mikino Nyafurika ya CAF confederation cup

Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya AS Kigali yari ihagarariye u Rwanda muri CAF Confederation Cup, yasezerewe itarenze ijonjora rya kabiri nyuma yo gutsindwa na Daring Club Motema Pembe ibitego 2-1 mu mukino wo kwishyura wabereye i Kinshasa.
kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Ukwakira 2021 ikipe ya ( DCMP), Daring Club Motema Pembe yari yakiriye As Kigali I Kinshasa mu mu mukino wa CAF confederation cup warangiye As kigali isezerewe muri iri rushanwa.
DCMP ibaye ikipe ya Mbere yo muri (…)

424 Shares 4 Comments
Ikipe ya Liverpool yandagaje Manchester United kuri Old Trafford
Ikipe ya Liverpool yandagaje Manchester United kuri Old Trafford

Ndayambaje Jean Claude
Ibifashijwemo n’umunya-Misiri Mohamed Salah ikipe ya Liverpool yanyagiye Manchester ibitego 5-0 umukino wabonetsemo ikarita y’umutuku Ku ruhande rwa Manchester united.
Kuri iki cy’umweru tariki ya 24 Ukwakira 2021 ikipe ya Liverpool yasanze Manchester mu rugo mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona y’ubwongereza wabereye kuri Old Trafford birangiye ikipe ya Manchester itsindiwe mu rugo.
Liverpool itozwa na Klope ihagaze neza ku buryo , yaje gufungura (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutahizamu Benzema yasabiwe igifungo cy'amezi 10 asubitse kubera icyaha cy'ubwambuzi
Rutahizamu Benzema yasabiwe igifungo cy’amezi 10 asubitse kubera icyaha cy’ubwambuzi

Ndayambaje Jean Claude
Rutahizamu wa Real Madrid, Karim Benzema, yasabiwe n’ubushinjacyaha bwo mu Bufaransa igifungo cy’amezi icumi asubitse kubera icyaha akekwaho cyo kugira uruhare mu kwaka amafaranga umukinnyi witwa Mathieu Valbuena bakinanye mu ikipe y’Igihugu y’Ubufaransa kugira ngo hadashyirwa hanze amashusho yafashwe y’uyu mugabo ari mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina.
Benzema ni umwe mu bantu 5 bakurikiranywe n’ubutabera bitewe n’amakosa bakoze mu 2015, ndetse (…)

424 Shares 4 Comments
Shampiyona 2021-2022: Rayon sports izatangira yakira Mukura victory sport
Shampiyona 2021-2022: Rayon sports izatangira yakira Mukura victory sport

Ndayambaje Jean Claude
Federasiyo y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda "FERWAFA"", yashyize ahagaragara ingengabihe y’uburyo amakipe azahura muri shampiyona y’umwaka w’imikino wa 2021-2022 igomba gutangira tariki ya 30 Ukwakira 2021.
Ikipe ya APR FC yatwaye igikombe cy’umwaka ushyize izatangira yakira kuri Gicumbi FC iheruka kuzamuka mu Cyiciro cya Mbere, uyu mukino uzaba tariki ya 31 Ukwakira 2021.
Ikipe Rayon Sports bakunze gutazira "Gikundiro" bitewe n’abafana benshi ifite (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umutoza w'ikipe y'igihugu ya Uganda Cranes yakatiwe igifungo cy'imyaka itatu isubitswe ku byaha by'ihohotera rishingiye ku gitsina
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Uganda Cranes yakatiwe igifungo cy’imyaka itatu isubitswe ku byaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina

Ndayambaje Jean Claude
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Uganda, Imisambi ya Uganda, Micho Milutin Sredojević, yahamwe n’ ibyaha 2 by’ihohotera rishingiye gitsina ndeste akaba yakatiwe igifungo cy’ imyaka itatu ariko isubitse.
Urukiko rwo muri Afurika y’epfo rwa Gqeberha rukaba rwarahoze ari urwa Port Elizabeth, rwamaze gukatira Micho igifungo cy’imyaka itatu bitewe n’ibyaha by’ihohotera aregwa.
Uyu munya-Serbia wigeze no gutoza Amavubi Stars nyuma yo kumenyeshwa ko yahamwe n’ibyaha (…)

424 Shares 4 Comments
Muri Champions league ibitego byarumbutse
Muri Champions league ibitego byarumbutse

Imikino ya Champions league yakomeje Liverpool ibona itsinzi bigoranye Manchester city ingagira Club Brugge

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ikipe y'ingabo z'igihugu APR FC yerekeje muri Tunisia mu mukino wo kwishyura
Ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC yerekeje muri Tunisia mu mukino wo kwishyura

Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Ukwakira 2021 nibwo ikipe ya APR Fc yahagurutse i Kigali yerekeza i Tunis muri Tunisia aho igiye mu mukino wo kwishyura wa CAF Champions league igomba gucakirana na Etoile Sportive du Sahel.
Mu cy’umweru gishyize nibwo Etoile du Sahel yari yaje i Kigali mu mukino ubanza wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo mu mukino wayihuje na APR FC warangiye banganyijemo 1-1.
Igitego cya APR Fc cyatsinzwe na Djabel Manishimwe bitanga (…)

424 Shares 4 Comments
kipe ya REG basketball club na Patriots BBC zakatishije itike yo gukina umukino wa nyuma ya Play-Offs
kipe ya REG basketball club na Patriots BBC zakatishije itike yo gukina umukino wa nyuma ya Play-Offs

Ndayambaje Jean Claude
Amakipe ya REG BBC na Patriots BBC agiye kongera guhurira ku mukino wa nyuma wa play-offs, imikino isoza Shampiyona ya Basketball mu cyiciro cy’abagabo, nanone kandi REG WBBC mu bagore izakina na The Hoops Rwanda mu mukino wa nyuma.
Kuri iki Cyumweru, tariki ya 17 Ukwakira 2021, mu mikino ya basketball ni bwo habaye imikino ya ½ cya play-offs mu cyiciro cy’abagore ndetse n’abagabo.
Patriots basketball club nk’ikipe ifite igikombe cya Shampiyona (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Daring Club Motema Pembe yatsindiye As Kigali mu rugo
Daring Club Motema Pembe yatsindiye As Kigali mu rugo

Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya AS Kigali yatakaje umukino ubanza w’ijonjora rya Caf Confederation Cup itsindiwe mu rugo, i Kigali, n’Ikipe ya Daring Club Motema Pembe (DCMP) yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Kuri iki cy’umweru kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo nibwo habereye umukino wa Caf confederation cup aho As Kigali yakiriye Daring club Motema Pembe ndetse iyi kipe ikaba yitwaye neza kuko yabanje ibitego bibiri mu gice cya mbere.
Iyi kipe wabonaga yihariye (…)

424 Shares 4 Comments
Umunyakenya Agnes Tirop, icyamamare mu gusiganwa ku maguru yishwe atewe ibyuma
Umunyakenya Agnes Tirop, icyamamare mu gusiganwa ku maguru yishwe atewe ibyuma

Ndayambaje Jean Claude
Aganes Tirop wigeze kubica bigacika mu gusiganwa ku maguru (Marathon) akaba yaramenyekanye ubwo yigeze kwiruka metero ibihumbi ( 10) ku isi, yasanzwe iwe mu rugo yishwe n’abantu bataramenyekana.
Uyu Mugore waciye agahigo mu gusiganwa ku ntera ndende ku maguru yanikiye bagenzi be ubwo yari ahagarariye igihugu cya Kenya, ibintu bitari byarigeze kubaho muri iki gihugu, yatabarutse ku myaka 25 y’amavuko.
Inkuru y’urufu rwe yamenyekanye kuri uyu wa Gatatu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru