Friday . 3 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

ACCESS FINANCE RWANDA YATANGIJE GAHUNDA YO GUFASHA ABACURUZI BATO KUBONA IMARI

Ikigo giteza imbere ibijyanye no kugera kuri serivisi z’imari, Access to Finance Rwanda (AFR) cyatangije gahunda yitwa Terimbere MSME Facility igamije gufasha abakora ubucuruzi buto n’ubuciriritse kubona serivisi z’imari n’ubundi bufasha bwo guteza imbere ibikorwa byabo.
Iyi gahunda izahuza ba rwiyemezamirimo bato n’abatanga serivisi zigamije guteza imbere ubucuruzi hamwe n’ibigo by’imari bibafasha kubona inguzanyo n’andi mahirwe y’ishoramari. Iyi gahunda kandi ikaba igamije gukemura (…)

Nyagatare: Abakora imyuga barishimira inyubako nshya y'Agakiriro ka Karama.
Nyagatare: Abakora imyuga barishimira inyubako nshya y’Agakiriro ka Karama.

Abakora imyuga itandukanye bakorera mu gakiri ka Karama, kari mu Murenge wa Karama mu Karere ka Nyagatare, bavuga ko bishimiye kuba Leta yarabubakiye inyubako igezweho ibafasha gukora neza, bakaboneraho gushimira ubuyobozi bw’igihugu cyabatekerejeho. Musengimana Chantal, umudozi, yagize ati: “Mbere twakoraga ahantu hatari heza, rimwe na rimwe imvura ikagwa tukabura aho dukorera neza. Ubu dufite inyubako isukuye, abakiriya bacu baratwizera cyane kuko tubakorera ahantu hameze neza. (…)

424 Shares 4 Comments
Gatsibo: Basabwe gutanga igihumbi ngo bahabwe umuriro w'amashanyarazi none imyaka ibaye icyenda bategereje
Gatsibo: Basabwe gutanga igihumbi ngo bahabwe umuriro w’amashanyarazi none imyaka ibaye icyenda bategereje

Mu karere ka Gatsibo, umurenge wa Rugarama akagari ka Matare abaturage barasaba kurenganurwa ngo kuko batswe amafaranga igihumbi kuri buri muryango bizezwa guhabwa amashanyarazi ariko imyaka ikaba ibaye icyenda ntamashanyarazi bahawe. Ni bamwe mu baturage batuye mu mudugudu wa Gitsimba ya 2 mu kagari ka Matare umurenge wa Rugarama baganiriye n’umunyamakuru wa Mama Urwagasabo TV aho bavuga ko mu mwaka wa 2016 uwari mudugudu yatse abaturage amafaranga avuga ko bazahabwa amashanyarazi ariko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Abakorera mu isoko rya Gahunga barataka kunyagirwa
Burera: Abakorera mu isoko rya Gahunga barataka kunyagirwa

Abakorera mu isoko rya Gahunga riherereye mu karere ka Burera baravuga ko babangamiwe no kunyagirwa kubera ko iri soko riva. Aba bacuruzi babibwiye umunyamakuru wa Mamaurwagasabo TV ubwo yarageze muri iri soko. Ntakirutimana Enock yagize ati”Imvura itumereye nabi hariya mu mireko harava cyane nuko uje imvura imaze guhita ngo urebe uburyo amazi aba yisuka , ibicuruzwa byacu biranyagirwa mbese twarumiwe.” Undi mucuruzi witwa Evariste yagize ati”Nk’abacuruzu b’imyenda iyo yanyagiwe duhura (…)

424 Shares 4 Comments
RDB: Amabwiriza y'ubucuruzi mu gihe cy'irushanwa ryo gusiganwa ku magare ku Isi
RDB: Amabwiriza y’ubucuruzi mu gihe cy’irushanwa ryo gusiganwa ku magare ku Isi

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, ryongereye amasaha yo gukora ku maduka, resitora, n’ibindi bikorwa byo kwakira abantu mu gihe cy’Irushanwa mpuzamahanga ry’Umukino wo Gusiganwa ku Magare (UCI Road World Championships) rigiye kubera mu Rwanda hagati ya tariki 19 na 28 Nzeri 2025. Ibi bikubiye mu mabwiriza mashya yashyizweho azagenderwaho muri iki gihe cy’iminsi umunani gusa. Aya mabwiriza y’agateganyo ku bikorwa by’ubucuruzi n’ibyo kwakira abantu yashyizweho ku bufatanye n’inzego za (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyaruguru: Amapoto amaze umwaka urenga arambitse hasi
Nyaruguru: Amapoto amaze umwaka urenga arambitse hasi

Hari abaturage batuye mu karere ka Nyaruguru umurenge wa Mata akagari ka Gorwe, bavuga ko bahangayikishije nuko bacana agatadowa, ariko nyamara bamaze umwaka urenga babona amapoto arambitse hasi hirya no hino mu aka gace. Ni mu karere ka Nyaruguru aho twasanze abaturage bavuga ko bahangayikishijwe nuko bagicana agatadowa ngo ariko nyamara bamaze umwaka urenga muri aka gace babona hari amapoto arahambitswe yamezeho ubwatsi.
Umwe mu baturage twahasanze yagize ati”amafoto amaze igihe (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze:Abahinzi barataka igihombo batewe n'izuba ryangije imyaka yabo
Musanze:Abahinzi barataka igihombo batewe n’izuba ryangije imyaka yabo

Bamwe mu bahinzi bo mu mirenge ya Kinigi na Nyange y’akarere ka Musanze barataka igihombo bavuga ko batewe n’izuba ryabaye ryinshi none imyaka bahinze irimo ibirayi ikaba yarumye. Mu kiganiro bagiranye na MAMAURWAGASABO TV, bavuze ko bamwe bari baragiye bafata inguzanyo muri Banki yo kugura imbuto none ngo bahuye n’igihombo. Musanimana Emmanuel yagize “Izuba riduteje igihombo kubera ko iriya mvura yaguye mu kwezi kwa karindwi yaradushutse dutera ibirayi n’indi myaka none yumye rwose (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rwamagana: Abikorera bagaragaje akabari ku mutima bavuga ko imurika bikorwa ryababereye ishuri mu bikorwa byabo.
Rwamagana: Abikorera bagaragaje akabari ku mutima bavuga ko imurika bikorwa ryababereye ishuri mu bikorwa byabo.

Ubwo mu karere ka Rwamagana haberaga isozwa ry’imurikagurisha ku rwego rw’Intara y’Iburasirazuba aho abikorera bo muri iyi ntara bavuga ko babonye umwanya mwiza. Abacuruzi baganiriye na Mama Urwagasabo TV bavuga ko babonye umwanya mwiza wo kwiga. Uwitwa Ndayisenga Anacret usanzwe akorera ibikorwa bye mu karere ka Kirehe yagarutse ku byo yungukiye muri iri murikabikorwa ry’abikorera bakorera muri iyi ntara.
Yagize ati ‘’Nge naturutse mu karere ka Kirehe ninaho nkorera ariko iri (…)

424 Shares 4 Comments
Ibyo Ubushinwa bwohereza mu Burusiya byaragabanutse cyane muri Kanama ugereranije n’umwaka ushize

Amakuru aturuka mu kigo cya gasutamo avuga ko Ubushinwa ibyo bwohereza mu Burusiya bwagabanutseho 16.4% muri Kanama ugereranije n’uko byari bihagaze mu mwaka ushize. Iri gabanuka ryatangajwe na Reuters, ni ryo rikomeye ribayeho kuva muri Gashyantare, aho ibicuruzwa byoherezwa mu mahanga bingana na miliyari 6.34 z’amadolari muri Kanama, byagabanutseho 5.8% guhera muri Nyakanga. Birajya guhura aha ngaha, aho Uburusiya ibyo bwohereje mu Bushinwa bwaragabanutseho 17.8% mu mwaka ushize bikagera (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Barasaba umupaka wa kane, ubahuza na DRC
Rubavu: Barasaba umupaka wa kane, ubahuza na DRC

Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Rubavu by’umwihariko mu murenge wa Cyanzarwe barasaba ko ahitwa ku Idagaza hashyirwa undi mupaka ubahuza na DRC. Aba baturage bagaragaza ko indi mipaka ibahuza n’Igihugu cya DRC nka Grande Barrière, ndetse n’undi uri i Kabuhanga, iri kure yabo, kandi bakabona bahawe uyu mupaka, byagabanya ubucuruzi butemewe bwambukiranya imipaka buzwi nka magendu.
Maniraguha Vestine, utuye mu mudugudu wa Kanembwe, mu kagari ka Busigari mu murenge wa Cyanzarwe, ni (…)

424 Shares 4 Comments
Nyagatare: Batwarwa abakiriya n'abadatanga imisoro
Nyagatare: Batwarwa abakiriya n’abadatanga imisoro

Abacururiza mu isoko rya Musheri barinubira ko bagenzi babo basohoka muri iri soko bakajya gukorera aho badatanga imisoro.
Bamwe mu bacuruzi bakorera mu isoko rya Musheri riherereye mu murenge wa Musheri mu karere Ka Nyagatare, barinubira ko hari bagenzi babo bakwepa imisoro bakajya hanze y’isoko ibituma batangira ibicuruzwa kuri macye.
Uwitwa Mutuyimana Chantal ni umwe mu baganiriye natwe aho yagarutse ku mbogamizi bahura nazo aho yagize ati "ubu bagenzi bacu basigaye badutwara (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru