Mu ijoro ryo kuya 26 umugabo witwa Ntakirutimana utuye mu murenge wa Rwimiyaga akarere ka Nyagatare yafashwe na polisi ndetse n’abakozi be bagera kuri batanu barafungwa bikaba byari kunshuro ya Kabiri ibi bibaye kandi ntacyaha bababonyeho.
Ibyo umugore we yise akarengane gakomeye akavuga ko birigukorwa n’umusirikare witwa Kagame Amos ngo kuko yamubwiye ko amufiteho ububasha.
Mu kababaro kenshi yagize ati ‘’ twaguze ubutaka n’umugabo witwa Mubirigi ariko ngo hari umuhungu we (…)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri nibwo inkuru yabaye kimomo ko hari abayobozi 14 bo mu karere ka Nyabihu batawe muri yombi, aho bakekwaho kunyereza amafaranga yagenewe kubaka inzu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Abakekwa barimo Mugiraneza David umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Nyabihu, Ishimwe Samuel Perezida wa Ibuka ndetse n’abandi bakozi b’Akarere, umukozi w’akarere ushinzwe ibikoresho (Logistique), Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza, ushinzwe inyubako mu (…)
Nyuma yo gusobanurirwa serivisi zitangwa n’Ikigo cy’ u Rwanda cy’ibimenyetso bya gihanga bikoreshwa mu butabera, Rwanda Forencic Institute (RFI) abayobozi mu nzego zibanze biyemeje ko bagiye kwigisha abaturage kutajya basibanganya ibimenyetso byifashishwa mu butabera. Ibi byagarutsweho ubwo iki kigo cya RFI cyakoraga ubukangurambaga mu bayobozi mu nzego zibanze bo mu karere ka Nyabihu ku bijyanye no gukomeza kongerera ubumenyi abaturage batarasobanukorwa imikorere y’iki kigo.
Sarah (…)
Bamwe mu babyariye mu igororero rya Nyarugenge, baravuga ko n’ubwo gufungwa ari ikindi, ariko bashima uburyo bitabwaho ndetse n’abana bagahabwa uburenganzira bukwiye. Mu igororero rya Nyarugenge, abana bahabarizwa ni abibarutswe n’ababyeyi baje kugororwa batwite cyangwa bazanywe n’ababyeyi babo bakiri impinja.
Umubyeyi y’itabwaho agahabwa indyo yuzuye, ubuvuzi n’ibindi nkenerwa bya buri munsi.
Abana nabo nuko, bariga bakidagadura binyuze mu mikino ikangura ubwenge. (…)
Mu Karere ka Gisagara umurenge wa Ndora akagari ka Cyamukuza umudugudu wa Nyarubari Igiraneza Adeline w’imyaka 17 aravuga ko amaze imyaka 2 asiragizwa ku murenge ashaka gukosoza amakuru ye mu irangamirere. Igiraneza Adeline w’imyaka 17 wo mu Karere ka Gisagara umurenge wa Ndora akagari ka Cyamukuza umudugudu wa Nyarubari aravuga ko amaze imyaka 2 asiragizwa ku murenge ashaka gukosoza amakuru ye mu irangamirere ariko byaranze.
Igiraneza avuga ko yongerewe imyaka muri sisiteme aho kugira (…)
Mu karere ka Gisagara hari umuturage witwa UWIMNA Jeanne utuye mu mudugudu wa Nyarubari akagari Cyamukuza umurenge wa Ndora usaba kurenganurwa nyuma yo gukubitwa na mutwarasibo akabura ubutabera.
Uwimana Jeanne ni umuturage twasanze mu mudugudu wa Nyarubari akagari ka Cyamukuza mu murenge wa Ndora w’akarere ka Gisagara, uyu mubyeyi avuga ko yakubitswe na mutwarasibo nyuma ajyana ikirego cye kwa mudugudu ntiyacyakira nyuma atungurwa nuko mutwarasibo wamukubise yihutiye kwa mudugudu (…)
Hari abaturage bakoresha umuhanda uturuka younde werekeza mu Kinigi, bavuga ko hari ikiraro cyacitse giherereye mu kagari ka Cyabagarura, mu murenge wa Musanze mu karere ka Musanze. Abaganiye na MAMAURWAGASABO TV bavuze ko iki kıraro kibateye impungenge kubera ko imodoka zigorwa no kuhanyura, ariko hakaba hatamezeneza.
Umwe witwa Twizere yagize ati”Iki kiraro kiraduhangayikishije kubera ko kimaze igihe cyarangritse ariko nticyakozwe urabona ko imodoka kuhanyura zikoreye ibicuruzwa ari (…)
Umukecuru witwa Mukeshimana Cecile w’imyaka 73 warakotse Jenocide yakorewe abatutsi muri 1994 wo mu karere ka Nyanza mu murenge wa Cyabakamyi mu kagari ka Karama mu mudugudu wa Nyabinombe, arishinganisha ndetse anasaba ubuyobozi bukuru bw’akarere na RIB kwinjira mu kibazo cye afitanye n’umuturanyi we witwa Alex Twagirumukiza umuhoza ku nkeke akanamubwira ko azamuhitana. Mukeshimana avuga ko amaze igihe yarashyikirije ikirego cye Inzego z’ibanze na RIB ariko akaba nta gisubizo abona. (…)
Bamwe mu baturage batuye mu kagari ka Cyabagarura, mu murenge wa Musanze w’akarere ka Musanze muri santere izwi nko mu Gisenyi, hari abaturage basaba gutabarwa abanyarugomo baza mu tubari bakenyereye ku mihoro bakabatema. Aba baturage babwiye Mama Urwagasabo TV ko iyo urimo gusoma icupa uvuye mu kazi ntubasomye bagutema.
Umwe yagize ati”Hano mu Gisenyi duhangayikishijwe n’abanyarugomo biyise ibyigenge baza bakenyereye ku mihoro mu tubari hanyuma iyo mugerageje gutongana gato bazana (…)
Yozefina Nyanzira, utuye mu Mudugudu wa Kajugujugu, mu Kagari ka Kirwa, mu murenge wa Murunda, mu Karere ka Rutsiro, agaragaza akababaro ndetse n’ubwoba, dore ko avuga ko bashinze ipoto ry’amashanyarazi mu kikoni cy’inzu atuyemo, hanyuma ntahabwe ingurane, ndetse ko n’umuriro w’amashanyarazi ushobora kumutwika nta nuwo we agira. Mu rugo kuri uyu mukecuru Nyanzira, ipoto rifasha gukwikwiza umuriro w’amashanyarazi rishinze ahahoze igikoni cy’inzu atuyemo nkuko abivuga, ariko nubwo bimeze (…)
Hari umuturage witwa Nyirandayisenga Gloriose ukomoka mu gihugu cy’Uburundi washakanye n’umunyandarwa, kuri ubu batuye mu karere ka Gisagara mu murenge wa Save mu kagari ka Shyanda, uyu muturage uvuga ko amaze imyaka 19 atarabona ubwenegihugu, Kandi itegeko ribyemera, ibintu avuga ko bituma atagira uburenganzira ku mitungo ndetse n’izindi serivise za Leta. Gloriose Nyirandayisenga ni umuturage twasanze mu kagari ka Shyanda mu murenge wa save mu karere Gisagara, aho avuga ko amaze imyaka 19 (…)
RIB yasobanuye impamvu yataye muri yombi Prof Harelimana
15 September 2023
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























