Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

MONUSCO yishe umusore wiyisagariye

Wednesday 7 September 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Ingabo z’Ubutumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Congo (MONUSCO) zishe zirashe umusore wari witambitse imodoka zabo.

Ni urupfu rwabereye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri teritwari ya Beni, ku wa 06 Nzeri 2022.

Ingabo za UN zavaga i Butembo zerekezaga muri Beni zahuye n’imyigaragambyo y’abamotari maze bitambika imodoka za UN, ibyo nibyo byateje iraswa ry’uwo musore.

Amakuru dukesha Bwiza.com, yavuze ko imihanda yari yafunzwe n’abantu bigaragambya gusa abapolisi boherejwe guturisha abantu.

Abanyekongo bamaze iminsi bigaragambya ngo ntibashaka ko MONUSCO iguma ku butaka bwabo kuko bavuga ko nubundi bananiwe kurwanya no kwirukana iyo mitwe yitwaje intwaro ihakorera.

Gusa umuyobozi wa MONUSCO, Bintou Keita, we yatangaje ko MONUSCO iramutse ivuye muri Congo ntacyo yaba ihomba.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru