Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Malawi: Kiliziya Gatolika irashinja Perezida Chakwera kuba inkorabusa

Tuesday 11 October 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Kiliziya Gatolika yo mu gihugu cya Malawi yashinje Perezida Lazarus Chakwera kuba inkorabusa kuko ibyo yemereye abaturage byose mu gihe yiyamazaga nta na kimwe arakora.

Ni icyemezo gikubiye mu ibaruwa, abagize Inama y’Abasenyeri muri Malawi bashyize hanze ku wa Mbere tariki 10 Ukwakira 2022.

Muri iyi baruwa aba Basenyeri bavuze ko Malawi ‘igeze ahantu habi’ ugereranyije n’ibindi b’igihugu by’ibituranyi biri gutera imbere.

Bakomeje bavuga ko Malawari kuri ubu yugarijwe n’izamuka ry’ibiciro, ruswa muri Guverinoma, ubushomeri cyane cyane mu rubyiruko, ibura ry’ibikomoka kuri peteroli n’iry’amafaranga y’amahanga.

Iri tangazo rigira riti: “Abaturage ba Malawi barambiwe abanyepolitike bakomeje guhatanira kujya mu myanya itandukanye batitaye ku iterambere ry’ababatora.”

Rikomeza rivuga ko ubuyobozi bwa Perezida Chakwera ntacyo burakora mu gukemura ibi bibazo byugarije igihugu.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru