Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Uwahoze ari Perezida w'Ubufaransa yakatiwe igifungo cy'imyaka itanu ku byaha bifitanye isano no kwakira indoke ya Gaddafi
Uwahoze ari Perezida w’Ubufaransa yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu ku byaha bifitanye isano no kwakira indoke ya Gaddafi

Uwahoze ari Perezida w’Ubufaransa, Nicolas Sarkozy, yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gucura umugambi mubi mu rubanza rujyanye n’amafaranga yemejwe ko yakiriye mu buryo bunyuranyije n’amategeko aturutse kuri Col Muammar Gaddafi wahoze ayobora Libya.
Urukiko rwa Paris rwamugize umwere ku bindi byaha, birimo ibya ruswa no gukoresha amafaranga y’inkunga zitemewe mu bikorwa byo kwiyamamaza. Sarkozy, w’imyaka 70, yavuze ko urubanza rushingiye ku mpamvu za politiki. (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abakuru b'Imidugudu baracyagorwa no kutagira ibikoresho bibafasha kunoza inshingano
Musanze: Abakuru b’Imidugudu baracyagorwa no kutagira ibikoresho bibafasha kunoza inshingano

Abakuru b’Imidugudu bo mu karere ka Musanze bavuga ko bakigorwa no kutagira ibikoresho birimo telefone ya “Smartphone “ibafasha kunoza inshingano. Ni kimwe mu bibazo bagarutseho ubwo bari bitabiriye inama nyunguranabitekerezo yabahuje n’ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze aho barebeye hamwe ibikibangamiye imibereho myiza y’abaturage. Alexandre Hakizimana umukuru w’umudugudu wa Kabagora mu murenge wa Remera yagize ati”Turacyafite imbogamizi zituma tutubahiriza inshingano uko bikwiye kuko hari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ba Ofisiye 17 baturuka mu bihugu bitandatu bongerewe ubumenyi mu gutabara aho rukomeye
Ba Ofisiye 17 baturuka mu bihugu bitandatu bongerewe ubumenyi mu gutabara aho rukomeye

Mu kigo cy’Igihugu cy’amahoro Rwanda peace Academy giherereye i Nyakinama mu karere ka Musanze hasojwe amaso ajyanye no kuyobora zabatayo kuri ba Ofisiye bakuru 17 baturuka mu bihugu bitandatu n’u Rwanda rurimo. Abaganiriye na Mamaurwagasabo TV bavuze ko ubumenyi bahawe bugiye kubafasha kugera Ku ntego y’ibikorwa byo kubungabunga amahoro no kwigisha abayobozi bazabatayo, kuyoboro zabatayo, ikindi aya masomo ngo azabafasha kongera umubare w’abarimu kuko hari icyuho cy’abarimu bahugura (…)

424 Shares 4 Comments
Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije, rirasaba urubyiruko gukura amaboko mu mifuka
Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije, rirasaba urubyiruko gukura amaboko mu mifuka

Mu karere ka Nyagatare, mu ntara y’Iburasirazuba, abarwanashyana ba Green Party of Rwanda, bahawe amahugurwa ajyanye n’uburyo bakwiye kwiteza imbere biciye mu mishinga mito irimo ubuhinzi ndetse n’ubworozi, ari nako bigishwa gutera ibiti by’imbuto. Honorable Masozera Icyizanye umudepite mu nteko ishinga amategeko, akaba umubitsi muri iri shyaka rya Green Party of Rwanda, asaba abahuguwe gukora ibikorwa bibateza imbere, ari naho ahera asaba urubyiruko kuvana amaboko mu mifuka. Yagize (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Muvuye mu mashyamba, mugiye mu mashanyarazi, Mayor Mulindwa, abwira abatahutse bava muri DRC
Muvuye mu mashyamba, mugiye mu mashanyarazi, Mayor Mulindwa, abwira abatahutse bava muri DRC

Abanyarwanda bagera muri 533, kuri uyu wa Mbere batahutse bavuye mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi, binjiriye ku mupaka wa Grande Barrière, uhuza DRC ndetse n’u Rwanda. Aba baturage bakaba barahunze mu bihe bitandukanye hari abahunze mu mwaka 1994, ndetse n’abandi bahunze nyuma yaho, gusa hari n’abavukiyeyo. ---- Hari abagaragaza ko bari barabuze uburyo bataha, bitewe n’intambara, icyakora nyuma yo kubona uburyo bataha bakaba barahisemo kuza mu Rwanda mu gihugu bakomokamo. (…)

424 Shares 4 Comments
Mali :Itabwa muri yombi ry’abasirikari bakomeye kimwe n’abapolisi , byateye ubwoba Rubanda

Inkuru dukesha TV5 Monde ivuga ko muri iki gihugu hacitse igikuba ,nyuma y’ifungwa ry’abasirikare bakomeye ndetse n’abapolisi basanzwe bafite amazina atoroheje .Hari ababihuza n’umugambi wo guhirika ubutegetsi, abandi bakabisanisha n’ukwivanga kw’ibihugu by’amahanga by’umwihariko Ubufaransa. Bamwe muri aba basirikari barimo Gen. Abass Dembélé, wahoze ari Guverineri w’akarere ka Mopti, uyu yafatiwe i Kati, hafi ya Bamako, aho yashakaga ko hakorwa iperereza ku bwicanyi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rwamagana:Abarwanashyaka ba Green Party of Rwanda barashimira iri Shyaka rikomeje kubateza imbere
Rwamagana:Abarwanashyaka ba Green Party of Rwanda barashimira iri Shyaka rikomeje kubateza imbere

Abarwanashyaka b’ishyaka riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) barashimira iri Shyaka rikomeje kubateza imbere binyuze mu mishinga itandukanye irimo n’ubworozi. Ibi babigarutseho mu nama yari ikomatanyije n’amahugurwa yo kurengera ibidukikije y’abahuje n’abayobozi bakuru b’Ishyaka (Green Party Of Rwanda ) Aho banatoye inzego zihagariye abandi. ---- Amatora ya Komite nshya y’inzego z’ishyaka za Democratic Green Party of Rwanda ku rwego (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru: Ntibagiterwa ipfunywe no kwambara ibirango by'Ishyaka DGPR-Green Party.
Amajyaruguru: Ntibagiterwa ipfunywe no kwambara ibirango by’Ishyaka DGPR-Green Party.

Abarwanashyaka ba (Democratic Green Party of Rwanda)Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije bavuga ko mbere kwambara umwambaro w’iri shyaka aho batuye byabaga ari ikizira ariko kuri ubu ngo ntarwikekwe. Ibi babigarutseho mu nteko rusange y’Abarwanashyaka ba DGPR-Green party yahuje abanyamuryango b’iri baturutse mu turere dutanu tugize Intara y’Amajyaruguru, aritwo Gakenke, Musanze,Rulindo, Gicumbi na Burera. Ingabire Julienne uvuka mu karere ka Burera ni Visi chairperson (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
NYAGATARE: BIZIHIRIJE KWIBOHORA AHO URUGAMBA RWATANGIRIYE
NYAGATARE: BIZIHIRIJE KWIBOHORA AHO URUGAMBA RWATANGIRIYE

Kuri uyu wa Gatanu ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare bwizihirije ukwibohora I Kagitumba aho urugamba rwo kubohora igihugu rwatangiriye. Ni mu muhango waranzwe n’ibyishimo byinshi kubawitabiriye cyane cyane abatuye mu duce twa Kanyonza, Rwentanga, Muvumba ndetse na Kagitumba biri mu Murenge wa Matimba ho mu karere ka Nyagatare.
Mu byishimo byinshi abatuye aka gace bagaragaza ko ari iby’agaciro kenshi cyane ku kuba iterambere bari kugeraho barikesha ingabo za RPA zitanze ngo iki gihugu (…)

424 Shares 4 Comments
BARINDWI BICIWE I KYIV MU GITERO GISHYA CY'UBURUSIYA BWAGABYE KURI UKRAINE.
BARINDWI BICIWE I KYIV MU GITERO GISHYA CY’UBURUSIYA BWAGABYE KURI UKRAINE.

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yavuze ko byibuze abantu barindwi bishwe abandi benshi barakomereka mu gitero cya misile n’indege z’Uburusiya mu karere ka Kyiv. Mu nyandiko zaciye ku mbuga nkoranyambaga, Ihor Klymenko yavuze ko uduce dutuwe, ibitaro n’ibikorwa remezo bya siporo byibasiwe n’ibitero by’Abarusiya. Abagera kuri batandatu mu bapfuye bari mu nyubako ndende iri mu murwa mukuru, umuyobozi w’akarere ka Kyiv, Vitaliy Klitschko, akomeza avuga ko abandi 22 bakomeretse muri uyu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru