Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Perezida Gnassingbé agiye gukorera mu ngata Lorenzo kunga u Rwanda na DRC
Perezida Gnassingbé agiye gukorera mu ngata Lorenzo kunga u Rwanda na DRC

Umuryango w’Afurika yunze ubumwe (AU) washyigikiye ko Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé aba umuhuza mu biganiro bya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DC) n’u Rwanda, inshingano zari zifitwe na Perezida Lorenzo wa Angola.
Tariki ya 24 Werurwe 2025, nibwoi Ibiro by’Umukuru w’Igihugu wa Angola byatangaje ko Perezida João Lourenço atakiri umuhuza mu bibazo bya RDC n’u Rwanda ahubwo agiye gushyira imbaraga muri gahunda zireba umugabane wose aho kwita ku karere kamwe, cyane ko ariwe (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida wa Koreya y'Epfo Yoon Suk Yeol yegujwe
Perezida wa Koreya y’Epfo Yoon Suk Yeol yegujwe

Nyuma yo gusimbuzwa Minisitiri w’Intebe by’agateganyo mu gihe cy’amezi ane, birangiye Perezida wa Koreya ya Ruguru yegujwe bidasubirwaho.
Iki cyemezo cyamenyekanye kuri uyu wa 4 Mata 2025. cyafashwe n’Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Koreya y’Epfo.
Agahinda kari kose ku bamushyigikiye bakurikiraniraga uyu mwanzuro kuri televiziyo hafi y’urugo rwe, ariko abari bashyigikiye ko yeguzwa bo babyiniye ku rukoma.
Kweguzwa bikomoka ku bihe bidasanzwe bya gisirikare yatangaje (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Biravugwa ko Bemba ariwe wazajya kuganira na M23
Biravugwa ko Bemba ariwe wazajya kuganira na M23

Amakuru ari guturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko Minisitiri w’ibikorwa remezo Jean Pierre Bemba ariwe ugiye guhagararira igihugu cye mu biganiro n’umutwe wa AF/M23 biteganyijwe ejo tariki ya 18 Werurwe 2025.
Ni ibiganiro bizaba ari amateka akomeye kuri perezida Tshisekedi wamaramaje ko atazigera aganira n’umutwe wa M23 imbonankubone ahubwo ashaka kuganira n’u Rwanda, cyane ko ashimangira ko arirwo ruri inyuma ya M23 bahanganye mu rugamba.
Umwe mu banyamakuru bakunze (…)

424 Shares 4 Comments
Minisitiri nduhungirehe yakemanze H.E Tshisekedi ko afite indimi abyiri
Minisitiri nduhungirehe yakemanze H.E Tshisekedi ko afite indimi abyiri

Mu nzira y’ubuhuza avuga bimwe yagera ahandi akavuga ibindi. Uwo no Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ukomeje kwibazwaho na minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Jean Patrick Nduhungirehe.
Minisitiri Nduhungirehe yatangaje ko Perezida wa Congo Felix Tshisekedi hamwe yumvikana avuga ko adateze kuganira n’umutwe wa M23, ubundi yaba ari kumwe n’abo mu Burengerazuba bw’Isi akababwira ko yiteguye kuganira na yo.
Minisitiri Nduhungirehe yagarutse kuri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Ngweso asanga nta mpamvu yo gufatira ibihano u Rwanda kubera DRC
Perezida Ngweso asanga nta mpamvu yo gufatira ibihano u Rwanda kubera DRC

Perezida wa Congo Brazzaville Denis Sassou-Nguesso aratangaza ko nta mpamvu n’imwe yo gufatira u Rwanda ibihano, kubera urwitwazo rw’Intambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo-DRC ihanganyemo n’umutwe wa M23.
Yabitangaje mu kiganiro yahaye Televiziyo France 24 ku mutekano wo mu Karere ka Afurika yo mu gice cy’ibiyaga bigari kirimo u Rwanda nan DRC.
Perezida Sassou-Nguesso yatangaje ko ibihano mpuzamahanga Congo ikomeje gusabira u Rwanda ntacyo byakemura, (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yakiriye abayoboye amadini muri DRC
Perezida Kagame yakiriye abayoboye amadini muri DRC

Perezida Paul Kagame yakiriye intumwa z’Inama y’Abepisikopi Gatolika muri RDC (CENCO) n’abahagarariye andi matorero ya gikiristu (ECC) bagirana ibiganiro byerekeye ku buryo haboneka amahoro n’imibanire myiza hagati y’ibihugu byombi.
Ni uruzinduko aba bihaye Imana bagiriye mu Rwanda kuri uyu wa Kane, tariki ya 13 gashyantare 2025, nkuko ikinyamakuru Actualite cyabyanditse.
Mu minsi ishize, izi ntumwa zabanje guhura na Perezida wa DR Congo, Felix Anthoine Tshisekedi i Kinshasa, nyuma yaho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
M23 yashinje MONUSCO kwicisha abaturage ba Goma
M23 yashinje MONUSCO kwicisha abaturage ba Goma

Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko ingabo za UN (United Nations) ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) zarekura abasirikare ba RDC, FARDC n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR bagera ku 100 bakinjira mu bice birimo abasivile.
Kuva M23 yafata umujyi wa Goma mu rukerera rwa tariki 27 Mutarama 2025, MONUSCO yakiriye mu kigo cyayo abasirikare ba RDC, aba SAMIDRC, abarwanyi ba FDLR n’abo mu mitwe ya Wazalendo bayihungiyeho, irabacumbikira bamwe (…)

424 Shares 4 Comments
Kiriziya Gatulika n'Abaporotesitanti muri DRCongo bagiriye inama H.E Tshisekedi kuganira na M23
Kiriziya Gatulika n’Abaporotesitanti muri DRCongo bagiriye inama H.E Tshisekedi kuganira na M23

Inama Nkuru y’Abepisikopi ba Kiliziya Gatolika muri RDCongo (CENCO) ndetse n’ihuriro ry’amatorero y’Abaporotesitanti yagaragarije Perezida Félix Tshisekedi ko gukemura ikibazo cy’Uburasirazuba bw’igihugu bigeze aho bisaba kuganira na M23.
Imvugo ya Perezida Tshisekedi ku kuganira na M23 yamye ari imwe, "Jamais, Grand-Jamais!" Bivuze ko atazigera aganira na M23 cyangwa AFC/M23 Igihe akiri Perezida w’igihugu ayoboye.
Gusa mu nama aba bayoboye amadini n’amatorera abiri akomeye muri DRCongo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
RDCONGO yahagaritse imbuga nkoranyambaga
RDCONGO yahagaritse imbuga nkoranyambaga

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafashe icyemezo cyo guhagarika imbuga nkoranyambaga zirimo X na TikTok ndetse na porogaramu ya Google Play Store, ishakirwaho izindi mbuga nkoranyambaga, nk’imwe mu ntwaro zo guhangana n’amakuru avugwa ku ntambara yo mu Burasirazuba bw’iki gihugu.
Iki cyemezo kije nyuma gato yuko umutwe wa M23 wigaruriye Umujyi wa Goma, igice cyari gisigaye ku ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubushakashatsi muri sosiyete (…)

424 Shares 4 Comments
Adadepite ba Afurika yepfo basabiye Minisitiri w'Ingabo n'umugaba wazo kwegura
Adadepite ba Afurika yepfo basabiye Minisitiri w’Ingabo n’umugaba wazo kwegura

Abadepite ba Afurika y’Epfo basabye ko Minisitiri w’Ingabo, Angelina Matsie Motshekga n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo begura ku nshingano babashinja ko babeshye igihugu kucyo abasirikare bagiyemo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Si icyo gusa, aba badepite basabye Guverinoma yabo kuvana Ingabo z’icyo gihugu, SANDF, mu Burasirazuba bwa Congo kuko icyazijyanyeyo kitazwi niba kiri mu nyungu z’Igihugu cyangwa iza Perezida Cyril Ramaphosa.
Babisabye kuri uyu wa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru