Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

U Rwanda rwavumbuye umugambi uri inyuma ya FARDC kurwana na M23
U Rwanda rwavumbuye umugambi uri inyuma ya FARDC kurwana na M23

U Rwanda rwamaganye ibyaha bivugwa ku Ngabo z’u Rwanda (RDF) mu ijambo ry’Inama idasanzwe y’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) yabereye ku itariki ya 31 Mutarama 2025.
Byatangajwe mu itangazo ryasohowe tariki ya 2 Gashyantare 2025 rya minisiteri y’ububanyi n’amahanga.
Iri tangazao ryavugaga ko ingazo z’u rwanda, RDF, zirinda imipaka y’u Rwanda ku byago ndetse zikanirinda abaturage, zikora ibitero ku baturage.
Itangazo rikomeza rigira riti: Umuryango w’ibihugu bya Afurika (…)

424 Shares 4 Comments
Rusizi: Abanyekongo 22 bavuye i Rubavu batashye i Bukavu banyuze i Rusizi
Rusizi: Abanyekongo 22 bavuye i Rubavu batashye i Bukavu banyuze i Rusizi

Abaturage 22 bari bahunze intambara mu mujyi wa Goma muri repubulika ya Demikarasi ya Congo bagahungira i Rusi mu Rwanda batashye banyuze ku umupaka wa Rusizi ya mbere.
Hari mu masaha ya saa tanu kuri uyu 29 Mutarama, i Rusi aho abakongomani bari bahunze intambara ingabo za DRCONGO, FARDC zarwanaga n’umutwe witwaje intwaro wa M23, bari kwambuka berekeza bataha iwabo mu mujyi wa Bukavu mu ntara ya Kivu y’amajyepfo.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kamembe, Ingabire Joyeux (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kinshasa: Abakongomani bari gutwika za ambasade ngo amahanga afate icyemezo
Kinshasa: Abakongomani bari gutwika za ambasade ngo amahanga afate icyemezo

Mu gihe imirwano ikomeye ya M23 n’ingabo za Leta n’abayifasha imaze gutuma uyu mutwe ubafatana umugi wa Goma, abakongomani bari mu Murwa mukuru wa Kinshasa batangiye gutwika za Ambasade z’ibihugu bikomeye mu gisa no kurakaza ababihagarariye bafite ijambo mu kanama k’umutekano k’Umuryango w’Abibumbye ngo bafate icyemezo ku guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa DRCongo.
Uyu ubaye umwaka wa Kane imirwano yubuye hagati y’inyeshyamba za M23 ziri mu Ihuriro rya AFC/M23 riyobowe na Perezida (…)

424 Shares 4 Comments
Ubuzima bwa Ndikuriyo wa CNDD FDD bugeze muri Coma
Ubuzima bwa Ndikuriyo wa CNDD FDD bugeze muri Coma

Nyuma yaho afatiwe n’indwara ’igitaraganya bikayobekana mu gihugu akihutanwa mu bitaro byo hanze, Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD FDD, Ndikuriyo Reverien, ubuzima bwe bugeze ahakomeye, aho bivugwa ko ari muri Coma.
Amakuru avuga ko arembeye mu Bitaro bya Kaminuza ya Aghakan byo muri Kenya.
Umwe mu bantu ba hafi y’Umuryango we, babwiye ikinyamakuru SOS Media Burundi, kitavuga rumwe n’ubutegetsi buriho, ko “Ubuzima bwe bumeze nabi cyane. Ngo yari yavuye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda na Afurika y'Epfo baremeranya ko imirwano muri DRCongo ikwiye guhagarara 'vuba'
U Rwanda na Afurika y’Epfo baremeranya ko imirwano muri DRCongo ikwiye guhagarara ’vuba’

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa bemeranya ko intambara iri mu Burasirazuba bwa DRCongo ikwiye guhagarara vuba na bwangu.
Ibiganiro by’aba bakuru b’ibihugu byatangajwe n’ibiro bya Perezidanse ya Afurika y’Epfo kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mutarama 2025.
Abakuru b’ibihugu byombi baganiriye ku murongo wa Telefone ku kibazo cy’intambara iri muri DRC yateje impfu z’abasirikare b’Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SAMIDRC) (…)

424 Shares 4 Comments
Umunyamabanga Mukuru wa CNDD/FDD yihutanywe hanze kubera uburwayi
Umunyamabanga Mukuru wa CNDD/FDD yihutanywe hanze kubera uburwayi

Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, rya CNDD-FDD, Bwana Révérien Ndikuriyo, amerewe nabi aho ari kwitabwaho n’abaganga hanze y’igihugu, abatabdukanye barakeka ko yahawe uburozi ngo bumuhitane.
Uyu Mutegetsi Ndikuriyo amaze iminsi agaragaza ko hari ibyo atemeranyaho n’Umukuru w’Igihugu, abakurikiranira hafi politiki y’Akarere bemeza ko bifite byinshi bihatse.
Ku wa Kane, ubwo yari i Ngozi, ni bwo uyu mugabo uvuga rikijyana mu Burundi yafashwe n’indwara itunguranye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umugaba w'Ingabo za Israel yeguye ku nshingano
Umugaba w’Ingabo za Israel yeguye ku nshingano

Uwari asanzwe ari Umugaba Mukuru w’ingabo za Israel, Lt. Gen. Herzi Halevi yatangaje ko yeguye ku nshingano kubera ko hari ibyo atarahabwaho ubusobanuro ku gitero cyagabwe ku gihugu cye tariki 7, Ukwakira, 2023 bikozwe na Hamas.
Icyo gitero cyatumye igihugu cye kijya mu ntambara yari imaze amezi 15 ikaba iherutse gusa nihagaze nyuma y’amasezerano yasinyiwe muri Qatar mu Murwa mukuru, Doha y’agahenge hagati y’impande zirwana.
Igitero cyagabwe kuri Israel bikozwe na Hamas cyatumye abantu (…)

424 Shares 4 Comments
DRC: Imirwano yazengurutse Minova
DRC: Imirwano yazengurutse Minova

Kuva imirwano hagati y’Ingabo za Leta ya Kinshasa, FARDC n’umutwe wa M23 yagera muri kivu y’Amajyepfo, amakuru ava ku rugamba aravuga ko M23 yafashe ahitwa Lumbishi n’ibice bindio bizengurutse Minova.
Ni nyuma y’imirwano yabaye ku wa Gatandatu yasize M23 ifashe agace ka Lumbishi, gaherereye muri teritwari ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Andi makuru aravuga ko ubu M23 ifite Numbi, Shanje, imisozi ya Rukara n’ahandi hose hazengurutse minova. Abo bahanganye ubu begereje ishyamba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amerika yokeje igitutu DRC guhagarika gukorana na FDLR
Amerika yokeje igitutu DRC guhagarika gukorana na FDLR

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC guhagarika gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukomeje guhungabanya umutekano w’abaturage.
Byatanagjwe n’Umunyamanga wa Leta wungirije wa Amerika ushinzwe ububanyi na Afurika, Molly Phee, wavuze ko mu Ugushyingo 2023 ubwo we n’abandi barimo Avril Haines uyobora urwego rw’ubutasi rwa Amerika basabaga Leta ya RDC guhagarika ubu bufatanye, ikaba yarabyemeye ariko ntiyabyubahiriza. (…)

424 Shares 4 Comments
Tanzania: Umugore agiye guhangana na Samia Suluhu mu matora
Tanzania: Umugore agiye guhangana na Samia Suluhu mu matora

Umugore umwe rukumbi yatangaje ko azahangana na Perezida Samia Suluhu mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri uyu mwaka.
Uwo ni Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania rya ACT Wazalendo, Dorothy Semu, usanzwe azwiho kutarya indimi mu kubaza inshingano guverinoma ya Tanzania no kuyereka ibitagenda neza.
Dorothy Semu yatangaje ko Abanya-Tanzania bamaze guhaga akababaro baterwa n’ishyaka riyoboye rya Chama cha Mapinduzi (CCM).
Yabitangarije mu kiganiro (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru