Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
Ikigo gishinzwe umutekano cya Hamas cyatangaje ko ingabo za Isiraheli IDF zarashe imbaga y’abantu bari bari hafi y’aho imfashanyo zitangirwa i Khan Younis.
Hamas yatangaje ko abantu barenga 200 ari bo bakomeretse muri iki gitero.
Iki kigo cyavuze ko bishoboka ko ibi bitero byahitanye abantu benshi, bari baje gufata imfashanyo muri Gaza nubwo bariya ari bo bagaragaye.
Ababibonye bavuga ko Ingabo za Isiraheli zarashe aho ibihumbi by’Abanyapalestine bari bateraniye, aho bari bizeye (…)
Abasirikari 108 baturuka mu bihugu 20 , kimwe cya Jordan n’u Rwanda basoje amasomo bari bamazemo umwaka mu ishuri rikuru rya Gisirikari ( Rwanda Defence Force Command and Staff college) riherereye i Nyakinama mu karere ka Musanze basabwe kuzakomeza gukora kinyamwuga. Ibi babisabwe na Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, ubwo yari yaje muri iri shuri gusoza amasomo ajyanye n’imiyoborere mu bya gisirikare (Senior Command and staff Course) icyiciro cya 13. Minisitiri Dr Ngirente wari (…)
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo azaba yaramaze gutungana bitarenze impera za Gicurasi 2025.
Umusaza w’ncike Bicamumpaka Elias, ufite imyaka 71 ukora akazi ko gutega amafuku utuye mu Mudugudu wa Buruseli mu Kagari ka Murambi mu Murenge wa Musasa mu Karere ka Rutsiro, arasaba ubufasha leta y’u Rwanda ndetse akanabusabirwa n’abaturanyi be bavuga ko yatereranywe muri gahunda za leta zo gufasha abatishoboye.
U Rwanda na Pakistan bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire ajyanye no guhugurana mu bijyanye na dipolomasi.
Ni amasezerano yasinyiwe i Islamabad, mu ruzinduko rw’akazi Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe yari ari kugirira muri Pakistan guhera ku wa 20 Mata 2025.
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku wa 21 Mata 2025, Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko ibiganiro yagiranye na Ishaq byagarutse ku ngingo zitandukanye ndetse ko impande zombi zasinyanye amasezerano yo (…)
Mu mpera z’icyumweru gishize hasakaye amakuru atandukanye ko abarwanyi ba Wazalendo bambuye AFC/M23 igice cya Kavumu ndetse banatangaza ko bari kwitegura kwisubiza ikibuga cy’ingege cya kavumu n’ibice bigikikije, gusa AFC/M23 nayo yakomeje kugaragaza ko ifite icyo gice, ibivigwa ari ibinyoma.
Amakuru yakomeje acicikana ndetse impande zombi zerekana amashusho ko zifite site ya Kavumu kugeza nubwo Wazalendo zerekanye ko umugi ziwugendura binyuze mu nama zakoresheje harimo abaturage biganjemo (…)
Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, yasabye abasirikare b’igihugu by’u Buurndi FNDB kugendera kure politike y’amoko, bakigira muby’iterambere n’ubumwe bw’abaturage.
Ni impanuro Perezida Museveni yageneye abasirikare b’Abarundi bari kugirira uruzinduko muri Uganda.
Iri tsinda ry’abasirikare bakuru b’Abarundi 26 riyobowe na Col. Jonas Sabushimike. Riri muri Uganda mu rugendo rugamije kwigira ku mateka n’iterambere Uganda yagezeho ku buyobozi bw’ishyaka NRM.
Museveni yabwiye aba (…)
Umunyapolitiki utavuga rumwe na Guverinoma iyoboye Tanzania Tundu Lissu yahamwe n’icyaha cyo kugambanira igihugu, icyaha gihanishwa urupfu.
Ibi bivuzwe mu gihe mu gihugu cye hateganyijwe amatora y’Umukuru w’igihugu azaba mu Ukwakira uyu mwaka.
Mu mwaka wa 2017 Tundu Lissu yigeze kurokoka amasasu y’abashakaga kumuhitana, icyo gihe akaba yariyamamazaga nabwo afatanyije n’abo mu Ishyaka rye rya CHADEMA, rimaze igihe rihanganiye ubutegetsi na CCM riyobora Tanzania kuva yabona ubwigenge (…)
Abarwanyi b’ihuriro rifasha ingabo za RDC, Wazalendo bambuye ibice umunani bya teritwari ya Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo, mu burasirazuba bwa RDC.
Nyi intsinzi bakuye mu mirwano yo ku wa Gatatu, tariiki ya 9 Mata 2025, hagati y’abarwanyi ba Wazalendo n’ab’umutwe wa AFC/M23 ufite ibice binini by’Intara za Kivu zombi za DR Congo.
Teritwari ya Kalehe iri inyuma y’ikirwa cya Idjwi, wahuranyijemo hagati yacyo.
Amasoko atandukanye yabwiye Radio Okapi ko byo bice byigaruriwe na Wazalendo biri (…)
Uhagarariye u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye, yongeye gusabye iki gihugu ko abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside batandatu bihishe mu Bwongereza bagashyikirizwa ubutebaera, byakorerwa muri icyo gihugu barimo cyangwa bagasubizwa mu Rwanda kugira ngo bacirwe imanza.
Yibukije ko kuba bakiri mu bwihisho mu gihugu cy’u Bwongereza ari imbogamizi ikomeye ku butabera bw’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, anasaba ko u Bwongereza bwakomeza gufatanya n’u Rwanda mu guharanira ko habaho (…)
Gasabo na Nyarugenge babonye ababahagariye bashya muri Green Party
14 December 2025, by Valens NzabonimanaMushikiwabo nk’umukandida uzahagarira u Rwanda ku buyobozi bwa OIF
13 January 2026, by Valens Nzabonimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















