Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Mutungirehe Samuel
Kimwe n’ahandi mu gihugu hatandukanye icyorezo cya COVID19 cyageze, mukarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali hari umuryango ugizwe n’umugabo n’umugore bakuze barwaye COVID19 mu buryo bavuga ko bwabatunguye ariko uburyo babyitwayemo ngo byatumye n’abaturanyi bahigira isomo ubu bakaba baburira abagikerensa icyo cyorezo.
Mamaurwagasabo yasuye umwe mu miryango yo mu murenge wa Gatenga mu kagari ka Nyanza mu mudugudu wo Juru ho mu karere ka Kicukiro wagize ibyago yinjirwamo (…)
Mutesi Scovia
Kampala, Uganda, 26th Nov 2021 - African Governments must deliberately and sustainably review and streamline their taxation policies to ensure equity and progressive distribution of the tax burden across gender lines.
While Uganda, like other developing countries grapples with the continuing impacts of the pandemic and also tries to rebuild its economy, addressing the existing structural, systemic and intersecting inequalities in the socio-economic and political systems is (…)
Leta ya Koreya y’Amajyaruguru yahanishije igihano cy’urupfu umugabo winjije flash disque iriho filime ya “Squid Game” akayigurisha abanyeshuri.
RFA (Radio Free Asia) yatangaje ko iyi flash disque yinjijwe muri Koreya y’Amajyaruguru iturutse mu Bushinwa.
Uwayinjije mu gihugu yayigurishije umunyeshuri, na we atumira inshuti ze barebana iyi filime ya Squid Game yakozwe n’abo muri Koreya y’Amajyepfo.
Leta ya Koreya y’Amajyaruguru yahanishije uwinjije iyi filime igihano cyo kwicwa arashwe, (…)
Mutungirehe Samuel
Reta ya Tanzania yatangaje ko hakuweho itegeko ryari rimaze imyaka 19 ribuza abana b’abakobwa basamye inda gusubira ku ishuri.
Itegeko ryavugaga ko umukobwa wiga mu mashuri abanza n’ayisumbuye igihe bigaragaye ko yasamye inda ahita yirukanwa burundu ku ishuri.
Mu kiganiro n’abanyamakuru ejo ku wa gatatu mu Murwa Mukuru Dodoma, Minisitiri w’uburezi, Prof Joyce Ndalichako yatangaje ko abanyeshure bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye birukanywe ku ishuri kubera impamvu (…)
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko gahunda yo gukingira abaturage Covid 19 igiye gukomereza mu kiciro cy’ingimbi n’abangavu bari hagati y’imyaka kuva kuri 12 kugeza kuri 17 basaba ibihumbi 900 mu gihugu hose bari mu mashuri.
Ni igikorwa cyatangijwe ku mugaragaro ku rwego rw’Igihugu mu bigo bimwe na bimwe byo mu Mujyi wa Kigali ku wa Kabiri tariki 23 Ugushyingo 2021.
MINEDUC ivuga ko kuba iyi gahunda yatangirijwe ku bigo bitatu byatewe n’uko ari byo bigo byagaragaje umubare (…)
Umuyobozi W’Umuryango uharanira inyungu z’abacitse ku icumu IBUKA Egide Nkuranga, yagaragaje ko hari bamwe mu batanze ubuhamya mu Rukiko mpuzamahanga Mpanabyaha rwari rwarashyiriweho u Rwanda, bagize ikibazo cy’ihungabana bitewe n’ubibazo barizwaga mu rukiko.
Yabitangaje ku munsi wa Kabiri w’inama mpuzamahanga yari igamije kurebera hamwe ibyakozwe mu butabera bw’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe n’ Umuryango w’Ababiligi uharanira ubutabera mu Rwanda RCN (Réseau des (…)
MUTUNGIREHE Samuel
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed yatangaje ko noneho agiye kuyobora ingabo ze ari imbere "ku rubuga rw’imirwano", mu tambara ahanganyemo n’Ingabo z’umutwe w’ishyaka rya TPLF ryo mu ntara ya Tigray, zirimo kwegera umurwa mukuru Addis Ababa.
Dr. Ahmed giye gukora ikintu atibuka ko cyashyize mu kaga mugenzi we wategekaga Tchad, Idriss Deby Itno, wigeze kwiyemeza kujya ku murongo w’imbere ku rugamba ngo ajye kwihanganira n’inyeshyamba zashakaga kumuhirika ku (…)
Mutungirehe Samuel
Abayobozi 500 baherutse gutorerwa kujya mu Nama Njyanama na Nyobozi mu Turere twose wongeyeho na komite nyobozi ku rwego rw’intara n’Umujyi wa Kigali bahurijwe i Gishari mu karere ka Rwamagana mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda mu mwiherero mbere yo gutangira imirimo mishya ku batowe.
Aya mahugurwa aje nyuma y’umunsi umwe abayobozi bashya mu nzego z’ibanze barahiriye inshingano, muri manda y’imyaka itanu bagiye kuyobora.
Bagaragaye bose mu mpuzankano ya Polisi y’u (…)
By Eunice Musiime
The Covid-19 Pandemic has undoubtedly disproportionately affected women and girls due to the existing structural, systemic and intersecting inequalities in the socio-economic and political systems. Aside from the health impacts, the pandemic is revealing and exacerbating economic inequality. For developing countries such as Uganda, initiatives to build forward transformatively will require key stakeholders re-examining, re-imagining and reforming the current economic (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ubusanzwe ikipe ya APR Fc ni mukeba wa Rayon sports kuko iyo zakinnye habamo uguhangana gukomeye haba mu bakinnyi ndetse n’abafana ubwabo buri umwe aba yumva yatsinda,ikindi kandi imwe ihora ihiga gukura Indi ku ntebe ya mbere.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Ugushyingo 2021, kuri stade ya Kigali i Nyamirambo hategerejwe umukino w’ishyiraniro wa APR fc izaba yakiriye mukeba wayo Rayon Sports ifite abafana benshi cyane mu Rwanda no hanze yarwo.
Aya makipe amaze (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















