Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Nkuko tubiyesha BBC Karidinal Philippe Barbarin arashinjwa ko atashoboye gushyira ku mugaragaro ibyaha bijyanye no guhohotera abana bishingiye ku gitsina biregwa umupadiri wo muri diyoseze ye . Cardinal Barbarin akaba musenyeri wa diyoseze ya Lyon mu majyepfo y’Ubufaransa, yemeye ko yari kuba yarirukanye vuba na bwangu uwo mupadiri - Bernard Preynat - ariko arahakana ko yamukingiye ikibaba.
Abandi bantu batanu barimo abapadiri babiri nabo bararegwa muri urwo rubanza ruzamara iminsi itatu. (…)
Itegeko rishya ryasohotse mu gihugu cya Arabie Saoudite rivuga ko umugore wese wipfuza kwahukana azategereza ubutumwa bugufi bwohezwa n’urukiko kuri terefone ngendanwa bumwemerera kwahukana .
Nkuko tubicyesha bbc Abagore babahanga mu by’amategeko bavuze ko iryo tegeko rigiye gutuma kwahukana kwakoregwa mu mwibanga kurangira, mu gihe abagabo bo bashoboraga guta abagore babo batabibabwiye. Iryo tegeko rizatuma abagore bamenya uburyo bubatse,babone uburenganzira bwabo mugihe batandukanye (…)
Kiliziya gatulika nk’idini rikomeye muri Repubulika iharanira demukarasi ya Congo rivuga ko hari uwegukanye intsinzi mu matora yabaye kucyumweru gishize hakurikijwe amajwi yagaragaye nubwo bitari kujya ahagaragara.
Nkuko tubikesha ikinyamakuru BBC, Abasenyeri ba kiliziya gaulika muri Congo bakaba barashishikariza ubutegetsi bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuvugisha ukuri no gutangazavuba ibyavuye mu matora.
Iri dini rikaba rifite abayoboke benshi bagiye gukurikirana ayo (…)
Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo U Rwanda ruri ku mwanya wa gatandatu ku Isi, rukaba ku mwanya wa mbere mu rwego rw’Afurika mu kubahiriza ihame ry’uburingaire, n’ubwuzuzanye nk’uko byagaragajwe na raporo y’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ubukungu WEF ya 2018.
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, Mukabalisa Donatile yabitangarije mu Nteko Ishinga Amategeko kuwa 3 Mutarama 2019, mu butumwa yahaye abayigize bose, ubwo yatangizaga ku mugaragaro amahugurwa y’Abadepite.
Avuga (…)
Louise Mushikiwabo yatangiye imirimo mishya nk’Umunyamabanga Mukuru wa OIF
Nyuma yo gutorerwa kuba Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugubivuga Igifaransa, OIF, Louise Mushikiwabo yatangiye imirimo yatorewe.Kuri uyu wa Kane Michaëlle Jean yahererekanyije ububasha na Louise Mushikiwabo wamusimbuye.
Ku wa 12 Ukwakira 2018, nibwo Mushikiwabo wari usanzwe ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, yatorewe kuba Umunyabanga Mukuru wa OIF.
Louise Mushikiwabo akaba agiye kuyobora (…)
Ikinyamakuru MamaUrwagasabo ubwo cyumvaga inkuru y’indwara y’iseru mu magereza twashatse kumenya uko iyo ndwara yandura.
Mu nkuru yasohohotse mu kinyamakuru Igihe yavugaga ku kibazo cy’indwara y’iseru mu magereza, atandukanye yo mu Rwanda cyagize giti” “ Kuwa gatatu tariki ya 18 Ukuboza, nibwo muri Gereza ya Mageragere mu Karere ka Nyarugenge, imfungwa n’abagororwa 50 bafashwe n’indwara y’iseru.Nibwo urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa rwahagaritse ibikorwa byo gusura muri Gereza ya (…)
Mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 15 Urugaga rw’ababana na Virusi itera SIDA mu Rwanda (RRP+)ruvuga ko Kuva abafite ubwandu bwa Vírusi itera SIDA batangira gufata imiti igabanya ubukana, byagize impinduka nziza mu buzima bwabo. kuko ubwandu bwagabanutseho 82%.
ku bufatanye n’umuryango RRP+ (Réseaux Rwandais des Personnes vivants avec le VIH/SIDA), abaturage baturutse mu turere dutandukanye bahuriya i Kigali none tariki ya 17 ukuboza 2018 mu munsi mukuru, wo kwishimira ko uyu (…)
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yitabiriye Ihuriro rya Afurika n’u Burayi ryabereye mu mujyi wa Vienne muri Autriche.
Ni inama yitabiriwe n’abasaga igihumbi barimo abayobozi, abikorera ku giti cyabo haba muri Afurika n’i Burayi ndetse n’abahanga udushya.
Haganiriwe ku bintu bitandukanye birimo ishoramari n’ubufatanye bushobora gukomeza guhuza Afurika n’u Burayi, kugira ngo iyi migabane ikomeze kugana ku iterambere ntawe usigaye inyuma.
Amagambo Perezida Kagame yavuze ubwo (…)
Ababyeyi bahitamo guhishira abateye inda abana babo aho kubimenyekanisha ngo bakurikiranwe kuko babizeza kuzabafasha kurera bo babyaye barangiza bakabatererana . Ingaruka zikaza ku mwana, ubuzima bubi ku bana batewe inda imburagihe n’abo babyaye. Ubuyobozi buranenga ababyeyi bahitamo kubiceceka. Muri Kayonza habarurwa abana basaga 300 batewe inda.
Ubutabera mu Rwanda bwashyize imbere kumvikanisha no kunga abafitanye ibibazo, ariko ababukuriye batangaje ko hari ibyaha bitagomba kubamo (…)
Mu ijambo Perezida Kagame yagejeje ku bitabiriye Umushyikirano ku nshuro ya 16 yavuze ko bidakwiriye ko abaharanira ko Umuryango w’Africa y’uburasirazuba wihuza, usanga aribo bagirira nabi bamwe mu baturanyi babo babagendereye. Uyu munsi n’ejo Abanyarwanda b’imbere mu gihugu na bamwe baturutse hanze bateraniye mu nama y’igihugu y’Umushyikirano muri Kigali Convention Center.
Umukuru w’igihugu yavuze ko ubusanzwe iyo ujya kubana n’amahanga uhera ku baturanyi, nyuma ukagenda ubana n’abandi (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















