Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Kuri iki Cyumweru ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye akavidewo kagufi humvikanamo Umuyobozi wa Zion Temple avuga ko abasengera mu idini aribo gusa bazajya mu ijuru ko abandi ishyano ribaguyeyo.
Nyuma byaje kumenyekana ko ubwo butumwa buri muri iyo videwo yakwirakwije atari ubutumwa bw’ umwimerere kuko abakwirakwije iyo videwo yakwirakwiye kuri Facebook, Whatsapp na Twitter bahinduye ubutumwa Apotre Gitwaza yatanze.
Muri itangazo ryasinyweho na Ngabo Fabien David ushinzwe itangazamakuru (…)
Nyuma y’iminsi 12 atorewe kuyobora Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF), Mushikiwabo Louise yahererekanyije ububasha na Dr Sezibera Richard wamusimbuye muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga.
Uyu muhango wabaye kuri uyu wa 24 Ukwakira 2018. Witabiriwe n’abiganjemo abakozi ba minisiteri n’ibigo biyishamikiyeho.
Umunyamabanga Mukuru wa OIF, Mushikiwabo Louise, yasezeye ku bo bakoranye mu myaka icyenda ishize avuga ko yishimiye ko Minisiteri isigaye ahantu heza. Abakozi (…)
David Imbago Jácome The Youth Coalition for Sexual and Reproductive Rights (YCSRR) applaud the Commission’s focus on the social protection systems, access to public services and sustainable infrastructure for gender equality and the empowerment of women and girls in its upcoming session. YCSRR acknowledges that social protection is a human rights as stipulated under Article 22 of the Universal Declaration of Human Rights.
With the priority theme of CSW63, we urge the Commission to (…)
Ku italiki ya 18 Ukwakira, nibwo habaye umuhango rusange wari wateguwe na Huawei, Minisiteri y’Ikoranabuhanga n’iy’Uburezi, bakorewe umuhango wo gusezera ku banyeshuri umunani, biga muri kaminuza y’u Rwanda bagiye mu rugendo shuri mu by’ikoranabuhanga ahitwa Huawei mu gihugu cy’Ubushinwa.
Abo banyeshuri bazerekeza mu gihugu cy’Ubushinwa ku kicaro cy’ishuri ry’ikoranabuhanga kiri Huawei- Shenzhen, mu Bushinwa, bazahamara ibyumweru bibiri, bihugura ubumenyi ngiro bwimbitse buheruka ubundi mu (…)
Perezida Kagame yatangaje Guverinoma nshya igizwe n’abaminisitiri 19 batagaragaramo amazina yari akomeye nka Gen. Kabarebe James, Uwacu Julienne na Kaboneka Francis.
Muri Guverinoma nshya, hagaragayemo abaminisitiri batandatu bashya, naho Minisiteri yari ishinzwe Ibiza n’Impunzi ihindurirwa izina yitwa ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi. Minisiteri yari ishinzwe Ubutaka n’Amashyamba nayo ntigaragara mu ziri muri iyi guverinoma.
Mu mpinduka zakozwe muri Guverinoma, Minisitiri w’Ububanyi (…)
Itangazo rivuye mu biro bya Minisitiri w’Intebe ryatangajwe na Guverinoma y’u Rwanda ni iry’impunduka zikomeye zabaye muri za Minisiteri zinyuranye. Minisitiri w’Ingabo, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Minisitiri w’Umuco na Siporo, Umuyobozi mukuru wa Police ni bamwe mu basimbuwe mu buryo butari bwitezwe cyane.
Prof Shyaka Anastase wari umuyobozi w’Urwego Rw’igihugu rushinzwe imiyoborere yasimbuye Hon Francis Kaboneka wari umaze imyaka ibiri ari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, uyu (…)
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabye ihagarikwa ry’iperereza ku ihanurwa ry’indege yari itwaye Perezida Juvénal Habyarimana, ryo ku wa 6 Mata 1994, ryakorwaga guhera mu 1998.
Inyandiko yo ku wa 10 Ukwakira yashyizweho umukono n’umushinjacyaha Nicolas Renucci, ivuga ko Ubushinjacyaha busanga ibikubiye mu kirego bidahagije ku ikurikiranwa ry’abayobozi icyenda b’u Rwanda bashinjwa uruhare mu ihanurwa ry’iyo ndege, kugira ngo dosiye ishyikirizwe urukiko.
Umubiligi Me Bernard Maingain (…)
Kimwe n’ abandi Banyarwanda benshi n’ abanyamahanga, Jeannette Kagame, Umufasha wa Perezida w’ u Rwanda nawe yifashishije urubuga rwa Twitter agaragaza ibyishimo yatewe n’ intsinzi ya Louise Mushikiwabo watorewe kuba Umunyamabanga Mukuru w’ Umuryango w’ ibihugu bikoresha Igifaransa.
Ubu butumwa Jeannette Kagame yabwanditse mu gifaransa , umanza bifitanye isano no kuba Louise Mushikiwabo yatorewe kuba Umunyamabanga Mukuru wa OIF.
Tugenekereje mu Kinyarwanda yagize ati “Jya mbere (…)
Abanyarwanda by’umwihariko abageze mu za bukuru n’abagore batwite, basabwe kuba maso no kwihutira kugana abaganga mu gihe babonye ibimenyetso by’indwara yo kuvura kw’amaraso, imaze kugaragara ko iteye inkeke kandi itwara ubuzima bw’abantu.
Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu, ku bitaro byitiriwe Umwami Faisal, mu bukangurambaga bugamije kumenyekanisha no gusobanurira abanyarwanda indwara yo kuvura kw’amaraso.
Iyi ndwara izwi nka Thrombosis yica abantu batayizi kuko ifata umuntu (…)
Umushinga Ibyiringiro by’umuryango (Hope of Family) ukorera mu karere ka Muhanga, wiyemeje kuzamura imibereho myiza y’umuryngo, kubatoza kugira isuku , gusana inzu z’imiryango 20 zituyemo, gutanga inka 20 kuri iyo miryango ndetse no kububakira uturima tw’igikoni.
Ibi byavugiwe mu nama yabeye mu karere ka Muhanga, Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 13 ukwakira, aho umushinga Hope of Family, waje uje gufasha abakene,bakabagurira bimwe mu bikoresho by’ishuri abana babo bakeneye. (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















