Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
By Geneviève Gencianos
His name is George. Every morning, this employee of the North Lebanon Water Authority wakes up with an obsession: to provide drinking water to all the families in Wadi Khaled village. A huge challenge, as its population has doubled in size since 2011 due to the arrival of tens of thousands of Syrians fleeing the bombardments. Even before the war, few households had access to running water. Since then, the number of refugees has surpassed that of Lebanese citizens, (…)
Umwana utarageza igihe cyo kujya kwiga usanga ari kumwe na nyina cyane umwana wonka, agumana na nyina kuko ntaba afite wo amusigira. Bamwe mu bagore bo mu murenge wa kigabiro mu karere ka Rwamagana bavuga ko batemerewe kujyana abana mu mirima y’imiceri kandi ubusanzwe gukora mu muceri n’ibyo bibaha amafaranga.
Ingabire Mariya n’umwe mu bagore baturiye igishanga bavuga ko kuba bafite abana bato bituma badashobora kubona amahirwe yo kujya gukorera amafaranga, yagize. Ati “ Nkajye fite (…)
Umuryango nyarwanda w’Abagore bafite ubumuga(UNABU), urasaba ko buri muryango wose uhagururkira kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa byumwihariko abafite ubumuga .
Mu minsi 16 yahariwe kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore na bakobwaa , hibazwo kubibazo abafite ubumuga bakunze guhura na byo banarebera hamwe umwanzuro. Wafatwa.
Mubyo basabye kandi harimo n’uko muri burinyubako bazashyiraho uburyo bwo gushyiraho inzira y’abafite ubumuga.
Byavugiwe munama yabaye none kuwa 5 (…)
Mukarere ka Bugesera mu murenge wa Ngeruka hara umwana w’umukobwa wasambanyijwe twise, Uwimana mu rwego rwo kurinda uburenganzira bwe nk’umwana ndetse nk’uwahohotewe. Afite imyaka 15 muri uko gusambanywa yatewe inda afite amezi 6 :umubyeyi wuwo wasambanyijwe avuga ko umunsi asambanywa yamubwiraga ibyabaye ntabyunve kugeza ubwo yamweretse ku gitsina, nyina abona koko yasambanyijwe ariko yamubaza uwariwe agaca amarenga amwereka ko uwabikoze yari ku Igare akajyenda .
Mukamana ni izina (…)
HABUMUREMYI Viateur
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Gashora bahangayikishijwe n’imyitwarire y’abana b’abakobwa babyara bakiri bato aho basanga iyi myitwarire ishingiye ku cyo abana bise uburenganzira byutuma batumvira ababyeyi babo.
Nyinawabasinga Immaculee ni umubyeyi uvuga ko kirazira na baranyica iwacu ryari ijambo umwana yagenderagaho akirinda byishi, nyamara ngo ntibikibaho kuko utinyutse no kumukoza akanyafu ahamagara police bityo bigatuma igitsure cy’ababyeyi kitakibaho (…)
Minisitiri w’Umuco na Siporo, Nyirasafari Espérance yatangaje ko ubushobozi buke budakwiye kuba impamvu ibuza abantu gushyingirwa ngo ntibafite inkwano cyangwa amafaranga yo gukoresha ubukwe buhenze, ibi byose ngo kutabigira si igisebo ababyeyi bakwiye korohereza abana babo ku kijyanye n’ inkwano.
Ubu butumwa yabutangiye mu Karere ka Ngororero, ubwo yifatanyaga na ko mu imurikabikorwa kukwimakaza ihame ry’uburinganire. Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwasezeranyije imiryango isaga 140 (…)
Umugabo witwa Nshimiyimana wo mu mudugudu wa Gashoro, akagari kitwa Gashoro, mu murenge wa Rwerere, mu Karere ka Burera yishe umugore we witwa witwa Mujawamariya Marceline amuemesheje umuhoro. Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru nibwo hamenyekanye amakuru y’aya mahano, inzego z’umutekano zihita zita muri yombi Nshimiyimana wari umaze kwipfakaza. Abaturanyi b’uyu muryango bahuriza kukuba wari usanzwemo amakimbirane ashingiye ku mitungo, bagashimangira ko ariyo ntandaro y’ubu bwicanyi. Banavuga (…)
Uyu munsi u Rwanda rwifatanije n’isi yose mu gutangiza iminsi 16 y’ubukangurambaga mu kurwanya Ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa.
Iki gikorwa cyabimburiwe n’ urugendo rwahereye ku Nteko Ishingamategeko rusorezwa kuri Stade Amahoro ahatangiwe ibiganiro.
Nyirahabimana Solina, Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango yabwiye abitabiriye ibiganiro ko bakora ibishoboka kugirango abana n’abagore bareke guhohoterwa.
Agira ati”twakoze ubukangurambaga butandukanye aho (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















