Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Saa mbiri bari bageze ku rukiko rukuru ku Kimihurura, icyumba cy’Urukiko cyarimo abantu benshi, abo mu muryango wabo n’inshuti zabo n’itangazamakuru. Nyuma yo kurekurwa by’agateganyo mu kwezi gushize, ubu ni ubwa mbere bagejejwe imbere y’Urukiko.
Umushinjacyaha yatangiye abibutsa ibyaha baregwa birimo; guteza imvururu muri rubanda, gukurura amacakubiri, no gukwirakwiza bihuha byangsha abaturage ubutegetsi buriho.
Adeline Mukangemanyi niwe watangiye yiregura, umwunganizi we Me Gatera (…)
Abanyeshuri 8 b’Abanyarwanda biga ikorana buhanga bari mu rugendo shuri mu bushinwa bishimiye amahirwe bahawe yo kwiga umuco w’Abashinwa n’ururimi rwabo b’anashishikariza abandi Banyarwanda kumenya uru rurimi kuko ari ingenzi.
Abanyeshuri 8 batoranyijwe mu banyeshuri 52 bo muri kaminuza zitandukanye zo mu Rwanda biga ibijyanye n’ikoranabuhanga bahagurutse mu Rwanda kuwa 18 Ukwakira bagiye gukarishya ubumenyi bwabo mu ikoranabuhanga mu Bushinwa bajyanywe n’ikigo k’ikoranabuhanga HUAWEI muri (…)
Bamwe mu banyamakuru bari mu karere ka Rubavu barimo guhugurwa ku gukora inkuru ku ndwara z’ibyorezo, kwirinda inkuru z’ibihuha kuko byateza akaga ku baturage kurusha icyorezo cyariho.
Ubusanzwe abanyamakuru bakora inkuru z’ubuzima, bimwe mu byo batangaza harimo kuvuga ubwoko bw’indwara zitandukanye ,bakerekana uko zakwirindwa binyuze mu nshingano z’itangazamakuru zirimo kumenyesha abaturage.
Muri iki gihe harimo kumvikana ibyorezo mu bihugu bitandukanye by’indwara ya EBOLA u Rwanda (…)
Bimaze kuba umuco ko icyumweru cya mbere n’icya gatatu cy’ukwezi, ibihumbi by’abatuye Kigali no mu nkengero zayo bahurira muri siporo rusange bagakora imyitozo ngororangingo.
Ni igikorwa cyimakajwe mu b’ibyiciro byose kuva ku bana bato, urubyiruko, ababyeyi kugeza ku bayobozi bakuru b’igihugu.
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, ku wa 4 Ugushyingo, Madamu Jeannette Kagame yongeye kwifatanya n’abaturage muri ‘Car Free Day’, bakorana siporo. Yaherukaga kuyitabira ku wa 15 Nyakanga 2018, ari (…)
Igifaransa ni rwo rurimi rukumbi rukoreshwa mu Nama y’Abakuru b’Ibihugu by’Umuryango w’Ibigikoresha (OIF) n’izindi gahunda zawo.
Inama ya 17 ya OIF yabereye i Erevan muri Arménie ku wa 11-12 Ukwakira 2018, nta mwihariko yagize ku bijyanye n’indimi zikoreshwa! Ni yo Mushikiwabo Louise wayoboye Ububanyi n’Amahanga bw’u Rwanda kuva mu 2009 yatorewemo kuba Umunyamabanga wa OIF ahigitse Umunya-Canada, Michaëlle Jean.
Perezida Kagame ni we wamwamamaje, avuga ibigwi bye ndetse anashimira (…)
Yanditswe na: Olive MUKAHIRWA
Ikibazo cy’aho ubwenge umwana agira buturuka cyakomeje kwibazwaho n’abatari bake muri iyi si, bisunikira abashakashatsi kubikoraho ubucukumbuzi.
Hari ubushakashatsi butandukanye bwagiye bwemeza ko ubwenge bw’umwana buturuka ku babyeyi be, ariko ubushakashatsi busobanutse bwemeje ko ubwo bwenge umwana abukura by’umwihariko kuri nyina kubera uturemangingo tw’isano iba iri hagati y’umwana na nyina. Iyo sano ikaba ibitse amakuru yose mu bushobozi bw’ubwonko bwa (…)
Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko ejo hazaza ha Afurika hazashingira ku ngamba zikomeye zigamije guhashya ruswa mu nzego zose.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 31 Ukwakira 2018, ubwo yatangizaga Inama y’iminsi ibiri yateguwe n’Inteko Ishinga Amategeko Nyafurika ku Burenganzira bw’Abagore igamije guhashya ruswa.
Madamu Jeannette Kagame yavuze ko kurwanya ruswa muri Afurika bikwiye kuba ibya buri wese by’umwihariko abagore kuko ari bo bazahazwa cyane n’ingaruka zayo.
Yavuze ko (…)
Abize amasomo ajyanye n’inderabarezi nibo benshi mu banyeshuri basaga 7000 bahawe impamyabumenyi zisoza ibyiciro bitandukanye muri Kaminuza y’u Rwanda.
Kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Ugushyingo, Kaminuza y’u Rwanda yashyize ku isoko ry’umurimo abakozi 7050.
Ni birori byabereye kuri Stade ya Huye mu Karere ka Huye, mu rwego rwo kwizihiza imyaka 55 Kaminuza ya mbere ibayeho mu Rwanda.
Mu banyeshuri barangije, abo mu cyiciro cya gatatu cya Kaminuza ni 509, naho umwe ni we uhabwa (…)
Bwa mbere mu mateka yayo, Ethiopia yashyizeho Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga w’umugore, Meaza Ashenafi.
Ashenafi w’imyaka 54 y’amavuko, yemejwe kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2018 n’Umutwe w’Abadepite, nyuma yo gutangwaho umukandida na Minisitiri w’Intebe, Ahmed Abiy.
Meaza Ashenafi ni umunyamategeko washinze Ishyirahamwe ry’Abavoka b’Abagore (EWLA) muri Ethiopia, nk’uko tubikesha African News. Minisitiri Ahmed Abiy amaze gukora impinduka zidasanzwe mu gihe gito amaze ku buyobozi muri iki (…)
Kuri uyu wa Mbere, abayoboke ba ADEPR 12 bari mu buyobozi bwayo bitabye urukiko kugira ngo bisobanure ku byaha bakurikiranyweho birimo kunyereza umutungo no gukoresha impapuro mpimbano.
Mbere y’uko iburanisha ritangira, umucamanza yatanze ijambo ku mpande zombi, aho Ubushinjacyaha bwavuze ko abandi bantu 32 baregwa muri iyi dosiye nabo bazanwa mu Rukiko.
Muri abo bose harezwe 20 ariko abakurikiranwe ni 12, ari nabo bari mu cyumba cy’iburanisha.
Abunganira abaregwa bo bavuze ko urubanza (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















