Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Yanditswe na Muremyi Viateur
Amakuru dukesha urubuga rwa Twitter rwa Perezidansi ya Repubulika y’u Rwanda ni uko abakuru b’ibihugu n’abazaguverinoma bateraniye mu nama ya 17 y’Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa bose bemeje bidasubirwaho ko Louise Mushikiwabo ariwe Muyobozi mushya w’uyu muryango.
Louise Mushikiwabo akaba agiye kuyobora OIF muri manda y’imyaka ine. Amakuru dukesha Radiyo mpuzamahanga y’abafaransa ni uko Mushikiwabo ategerejweho inshingano zikomeye zo kwimakaza imiyoborere myiza, (…)
Guhera kuri uyu wa gatanu taliki ya 12 Ukwakira 2018 mu Rwanbda haratangira ubushakashatsi bwimbitse kuri Virusi itera Sida, buzakorwa hapimwa abantu bari mu ngo zigera ku bihumbi 11 bukazakorerwa ku bantu 29.993 bazasanga mu ngo bakabapima virusi itera Sida n’indwara z’umwijima bagahita babaha ibisubizo.
Kuri uyu wa gatatu nibwo hatangijwe ku mugaragaro ubushakashatsi bwa RPHIA mu Rwanda bugamije gutanga imibare ifatika ku cyorezo cya Sida no kugaragaza icyo gahunda yo gutanga imiti ku (…)
Yanditwe na Muragijemariya Juventune
Mu gihe habura iminsi 28 ngo habeho amatora yumukuru w’umuryango uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa (OIF), harekuwe imfungwa n’abagororwa 2140 irifungurwa rishobora guha amahirwe umukandida w’umunyarwandakazi, nkuko inzore mu bya Polikite mpuzamahanga akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda Dr Kayumba Christopher.
Nyuma y’umwanzuro wafashwe n’inama y’abaminisitiri idasanzwe iyobowe na nyakubahwa Perezida wa Lepubulika y’Urwanda Paul Kagame yo Kuya 14 Nzeri 2018, harekuwe (…)
Uyu mugabane ufite ibihugu bisaga icya kabiri cy’ibigize uyu muryango ndetse abaturage benshi bakoresha Igifaransa niho ubasanga kurusha ahandi. Iki kikaba ari ikigaragaza ko umwanya w’Ubunyamabanga Bukuru bwa OIF ugomba kugaruka muri Afurika.
Mu minsi mikeya iri imbere (ku itariki 12 Ukwakira 2018), Umunyamabanga Mukuru mushya wa OIF azatorwa n’abakuru b’ibihugu cyangwa aba guverinoma bagera kuri 54 mu nama iteganyijwe kubera I Erevan muri Armenie.
Aba bakuru b’ibihugu cyangwa za (…)
Umunyamakuru Mugabe Robert ukekwaho gusambanya abakobwa babiri barimo utarageza imyaka y’ubukure,no guha undi imiti ikuramo inda kuri uyu wa imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama mu Karere ka Kicukiro rumurekuye bya gateganyo .
Kuri uyu wa Mbere nibwo urukiko rw’ibanze rwa Kagarama rwasomye imyanzuro ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Mugabe, rutegeka ko arekurwa akazakomeza gukurikiranwa adafunzwe.
Mugabe aregwa hamwe na Dr Rurangwa Emmanuel na Dr Karegeya Byambu Adolphe, (…)
Urukiko Rukuru rwahaye agaciro ubusabe bwa Diane Rwigara n’Umubyeyi we Mukangemanyi Adeline, bemererwa kurekurwa by’agateganyo ariko rutegeka ko batagomba kurenga Umujyi wa Kigali batabiherewe uburenganzira.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Ukwakira nibwo hasomwe umwanzuro w’Urukiko Rukuru ku busabe bwa Diane Rwigara na Adeline Rwigara bwo gufungurwa by’agateganyo.
Ku wa 23 Ukwakira 2017 nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Diane Rwigara na nyina Mukangemanyi Adeline (…)
Mugihe hirya no hino mu Rwanda hadasiba kumvikana ubwicanyi butandukanye buri hagati y’abashakanye ,abana bica ababyeyi babo, gusambanya abana no gufata ku ngufu, abihayimana baravuga ko bakwiye guhaguruka bakagira icyo bakora.
Bwavugiwe mu kiganiro nyunguranabitekerezo cyateguwe, numuryango urwanya ubukene n’akarengane Actionaid,kuri uyu wa 4 Ukwakira 2018 hano I Kigali , Abihayimana barikumwe n’inzego za Leta n’abahagarariye imiryango itegamiye kuri Leta bahuriye hamwe kugira ngo (…)
Muri iri joro rishyira kuri uyu wa Gatatu, inzego z’umutekano zatabaye imvururu zaturutse ku makimbirane hagati y’umugabo n’umugore batuye mu Murenge wa Nyakabanda, mu Kagari ka Munanira ya mbere ahazwi nko ku Ntaraga.
Ni ikibazo cyavutse mu rugo rwa Twahirwa washakanye na Umurungi (amazina yabo bombi yahinduwe) , basanganywe amakimbirane ndetse yamaze kugezwa ku nkiko. Intandaro y’aya makimbirane yabaye ko Twahirwa wari uherutse kumara amezi agera kuri atandatu afunzwe azira (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















