Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Ababunganira ni bo basobanuraga impamvu urukiko rwashingiraho rubarekura by’agateganyo, Ubushinjacyaha bwavuze ko barekuwe bakongera gukora ibyaha nk’ibyo bakurikiranyweho.
Ku isaha ya saa mbili, ababuranyi, Adeline Mukangemanyi Rwigara na Diane Shima Rwigara bari bageze ku rukiko Rukuru kuburana ifunga n’ifungurwa by’agateganyo, ababunganira bavuze ko mu bushishozi bw’urukiko rwagendera ku ngingo batanze bakarekurwa hagendewe ku kuba bamaze igihe kirekire bafunzwe. Ubushinjacyaha bwo (…)
Umugore w’umunyamategeko ukomoka muri Brazil witwa Tatiane Spitzner w’imyaka 29 yishwe n’umugabo we ubwo yashwanaga,witwa Luis Felipe Manvailer,birangira amusunitse hasi y’inzu babamo,avuye ku igorofa rya kane.
Nkuko byagaragajwe n’amashusho ya CCTV,uyu mugabo gica yatangiye gushwana n’umugore we bari mu modoka,arasohoka uyu mugabo aramukurikira,bombi barwanira muri lift birangira uyu mugabo asunitse uyu mugore hasi amunyujije mu idirishya ry’iyi nzu ndende
Uyu mugabo wigisha isomo (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa matimba mu karere ka Nyagatare bavuga ko kuba abagore aribeshi mu nteko badatanga usaruro ungana nuko bangana kuko haracyari bibazo byugarije abagoe byishi ugasanga imyaka ishije abagore bahagariwe mu nteko bakabaye barabicyemuye.
Rwagahigi Emmanuel n’umwe mu baganiriye n’ikimyamakuru Mamaurwagasabo.rw aho avuga ko abagore bacyugarijwe nibibazo asanga abagore batowe bakwiye kuba barabicyemuye kuko bajya mu nteko aribo bahagariye Rwagahigi yagize (…)
Madamu Jeannette Kagame yahawe igihembo cy’umugore wabaye indashyikirwa muri Afurika, ashimirwa umusanzu we mu rugamba rwo guharanira ukwibohora, iterambere n’amahoro mu Rwanda no ku mugabane wa Afurika.
Iki gihembo yagihawe mu ijoro ryo ku wa 29 Nzeri 2018, mu birori byabereye mu Mujyi wa Johannesburg muri Afurika y’Epfo . Ambasaderi w’u Rwanda muri Afurika y’Epfo, Vincent Karega niwe wakiriye iki gihembo kigenewe Madamu Jeannette Kagame.
Ibi bihembo byiswe African Women of Excellence (…)
Minisitiri w’Ubuzima Dr. Gashumba Diane abona ko itangazamakuru ari uburyo bwiza bwo gufasha inzego, kugira ngo haboneke amakuru mu buryo bwo kunoza Serevisi.
Minisitiri Gashumba yabigarutseho mu kiganiro nyungurana bitekerezo, cyahuje iyi Minisiteri y’ubuzima n’ikigo RSSB, n’imiryango itegamiye kuri Leta ndetse n’izindi nzego zitandukanye n’abanyamakuru bakorana n’umuryango w’abanyamakuru baharanira Amahoro (Pax Prees), aho bagaraza bime mu bibago bya serivise zigaragara mu buvuzi. (…)
Hashize iminsi humvikana ihoterwa rishingiye ku gitsina aho abashakanye bicana no gusambanya abana bagaterwa n’inda kuburyo imibare igaragara ubu yanatangajwe 2016 abana babyaye bagera 1700 ibintu bihangakishije Igihugu.
Ibi byagarutweho mu nteko rusange ya 17 ya huje abagore bahagariye abandi mu nama y’igihugu y’abagore, aho Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Nyirasafari Esperance yi bukije bamutima w’urugo kurwanya ihohoterwa rikorwerwa mungo, cyane inda ziterwa (…)
Umunyamakuru Mugabe Robert ukekwaho gusambanya abakobwa babiri barimo utarageza imyaka y’ubukure, kuri uyu wa Kane yagejejwe imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama mu Karere ka Kicukiro, ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Mu bakobwa babiri Mugabe aregwa, uretse utarageza ku myaka y’ubukure ufite 17, harimo ufite imyaka 19 akekwaho ko yateye inda ndetse akagerageza kumuha imiti yo kuyikuramo.
Ku isaha ya saa yine n’igice nibwo Mugabe uyobora ikinyamakuru Greatlakes Voice (…)
Mukabalisa Donatille wari usanzwe ayobora Inteko Ishinga Amategeko, yongeye gutorerwa kuyiyobora muri manda nshya y’imyaka itanu.
Amatora ya Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko yabaye kuri uyu wa 19 Nzeri 2018 nyuma y’umuhango w’irahira ry’abadepite bashya 80.
Nk’uko bisanzwe, biro y’Inteko Ishinga Amategeko iyo imaze gutorwa, ihita irahirira inshingano nshya iba ibonye nyuma nayo ikazashyiraho abayobozi ba za Komisiyo.
Mukabalisa yungirijwe na ba Visi Perezida babiri, ushinzwe Imari (…)
Yanditswe na Nuwamanya Amon Bernard
Ibyiciro by’ubudehe bifasha abaturage kubona inkunga itangwa na Leta ho uri mucyambere hari nigihe nuri mu cyakabiri afashwa bitewe nikibazo afite.
Ahabwa ibyibanze mu kumutunga kwiga kw’abana,ubwisungane mukwivuza agahabwa n’inzu kandi ufite imbaraga agahabwa imirimo muri VUP udafite imbaraga atagira nuwabasha gukora muri uwo muryango ahabwa inkunga y’ingoboka kuburyo nuwahuye nikiza afashwa kubona icumbi.
Uwamahoro Martha we yahuye n’ikiza abura (…)
Iyi nkuru turayikesha Igihe
Dosiye y’Umunyamakuru Robert Mugabe ukekwaho gusambanya abakobwa babiri barimo umwe utaruzuza imyaka y’ubukure, yamaze kugezwa mu bushinjacyaha.
Robert Mugabe yatawe muri yombi ku wa 10 Nzeri nyuma y’ikirego kivuga ko yasambanyije abakobwa babiri bavukana barimo umwe utaruzuza imyaka y’ubukure.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwavuze ko Mugabe akekwaho gusambanya abakobwa babiri, umwe w’imyaka 19 akamutera inda nyuma akamushakira imiti yo kuyikuramo. (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















