Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Kenya: Abakobwa 34 birukaniwe gutsindwa mu ishuri
Kenya: Abakobwa 34 birukaniwe gutsindwa mu ishuri

Abanyeshuri b’abakobwa 34 bo mu ishuri ryisumbuye rya Nasokol mu Burengerazuba bwa Pokot muri Kenya, birukanwe kuri uyu Kabiri bazira kugira amanota make mu ishuri.
Umuyobozi mushya w’iri shuri niwe wategetse ko aba bakobwa biganjemo abo mu mwaka wa Mbere n’uwa Gatatu bakina umupira w’amaguru birukanwa.
Aba bakobwa bazanwe n’umuyobozi wari usanzwe kuri iki kigo kuko bakina umupira w’amaguru, bakaba bigaga batishyura amafaranga y’ishuri ndetse no gutsindwa mu ishuri ntibibe ikibazo. (…)

424 Shares 4 Comments
Kayonza: Bwe mu batora abagore ntibazi icyo abadepite bashijwe
Kayonza: Bwe mu batora abagore ntibazi icyo abadepite bashijwe

Mu karere ka kayonza cyi mwe na handi mu gihugu, kuruyu wa kabiri 4 Nzeri 2018 habaye amatora y’icyiciro cyihariye cya bagore aho barimo gutora abazahagarira abandi muntekoshingamategeko umutwe w’abadepite bangana 30%.
Bamwe mu bagore bo mu murenge wa mukarange ni mu kagali ka bwiza aho abagore bahagariye abandi bagiye mu matora bavuga ko batora bagore kugirango bavuganire, Mukangarambe mariya numwe mubatoye avuga ko badepite atazi icyo bakora ariko yumva bavuga ko bazabavuganira agira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gasabo :bibukijwe ibyo umuryango FPR ibikorwa wakoze basabwa kongera gutora kugipfunsi
Gasabo :bibukijwe ibyo umuryango FPR ibikorwa wakoze basabwa kongera gutora kugipfunsi

Yanditwe na NUWAMANYA Amon Bernard
Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi nandi mashyaka yifatanyije nabo bari
bitabiriye ibi bikorwa byo kwamamaza abakandida ba FPR aho bibukijwe ko hari byishi umuryango FPR wa koze bakwiye gutora neza kugirango babashe gusigasira ibyagezweho.
Ibi byavugiwe mu murenge wa Rusororo ahari abanyamuryango ba FPR Inkotanyi babwiwe nushijwe kwamamaza mu karere ka Gasabo Rwagaju Willy yabwiye abanyamuryango ko hari byishi byo kurinda, batore kugipfunsi (…)

424 Shares 4 Comments
Umugore wa mbere wahawe ipeti rya Burigadiye Jenerali muri Somalia
Umugore wa mbere wahawe ipeti rya Burigadiye Jenerali muri Somalia

Zakia Hussen Ahmed wari Colonel yazamuwe mu ntera agirwa Brigadier Jenerali, aba umugore wa mbere uhawe ipeti ryo kuri uru rwego mu mateka ya Polisi ya Somalia.
Umuhango wo kwambika amapeti abapolisi bazamuwe mu ntera barimo na Brigadier Jenerali Zakia Hussen Ahmed wabereye mu Kigo cya Gipolisi i Mogadishu ku wa 26 Kanama 2018.
Minisitiri w’Intebe muri Somalia, Hassan Ali Khayre, yashimangiye ko uruhare rw’abagore mu gihugu rukwiye kubahwa.
Yagize ati “Ndashishikariza abagore bo muri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ngarorero: Abagore bafite ubumuga barifuza ko abadepite bajya mu Nteko bashyiraho uburyo bwo kubarengera ku mutungo
Ngarorero: Abagore bafite ubumuga barifuza ko abadepite bajya mu Nteko bashyiraho uburyo bwo kubarengera ku mutungo

Mu Nteko ishingamategeko umutwe w’abadepite hateganywamo abadepite 80 muri bo harimo abagore 24 bangana na 30% by’abagize inteko.
Bamwe mu bagore bafite ubumuga basanga hakiri ikibazo cyo kubona uburenganzira ku mitungo, aho nk’umugore utabona asinya atazi ibyanditswe bigatuma habaho no kumubeshya. Mu mvugo z’abiyamariza kujya mu nteko si kenshi bavuga ku bibazo by’abafite ubumuga, ibyo bigatere abafite ubuga impungenge.
Umwe mu bagore bo mu karere ka Ngororero utakunze ko amazina ye (…)

424 Shares 4 Comments
Kacyiru: Abapolisikazi bibukijwe ko bashoboye bakwiye kuva ku myumvire ya kera
Kacyiru: Abapolisikazi bibukijwe ko bashoboye bakwiye kuva ku myumvire ya kera

Abapolisikazi bibukijwe ko bashoboye kimwe na basaza babo, bityo bakwiye kwirengagiza amateka yakunze kuranga umuryango nyarwanda wahezaga inyuma igitsina gore mu mirimo imwe n’imwe bitwaje ko ari abanyantege nkeya.
Ibi ni ibyagarutsweho ku wa kane tariki 23 Kanama 2018, mu nama yahuje abashinzwe gukurikirana uko ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye ryubahirizwa muri Polisi y’u Rwanda (Gender Focal persons)
Ubwo yatangizaga ku mugaragaro iyi nama y’iminsi ibiri, Umuyobozi w’ishami (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Paul Kagame yahaye G.S Kimironko ya mbere, inkunga ya miliyoni 5
Perezida Paul Kagame yahaye G.S Kimironko ya mbere, inkunga ya miliyoni 5

Kuri uyu wa 25 Kanama 2018 Perezida Paul Kagame yateye inkunga ya miliyoni eshanu z’amafaranga y’u Rwanda, Urwunge rw’Amashuri rwa Kimironko I, izafasha mu kubaka ibyumba by’amashuri 18 bishya.
Iyi nkunga yatangajwe na Minisitiri w’Ingabo Gen James Kabarebe, ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu Murenge wa Kimironko ho mu Karere ka Gasabo, mu muganda rusange ngarukakwezi, kuri uyu wa 25 Kanama 2018.
Uyu mushinga w’ubwubatsi uzamara amezi atandatu, hubakwe ibyumba by’amashuri 18 byiyongera (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yitabiriye umuhango w'irahira rya Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe
Perezida Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umuyobozi wa Afurika Yunze Ubumwe, ni umwe mu banyacyubahiro bitabiriye irahira rya Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa.
Mnangagwa yatorewe kuyobora Zimbabwe mu matora yabaye tariki 30 Nyakanga 2018, atsinze Nelson Chamisa ku majwi 50.8 %.
Perezida Kagame yageze i Harare ahagana saa yine za mu gitondo kuri iki Cymweru nkuko Televiziyo ya Zimbabwe, ZBC yabitangaje.
Umuhango wo kurahiza Mnangagwa wanitabiriwe na Perezida wa Zambia, Edgar (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gasabo:Mukafurika Annoncita arishimira amahoro afite akomoka ku muryango FPR Inkotanyi
Gasabo:Mukafurika Annoncita arishimira amahoro afite akomoka ku muryango FPR Inkotanyi

Ubu ni bumwe mu buhamya bwatanzwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Kanama 2018, ubwo abakandida ba FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije biyamamarizaga i Bweramvura, mu murenge wa Jabana, Akarere ka Gasbo.
Mukafurika Annoncita atuye mu kagari ka Kabuye, Umurenge wa Jabana, mu karere ka Gasabo. Ni umuhinzi umaze kwiteza imbere abikuye mu buhinzi bw’imboga, amasaro, ibijumba n’ibishyimbo. Mu buhamya bwe ashima cyane FPR Inkotanyi kuba yaragaruye umutekano mu gihugu, ubu akaba (…)

424 Shares 4 Comments
Kayonza:abagore barifuza ko abadepite bajya mu nteko bashyira imbere inyungu z'abagore babatoye
Kayonza:abagore barifuza ko abadepite bajya mu nteko bashyira imbere inyungu z’abagore babatoye

Mu nteko ishingamategeko umutwe w’abadepite hateganywamo abadepite 80 muri bo harimo abagore 24 bangana na 30% by’abagize inteko. Abaturage bo mu karere ka kayonza bakaba basaba ko abagore bajya mu nteko bahagarariye abagore bajya babavugira by’umwihariko.
Abakandida bahagariye abagore mu ntara y’iburasirazuba biyamamarije no mu Karere ka Kayonza imbere y’inteko itora aho bagaragaje imigabo n’imigambi yabo. Abagore bakurikirana uko abagore biyamamaza bafite ibyifuzo bumva (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru