Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Abanyeshuri b’abakobwa 34 bo mu ishuri ryisumbuye rya Nasokol mu Burengerazuba bwa Pokot muri Kenya, birukanwe kuri uyu Kabiri bazira kugira amanota make mu ishuri.
Umuyobozi mushya w’iri shuri niwe wategetse ko aba bakobwa biganjemo abo mu mwaka wa Mbere n’uwa Gatatu bakina umupira w’amaguru birukanwa.
Aba bakobwa bazanwe n’umuyobozi wari usanzwe kuri iki kigo kuko bakina umupira w’amaguru, bakaba bigaga batishyura amafaranga y’ishuri ndetse no gutsindwa mu ishuri ntibibe ikibazo. (…)
Mu karere ka kayonza cyi mwe na handi mu gihugu, kuruyu wa kabiri 4 Nzeri 2018 habaye amatora y’icyiciro cyihariye cya bagore aho barimo gutora abazahagarira abandi muntekoshingamategeko umutwe w’abadepite bangana 30%.
Bamwe mu bagore bo mu murenge wa mukarange ni mu kagali ka bwiza aho abagore bahagariye abandi bagiye mu matora bavuga ko batora bagore kugirango bavuganire, Mukangarambe mariya numwe mubatoye avuga ko badepite atazi icyo bakora ariko yumva bavuga ko bazabavuganira agira (…)
Yanditwe na NUWAMANYA Amon Bernard
Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi nandi mashyaka yifatanyije nabo bari
bitabiriye ibi bikorwa byo kwamamaza abakandida ba FPR aho bibukijwe ko hari byishi umuryango FPR wa koze bakwiye gutora neza kugirango babashe gusigasira ibyagezweho.
Ibi byavugiwe mu murenge wa Rusororo ahari abanyamuryango ba FPR Inkotanyi babwiwe nushijwe kwamamaza mu karere ka Gasabo Rwagaju Willy yabwiye abanyamuryango ko hari byishi byo kurinda, batore kugipfunsi (…)
Zakia Hussen Ahmed wari Colonel yazamuwe mu ntera agirwa Brigadier Jenerali, aba umugore wa mbere uhawe ipeti ryo kuri uru rwego mu mateka ya Polisi ya Somalia.
Umuhango wo kwambika amapeti abapolisi bazamuwe mu ntera barimo na Brigadier Jenerali Zakia Hussen Ahmed wabereye mu Kigo cya Gipolisi i Mogadishu ku wa 26 Kanama 2018.
Minisitiri w’Intebe muri Somalia, Hassan Ali Khayre, yashimangiye ko uruhare rw’abagore mu gihugu rukwiye kubahwa.
Yagize ati “Ndashishikariza abagore bo muri (…)
Mu Nteko ishingamategeko umutwe w’abadepite hateganywamo abadepite 80 muri bo harimo abagore 24 bangana na 30% by’abagize inteko.
Bamwe mu bagore bafite ubumuga basanga hakiri ikibazo cyo kubona uburenganzira ku mitungo, aho nk’umugore utabona asinya atazi ibyanditswe bigatuma habaho no kumubeshya. Mu mvugo z’abiyamariza kujya mu nteko si kenshi bavuga ku bibazo by’abafite ubumuga, ibyo bigatere abafite ubuga impungenge.
Umwe mu bagore bo mu karere ka Ngororero utakunze ko amazina ye (…)
Abapolisikazi bibukijwe ko bashoboye kimwe na basaza babo, bityo bakwiye kwirengagiza amateka yakunze kuranga umuryango nyarwanda wahezaga inyuma igitsina gore mu mirimo imwe n’imwe bitwaje ko ari abanyantege nkeya.
Ibi ni ibyagarutsweho ku wa kane tariki 23 Kanama 2018, mu nama yahuje abashinzwe gukurikirana uko ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye ryubahirizwa muri Polisi y’u Rwanda (Gender Focal persons)
Ubwo yatangizaga ku mugaragaro iyi nama y’iminsi ibiri, Umuyobozi w’ishami (…)
Kuri uyu wa 25 Kanama 2018 Perezida Paul Kagame yateye inkunga ya miliyoni eshanu z’amafaranga y’u Rwanda, Urwunge rw’Amashuri rwa Kimironko I, izafasha mu kubaka ibyumba by’amashuri 18 bishya.
Iyi nkunga yatangajwe na Minisitiri w’Ingabo Gen James Kabarebe, ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu Murenge wa Kimironko ho mu Karere ka Gasabo, mu muganda rusange ngarukakwezi, kuri uyu wa 25 Kanama 2018.
Uyu mushinga w’ubwubatsi uzamara amezi atandatu, hubakwe ibyumba by’amashuri 18 byiyongera (…)
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umuyobozi wa Afurika Yunze Ubumwe, ni umwe mu banyacyubahiro bitabiriye irahira rya Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa.
Mnangagwa yatorewe kuyobora Zimbabwe mu matora yabaye tariki 30 Nyakanga 2018, atsinze Nelson Chamisa ku majwi 50.8 %.
Perezida Kagame yageze i Harare ahagana saa yine za mu gitondo kuri iki Cymweru nkuko Televiziyo ya Zimbabwe, ZBC yabitangaje.
Umuhango wo kurahiza Mnangagwa wanitabiriwe na Perezida wa Zambia, Edgar (…)
Ubu ni bumwe mu buhamya bwatanzwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Kanama 2018, ubwo abakandida ba FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije biyamamarizaga i Bweramvura, mu murenge wa Jabana, Akarere ka Gasbo.
Mukafurika Annoncita atuye mu kagari ka Kabuye, Umurenge wa Jabana, mu karere ka Gasabo. Ni umuhinzi umaze kwiteza imbere abikuye mu buhinzi bw’imboga, amasaro, ibijumba n’ibishyimbo. Mu buhamya bwe ashima cyane FPR Inkotanyi kuba yaragaruye umutekano mu gihugu, ubu akaba (…)
Mu nteko ishingamategeko umutwe w’abadepite hateganywamo abadepite 80 muri bo harimo abagore 24 bangana na 30% by’abagize inteko. Abaturage bo mu karere ka kayonza bakaba basaba ko abagore bajya mu nteko bahagarariye abagore bajya babavugira by’umwihariko.
Abakandida bahagariye abagore mu ntara y’iburasirazuba biyamamarije no mu Karere ka Kayonza imbere y’inteko itora aho bagaragaje imigabo n’imigambi yabo. Abagore bakurikirana uko abagore biyamamaza bafite ibyifuzo bumva (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















