Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Musanze:PSD yijeje abaturage ko bazashyira imbaraga mu micungire y'amakoperative
Musanze:PSD yijeje abaturage ko bazashyira imbaraga mu micungire y’amakoperative

Abakandida bahagarariye Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza, PSD, bijeje abanyarwanda ko nibabatorera kujya mu Nteko Ishinga Amategeko, bazaharanira ko hajyaho umurongo uboneye amakoperative akoreramo, hagamijwe guteza imbere abanyamuryango bayo.
Byagarutsweho kuri uyu wa 22 Kanama 2018 ubwo iri shyaka rifite abakandida-depite 65 ryiyamamarizaga mu Karere ka Musanze, hitegurwa amatora ateganyijwe ku wa 2 na 3 Nzeri 2018.
Niyonsenga Theodomir usanzwe ari n’Umunyamabanga Mukuru (…)

424 Shares 4 Comments
Rurindo na Gicumbi abaturage bijejwe na Green Party guhinga ibyo bashaka aho guhinga ibyo Leta itegeka
Rurindo na Gicumbi abaturage bijejwe na Green Party guhinga ibyo bashaka aho guhinga ibyo Leta itegeka

Ku nshuro ya mbere Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije, ryashinzwe mu 2009, ryaserukanye abakandida 32 mu matora y’Abadepite, ryifuzamo imyanya irenga 10.
Ibikorwa byabo byo kwiyamaza byakomereje mu karere ka Rurindo na Gicumbi aho ryagarutse ku kibazo cy’ubuhinzi aho abaturage badafite uburenganzira ku bihwingwa bahinga.
Green Party ikomeje kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, yemeza ko hari umusanzu izatanga niramuka igiriwe ikizere, byose ikabikora ku bufatanye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abayisilamu bo mu Rwanda bizihije Umunsi w'Igitambo wa Eid Al Adha
Abayisilamu bo mu Rwanda bizihije Umunsi w’Igitambo wa Eid Al Adha

Abayisilamu bo mu Rwanda bifatanyije n’abandi ku Isi kwizihiza Umunsi Mukuru w’Igitambo wa Eid Al Adha, hazirikanwa umunsi Aburahamu yari agiye gutamba umwana we Ismail, Imana ikamushumbusha intama.
Ibirori ku rwego rw’igihugu byabereye muri Stade ya Kigali i Nyamirambo, kuri uyu wa 21 Kanama 2018.
Eid al-Adha yizihijwe nyuma y’iminsi ibiri abayisilamu barenga miliyoni ebyiri bari mu Mutambagiro Mutagatifu i Mecca. Uyu mutambagiro witabiriwe n’Abanyarwanda 79, watangiye ku wa 19 Kanama, (…)

424 Shares 4 Comments
Umutekano ni kimwe mu byo PSD izibandaho nibona umwanya mu Nteko
Umutekano ni kimwe mu byo PSD izibandaho nibona umwanya mu Nteko

Abakandida b’abadepite bahagarariye Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’Abaturage, PSD, bijeje abaturage ko nibabagirira icyizere nk’ababahagararira mu Nteko, bazaharanira ko gahunda yu mutekano ikomeza gushyigikirwa kugirango ibyo twagezeho birambe. Babigarutseho mu kwamamaza abakandida b’abadepite ba PSD mu Murenge wa Rugerero, mu Karere ka Rubavu mu Ntara y’Uburengerazuba. Abari ku rutonde rw’abakandida ba PSD, bijeje abaturage kuzabatumikira mu gihe bazabagirira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kwirinda ibiyobya bwenge
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kwirinda ibiyobya bwenge

Perezida Kagame yabwiye urubyiruko ko rudakwiye kureberera inshuti n’abavandimwe bishora mu biyobyabwenge kuko byica ahazaza habo ah’imiryango n’igihugu cyabibarutse.
Yabitangaje kuri iki Cyumweru, tariki ya 19 Kanama 2018, mu kiganiro yagiranye n’urubyiruko rusaga 2500 rurimo abanyamwuga mu ikoranabuhanga, politiki, imyidagaduro, abikorera, rwateraniye mu Intare Conference Arena i Rusororo.
Perezida Kagame yagaragarije urubyiruko ko rwitezweho byinshi ndetse rugomba kwitoza inshingano (…)

424 Shares 4 Comments
Jay Polly uri mu buroko yatakambiye umugore we anamugurira andi menyo
Jay Polly uri mu buroko yatakambiye umugore we anamugurira andi menyo

Jay Polly aracyafunzwe, yatawe muri yombi azira gukura amenyo umugore we Uwimbabazi Sharifa, amaze kubona ikosa yakoze yaciye bugufi asaba imbabazi ndetse amugurira andi menyo asimbura ayakutse.
Jay Polly akurikiranyweho icyaha cyo ‘gukubita no gukomeretsa ku bushake ku buryo bubabaje’ umugore we. Mu kuburana, yemeye ibyo ashinjwa ndetse ko yakubise umugore we abitewe n’ubusinzi.
Inkuru zasakajwe hose ko Jay Polly yarekuwe. Umuvugizi w’Inkiko, Mutabazi Harrison yabwiye IGIHE ko uyu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Komite yashinzwe iperereza ku ihezwa ry'abagore mu kazi muri Komisiyo ya AU yongerewe igihe
Komite yashinzwe iperereza ku ihezwa ry’abagore mu kazi muri Komisiyo ya AU yongerewe igihe

Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AUC) yongereye igihe komite yahawe inshingano zo gucukumbura urunturuntu ku ivangura riheza abagore mu myanya ikomeye y’akazi rivugwamo.
Muri Gicurasi nibwo humvikanye inkuru zivuga ko muri AUC hari ivangura rikorerwa abagore mu myanya y’akazi ndetse bandikiye Umuyobozi wayo, Moussa Faki Mahamat, amabaruwa menshi bamusaba gukemura ikibazo bise ‘‘agasuzuguro no gufatwa nabi.’’
Aba bagore bagaragaje ko ikibazo gikomeye ari ivangura riba mu (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yashimye ko Kabila yubahirije Itegeko Nshinga
Perezida Kagame yashimye ko Kabila yubahirije Itegeko Nshinga

Perezida Paul Kagame unayoboye Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, yashimiye umwanzuro uherutse gufatwa na Perezida Joseph Kabila wo kutiyamamaza, abigaragaza nk’intambwe yo kubahiriza ibyemeranyijweho n’abaturage ba RDC.
Perezida Kagame yabigarutseho mu nama ya 38 y’Abakuru b’Ibihugu na Guverinoma bihuriye muri SADC.
Igiye kumara iminsi ibiri mu Mujyi wa Windhoek muri Namibia, aho yatumiwe nk’Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU.
Perezida Kagame yashimye SADC akazi yakoze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Uganda:Dr Jose Chameleone, yasabiye Bobi Wine kubabarirwa
Uganda:Dr Jose Chameleone, yasabiye Bobi Wine kubabarirwa

Umuhanzi Jose Chameleone yasabye Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni kubabarira Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina rya Bobi Wine.

424 Shares 4 Comments
Kevin de Bruyne yakomoje ku kuba, Mourinho ariwe watumye ava muri Chelsea
Kevin de Bruyne yakomoje ku kuba, Mourinho ariwe watumye ava muri Chelsea

Umukinnyi Kevin de Bruyne wafashije Manchester City kwegukana igikombe cya shampiyona umwaka ushize, yavuze ko atishimiye ibyo yakorerwaga na Jose Mourinho akiri muri Chelsea mu mwaka wa 2013,byatumye ahitamo kuyivamo yigira mu Budage.

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru