Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Ikitegetse Marie Therese ni umubyeyi ufite abana batanu atuye mu murenge wa Nyankenke mu isantere ya Yaramba amaze imyaka 20 akora umwuga wo kogosha, ashishikariza abagore kwitabira uyu murimo kuko hari intambwe umugejejeho, nubwo hari benshi babibona nk’ibintu bidasanzwe.
Ikitegetse Marie Therese avuga ku mwuga we wo kogosha atari uw’abagabo gusaIkitegetse Marie Therese avuga ku mwuga we wo kogosha atari uw’abagabo gusa, Hari imirimo ibyara inyungu abagore batarinjiramo nka basaza babo (…)
Abantu babarirwa mu bihumbi baturuka imihanda yose biganjemo abakirisitu Gatolika bakoraniye i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru mu kwizihiza Umunsi Mukuru w’Ijyanwa mu Ijuru rya Bikira Mariya, umunsi uzwi nka Asomusiyo.
Buri mwaka tariki ya 15 Kanama ku Isi hizihizwa umunsi mukuru ngarukamwaka w’Ijyanwa mu Ijuru rya Biriramariya, aho abakirisitu Gatolika bakunze guhira i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru bagafatanya gusenga.
Abakirisitu Gatolika baturuka imihanda yose bajya kuwizihiriza i (…)
Umuraperi Jay Polly amaze iminsi afunzwe, akurikiranyweho icyaha cyo gukubita umugore we akamukura amenyo, yitabye urukiko maze ubushinjacyaha bumusabira gufungwa imyaka ibiri.
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Kanama 2018 nibwo Tuyisenge Joshua uzwi nka Jay Polly yitabye Urukiko rw’ibanze rwa Gasabo aburanishwa ku byaha akurikiranyweho birimo gukubita no gukomeretsa umugore we.
Umuvugizi w’Inkiko, Mutabazi Harrison yabwiye IGIHE ko urukiko ruzafatira umwanzuro ku rubanza rwa Jay Polly saa (…)
Ibikorwa byo kwiyamamariza kujya mu Nteko, ishyaka riharanira kwishyira ukizana kwa buri muntu (Parti Liberal) ryabihereye mu murenge wa Base muri Rulindo bizeza ko nibabona imyanya mu Nteko Ishinga amategeko izahindura bimwe muri politiki y’ibyiciro by’Ubudehe.
Abakandida ba PL bayivuze imyato ku ruhare rwabo mu kubaka u Rwanda aho rugeze ubu, ngo barashaka kongera uwo musanzu no kwihutisha u Rwanda kurushaho.
PL ibyo yakoze ngo bishingiye ku mahame yo kwishyira ukizana, ubutabera (…)
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD), Dr Vincent Biruta yavuze ko bishimira intambwe demokarasi imaze gutera mu Rwanda ari nayo mpamvu biteguye gukomeza gutanga umusanzu mu kubakira ku byagezweho.
Dr. Biruta yabigarutseho kuri uyu wa 13 Kamena 2018 i Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba, ubwo yatangizaga ku mugaragaro ibikorwa byo kwamamaza abakandida-depite bahagarariye PSD mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko ategerejwe muri Nzeri uyu mwaka. (…)
Mu ijambo rye, umunyamabanga mukuru wa FPR-Inkotanyi bwana Francois Ngarambe, yijeje imbaga y’abaturage bari baje kumva imigabo n’imigambi y’umuryango FPR ko nyuma yo gutora neza FPR izakomeza gusigasira ubukungu bushingiye ku ikoranabuhanga.
Ati ”Mwe muzatore ku Gipfunsi, dukomeze ubufatanye buranga abanyarwanda kandi natwe nka FPR-Inkotanyi tubijeje gukomeza ubukungu bw’igihugu bushingiye ku ikoranabuhanga”
Yakomeje agira ati “Prezida w’umuryango yantumye ngo mbabwire ko ubu hakenewe (…)
Abakandida-Depite b’Ishyaka Riharanira Demukarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) batangiriye ibikorwa byo kwiyamamariza mu mirenge ibiri yo mu Karere ka Muhanga, bakirwa n’abantu bacye cyane biganjemo abana bato batarageza igihe cyo gutora.
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Kanama 2018 nibwo ibikorwa byo kwiyamamaza byatangiye ku bakandida bose bemewe, 32 bo mu b’Ishyaka Riharanira Demukarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of (…)
Umuryango wa FPR Inkotanyi watangije ibikorwa byo kwamamaza abakandida bawo kumugaragaro, iki gikorwa cyatangiriye mu karere ka Rulindo mu murenge wa Masoro. Abaturage bacyakiranye urugwiro.
Abaturage babyukiye ku kibuga cy’umupira w’amaguru cya Masoro aho baje kumva imigabo n’imigambi ya bazabahagararira mu ntekonshingamategeko umutwe w’abadepite, muri abo baturage abagore baba mu muryango wa FPR/ Inkotanyi nabo ntibasigaye.
Andi bashyaka yifatanyije n’umuryango wa FPR/ Inkotanyi nabo (…)
Dr Jeannette BAYISENGE ni umwarimu mukuru akaba n’umuyobozi wa gateganyo w’ikigo cy’amasomo ajyanye n’uburinganire muri Kaminuza y’u Rwanda ishuri ry’ ubugeni n’ubumenyi rusange.
Afite impamyabushobozi y’ikirenga mu bikorwa rusange byibanda ku buringanire n’uburenganzira k’ubutaka yakuye muri kaminuza ya Gothenburg mu gihugu cya Sweden akaba kandi afite Impamyabushobozi y’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza yakuye muri Ewha Woman’s University in Seoul-muri Koreya y’Epfo mu byerekeye (…)
Umuryango wa FPR Inkotanyi watangije ibikorwa byo kwamamaza abakandida bawo, igigikorwa cyatangiriye mu karere ka Rulindo mu murenge wa Masoro.
Abaturage babyukiye kucyibuga cya Masoro aho bategereje abakandida babadepite kugirango bumve imigabo n’imigambi yabo, muri abo baturage abagore baba mu muryango wa FPR/ Inkotanyi bateze urugori kuko biteguye abashyitsi.
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















