Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Mu kagari Munini , Umudugudu Rudakabukirwa mu murenge wa Rusororo wo mu karere ka Gasabo mw’ijoro ryo kuwa 16 Nzeli 2018 umugabo yishe umugore we wari ufite imyaka 35 amutemaguye ngo yagiye guhaha aratinda.
Mu ma saa moya z’ umugoroba tariki 16 Nzeli 2018 nibwo nyakwigendera yavuye ku isoko ageze mu rugo asanga umugabo yarakaye. Uyu mugabo w’ imyaka 68 ngo yahise atangira kumutema n’ umuhoro, nyakwigendera yiruka amuhunga, umugabo amwirukaho agenda amutema inzira yose kugeza aguye hasi (…)
Yanditswe na Nuwamanya Amon Bernard Isoko rusange rya rukomo ho mu murenge wa Rukomo mu karere ka nyagatare ngo rigiye baturage barasaba ubuyobozi ko ryakubakwa bitewe nuko ryagiye ryi basirwa cyane n’ibiza by’amazi menshi yagiye aryinjiramo akaryanginza .
Umwe mubacuruzi bakomeye muri iri soko madame MUKAMANA Denise akaba yatangarije ikinyamakuru Mamaurwagasabo.rw ko babangamiwe n’ikibazo cy’amazi. Mukamana yagize ati” tubangamiwe ni kibazo cy’amazi adusanga munzu kujyeza naho (…)
Muri iki gitondo nibwo iyi nkuru imenyekanye aho mu mudugudu wa Biraro mu murenge wa Kigabiro mu mujyi wa Rwamagana umugabo bita Seti n’umugore we bahiriye mu nzu bombi, birakekwa ko umugabo yabanje kwica umugore we mbere maze akaba ari we utwika inzu ngo bashyane.
Ushinzwe umutekano mu mudugudu wa Biraro Ntwari Janvier Musa avuga ko kugeza ubu amakuru akekwa ari uko uyu mugabo yabanje kwica umugore we mu rukerera kuko mu gitondo ngo yabanje no kohereza abana ku ishuri. Mu masaha ya saa (…)
Ba rwiyemezamirimo batanu bibye imisanzu y’ubwisungane mu kwivuza ubu ngo bari kuyishyura, aba ni abafasha abaturage batamenyereye ikoranabuhanga kwishyura ubwisungane mu kwivuza kuko ubu ari ryo ryifashishwa.
Bamwe mu bafasha aba baturage ngo icyo bashinzwe ni ugufasha umuturage kwishyura, kumuha inyemezabwishyu no kumwereka ubutumwa ko umusanzu we wakiriwe. Bamwe ariko bashingira ku bujiji no kutamenya ikoranabuhanga kuri bamwe mu baturage bagatwara udufaranga twabo.
Pierre Kayitana (…)
Yanditswe na MUKAHIRWA Olive
Instagram, Facebook, Snapchat… ni zimwe mu mbuga nkoranyambaga abenshi mu bantu bakoresha ikoranabuhanga cyane bifashisha bashyira hanze imibereho yabo n’ababo bya buri munsi bifashishije amafoto n’amashusho.
Iyo umuntu akuze yumva abikunze ashyiraho amafoto ye n’amashusho akurikije uko umutimanama we ubimubwirije. Ariko hari n’ababyeyi bashyiraho amafoto n’amashusho y’abana babo batabanje kubaza imitimanama y’abo bana kuko bamwe muri abo bana baba bakiri (…)
Madamu Jeannette Kagame yasabye uruhare rwa buri wese mu kurandura burundu ubwandu bushya bw’agakoko gatera SIDA mu bana bakivuka.
Yabitangaje kuri uyu wa Mbere ubwo yatangizaga ubukangurambaga ‘Free to Shine Umwana Wanjye, Ishema Ryanjye’, bugamije kugabanya ubwandu bw’agakoko gatera SIDA mu bana bakivuka no guharanira ubuzima bwiza bw’ababyeyi babo.
Ubu bukangurambaga bwatangijwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ufatanyije n’Umuryango w’Abadamu b’Abakuru b’ibihugu bya Afurika (…)
Madamu Jeannette Kagame ari kumwe n’abandi bagore b’abakuru b’ibihugu bya Afurika, yitabiriye inama ku kurwanya Virusi itera Sida yari ifite insanganyamatsiko igira iti “dushyire hamwe duharanira ahazaza hazira Sida”.
Iyi nama yabereye i Beijing mu Bushinwa mu gihe habaga n’inama y’Ihuriro ku bufatanye bwa Afurika n’u Bushinwa, ‘FOCAC’.
Yarebeye hamwe intambwe imaze guterwa ndetse n’imbogamizi zigihari mu kugera ku ntego yo kuba nta bwandu bushya bw’iki cyorezo bugaragara.
Umugore wa (…)
Abahanga bakomeje kuvumbura ibibi by’ibisindisha umubyeyi anywa igihe atwite
Urugero abahanga mu buzima batanze bamaze gukora ubushakashatsi bushya, ni urwo hagati y’umwaka w’2006 n’2013, aho basanze nibura umwana 1 mu bana barenga 3.000 yaravukanye ingaruka z’ibisindisha umubyeyi we yanyoye amutwite. Muri rusange mu Bufaransa, mu bana 3.207 bavutse, abana 452 bavukanye ibibazo by’ubusinzi byabateye gukererwa mu mikurire, ubumuga bw’ingingo, n’uturemangingo, ubwenge budahagije, (…)
Umubare w’abagore muri manda nshya y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, wagabanutse ugereranyije na manda icyuye igihe, aho bavuye kuri 63.7% baba 61.25%.
Itegeko Nshinga riteganya ko Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, ugirwa n’imyanya 80 ariko ihatanirwa n’imitwe ya politiki ni 53, indi 24 igenewe abagore, ibiri igenewe urubyiruko, undi usigaye ukajyamo uhagarariye abafite ubumuga.
Umutwe w’Abadepite ucyuye igihe wari uyobowe na Donatille Mukabalisa wo (…)
Minisiteri y’uburezi, Mineduc, ivuga ko ikibazo cy’abarimu bake basigaye mu burezi batabyize cyangwa ngo babiherwe amahugurwa, kizaba cyakemutse mu gihe cy’imyaka ibiri binyuze mu mashuri nderabarezi yashyizweho.
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye muri Minisiteri y’uburezi, Dr Isaac Munyakazi, yabwiye IGIHE ko abarimu batabyize bahabwa amahugurwa, hakifashishwa n’abarangije mu mashuri nderabarezi no muri kaminuza.
Yagize ati “Dufite gahunda yo guhugura abarimu (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















