Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

GASABO: umugabo yishe umugore amuhora gutinda ku isoko
GASABO: umugabo yishe umugore amuhora gutinda ku isoko

Mu kagari Munini , Umudugudu Rudakabukirwa mu murenge wa Rusororo wo mu karere ka Gasabo mw’ijoro ryo kuwa 16 Nzeli 2018 umugabo yishe umugore we wari ufite imyaka 35 amutemaguye ngo yagiye guhaha aratinda.
Mu ma saa moya z’ umugoroba tariki 16 Nzeli 2018 nibwo nyakwigendera yavuye ku isoko ageze mu rugo asanga umugabo yarakaye. Uyu mugabo w’ imyaka 68 ngo yahise atangira kumutema n’ umuhoro, nyakwigendera yiruka amuhunga, umugabo amwirukaho agenda amutema inzira yose kugeza aguye hasi (…)

424 Shares 4 Comments
NYAGATARE: Abakorera mw' Isoko rya RUKOMO babangamiwe n'amazi abasanga mwisoo akanginza ibyo bacuruza .
NYAGATARE: Abakorera mw’ Isoko rya RUKOMO babangamiwe n’amazi abasanga mwisoo akanginza ibyo bacuruza .

Yanditswe na Nuwamanya Amon Bernard Isoko rusange rya rukomo ho mu murenge wa Rukomo mu karere ka nyagatare ngo rigiye baturage barasaba ubuyobozi ko ryakubakwa bitewe nuko ryagiye ryi basirwa cyane n’ibiza by’amazi menshi yagiye aryinjiramo akaryanginza .
Umwe mubacuruzi bakomeye muri iri soko madame MUKAMANA Denise akaba yatangarije ikinyamakuru Mamaurwagasabo.rw ko babangamiwe n’ikibazo cy’amazi. Mukamana yagize ati” tubangamiwe ni kibazo cy’amazi adusanga munzu kujyeza naho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rwamagana: Haracyekwa ko umugabo y'ishe umugore yarangiza akitwikira mu inzu
Rwamagana: Haracyekwa ko umugabo y’ishe umugore yarangiza akitwikira mu inzu

Muri iki gitondo nibwo iyi nkuru imenyekanye aho mu mudugudu wa Biraro mu murenge wa Kigabiro mu mujyi wa Rwamagana umugabo bita Seti n’umugore we bahiriye mu nzu bombi, birakekwa ko umugabo yabanje kwica umugore we mbere maze akaba ari we utwika inzu ngo bashyane.
Ushinzwe umutekano mu mudugudu wa Biraro Ntwari Janvier Musa avuga ko kugeza ubu amakuru akekwa ari uko uyu mugabo yabanje kwica umugore we mu rukerera kuko mu gitondo ngo yabanje no kohereza abana ku ishuri. Mu masaha ya saa (…)

424 Shares 4 Comments
Ba rwiyemezamirimo bibye imisanzu y'ubwisungane mu kwivuza barimo kuyishyura
Ba rwiyemezamirimo bibye imisanzu y’ubwisungane mu kwivuza barimo kuyishyura

Ba rwiyemezamirimo batanu bibye imisanzu y’ubwisungane mu kwivuza ubu ngo bari kuyishyura, aba ni abafasha abaturage batamenyereye ikoranabuhanga kwishyura ubwisungane mu kwivuza kuko ubu ari ryo ryifashishwa.
Bamwe mu bafasha aba baturage ngo icyo bashinzwe ni ugufasha umuturage kwishyura, kumuha inyemezabwishyu no kumwereka ubutumwa ko umusanzu we wakiriwe. Bamwe ariko bashingira ku bujiji no kutamenya ikoranabuhanga kuri bamwe mu baturage bagatwara udufaranga twabo.
Pierre Kayitana (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Mbere yo gushyira amafoto y'umwana wawe ku mbuga nkoranyambaga banza umenye ibi
Mbere yo gushyira amafoto y’umwana wawe ku mbuga nkoranyambaga banza umenye ibi

Yanditswe na MUKAHIRWA Olive
Instagram, Facebook, Snapchat… ni zimwe mu mbuga nkoranyambaga abenshi mu bantu bakoresha ikoranabuhanga cyane bifashisha bashyira hanze imibereho yabo n’ababo bya buri munsi bifashishije amafoto n’amashusho.
Iyo umuntu akuze yumva abikunze ashyiraho amafoto ye n’amashusho akurikije uko umutimanama we ubimubwirije. Ariko hari n’ababyeyi bashyiraho amafoto n’amashusho y’abana babo batabanje kubaza imitimanama y’abo bana kuko bamwe muri abo bana baba bakiri (…)

424 Shares 4 Comments
Madamu Jeannette Kagame yasabye ko hongerwa imbaraga mu guhashya ubwandu bwa Sida mu bana
Madamu Jeannette Kagame yasabye ko hongerwa imbaraga mu guhashya ubwandu bwa Sida mu bana

Madamu Jeannette Kagame yasabye uruhare rwa buri wese mu kurandura burundu ubwandu bushya bw’agakoko gatera SIDA mu bana bakivuka.
Yabitangaje kuri uyu wa Mbere ubwo yatangizaga ubukangurambaga ‘Free to Shine Umwana Wanjye, Ishema Ryanjye’, bugamije kugabanya ubwandu bw’agakoko gatera SIDA mu bana bakivuka no guharanira ubuzima bwiza bw’ababyeyi babo.
Ubu bukangurambaga bwatangijwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ufatanyije n’Umuryango w’Abadamu b’Abakuru b’ibihugu bya Afurika (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye inama y'abagore b'abakuru b'ibihugu bya Afurika ku kurwanya Sida
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye inama y’abagore b’abakuru b’ibihugu bya Afurika ku kurwanya Sida

Madamu Jeannette Kagame ari kumwe n’abandi bagore b’abakuru b’ibihugu bya Afurika, yitabiriye inama ku kurwanya Virusi itera Sida yari ifite insanganyamatsiko igira iti “dushyire hamwe duharanira ahazaza hazira Sida”.
Iyi nama yabereye i Beijing mu Bushinwa mu gihe habaga n’inama y’Ihuriro ku bufatanye bwa Afurika n’u Bushinwa, ‘FOCAC’.
Yarebeye hamwe intambwe imaze guterwa ndetse n’imbogamizi zigihari mu kugera ku ntego yo kuba nta bwandu bushya bw’iki cyorezo bugaragara.
Umugore wa (…)

424 Shares 4 Comments
Ibisindisha k'umubyeyi utwite ni mwe mu mpamvu ya mbere y'ubumuga ku mwana uvutse
Ibisindisha k’umubyeyi utwite ni mwe mu mpamvu ya mbere y’ubumuga ku mwana uvutse

Abahanga bakomeje kuvumbura ibibi by’ibisindisha umubyeyi anywa igihe atwite
Urugero abahanga mu buzima batanze bamaze gukora ubushakashatsi bushya, ni urwo hagati y’umwaka w’2006 n’2013, aho basanze nibura umwana 1 mu bana barenga 3.000 yaravukanye ingaruka z’ibisindisha umubyeyi we yanyoye amutwite. Muri rusange mu Bufaransa, mu bana 3.207 bavutse, abana 452 bavukanye ibibazo by’ubusinzi byabateye gukererwa mu mikurire, ubumuga bw’ingingo, n’uturemangingo, ubwenge budahagije, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umubare w'abagore wagabanutse mu nteko shingamategeko
Umubare w’abagore wagabanutse mu nteko shingamategeko

Umubare w’abagore muri manda nshya y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, wagabanutse ugereranyije na manda icyuye igihe, aho bavuye kuri 63.7% baba 61.25%.
Itegeko Nshinga riteganya ko Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, ugirwa n’imyanya 80 ariko ihatanirwa n’imitwe ya politiki ni 53, indi 24 igenewe abagore, ibiri igenewe urubyiruko, undi usigaye ukajyamo uhagarariye abafite ubumuga.
Umutwe w’Abadepite ucyuye igihe wari uyobowe na Donatille Mukabalisa wo (…)

424 Shares 4 Comments
Mu myaka ibiri nta mwarimu utari umunyamwuga uzaba yigisha
Mu myaka ibiri nta mwarimu utari umunyamwuga uzaba yigisha

Minisiteri y’uburezi, Mineduc, ivuga ko ikibazo cy’abarimu bake basigaye mu burezi batabyize cyangwa ngo babiherwe amahugurwa, kizaba cyakemutse mu gihe cy’imyaka ibiri binyuze mu mashuri nderabarezi yashyizweho.
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye muri Minisiteri y’uburezi, Dr Isaac Munyakazi, yabwiye IGIHE ko abarimu batabyize bahabwa amahugurwa, hakifashishwa n’abarangije mu mashuri nderabarezi no muri kaminuza.
Yagize ati “Dufite gahunda yo guhugura abarimu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru