Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Abantu umunani bahoze ari abakozi ba Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) bakurikiranyweho ibyaha birimo guha Sosiyete y’Abaholandi isoko ryo kugemura imiti mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Abaregwa bose bahoze ari abakozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC). Barimo Théogene Ntamuhungu, JMV Birasa, Emmanuel Birinabahizi, Jean Claude Zimulinda, Fred Kayitare, Richard Uwimana, Justine Gashema, na Jean Paul Mugabo.
Birukanywe ku kazi muri Mata uyu mwaka. Batawe muri yombi mu byumweru (…)
Gushakira imirimo urubyiruko mu bihugu byacu kuko hari ibibazo byinshi tugenda dusangira-Mushikiwabo
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Louise Mushikiwabo, yahuye n’abahagarariye ibihugu byabo mu Muryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), abagezaho ibyo azibandaho mu gihe yaba atorewe kuyobora Ubunyamabanga Bukuru bwawo.
Mu Cyumweru gishize Mushikiwabo yashyikirije Hey Rajaonarimampianina, uyoboye OIF, kandidatire ye ku mwanya w’Ubunyamabanga Bukuru bw’uyu muryango, ahatanyemo n’Umunya-Canada, Michaëlle Jean, (…)
Mu ijoro rya tariki ya 13 rishyira iya 14 Nyakanga 2018 mu Murenge wa Musambira, abantu bataramenyekana bateye abaturage mu tugari dutandukanye. Bamwe mu baturage baratemwe, barakubitwa baranakomeretswa.
Abaturage, batangaza ko kubera ubwoba batagitarama nka mbere.
Mu tugari twa Cyambwe mu Mudugudu wa Gacaca, Akagari ka Karengera mu Mudugudu wa Nyarusange no mu Kagari ka Kivumu Umudugudu wa Nyagisozi, abantu bataramenyekana bateye abaturage mu ijoro rya tariki 13 rishyira 14 Nyakanga (…)
Umuyobozi w’Umuryango urwanya ruswa n’akarengane (Transparency International Rwanda), Ingabire Marie Immaculée, yavuze ko abana b’abakobwa mu Rwanda ntacyo bafite bakwitwaza ngo biyicire ejo hazaza habo.
Yabigarutseho mu mpanuro yahaye abakobwa barenga biga mu mashuri yisumbuye bitabiriye amahugurwa ku miyoborere yateguwe n’Umuryango Nyarwanda udaharanira inyungu witwa 4Her, yabaye ku wa 14 Nyakanga 2018.
Aba bakobwa basobanuriwe inshingano z’umuyobozi n’icyo asabwa ngo agere ku rwego (…)
Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukurikirana amakoperative, RCA, kizihije umunsi mukuru wahariwe Amakoperative, gikangurira urubyiruko kurushaho kwibumbira mu makoperative kuko ari kimwe mu bizamura ubuzima bw’abanyarwanda.
Kuri uyu wa 14 Nyakanga nibwo RCA kizihije umusni mukuru w’amakoperative mu Rwanda wizihirijwe mu karere ka Rubavu, mu murenge wa Mudende. Ubuyobozi bw’Ikigo k’Igihugu cy’Amakoperative, RCA, butangaza ko mu Rwanda habarurwa amakoperative asaga 9000, muri ayo asaga 80% akaba (…)
Ibyemezo n’amabwiriza atangwa na Minisiteri y’Uburezi, bikomeje kugenda bivuguruzanya.
Nyuma y’uko mu minsi yashize byari byatangajwe ko abanyeshuri bagiye kuzajya bakoresha telefone ku ishuri mu rwego rwo kurushaho guteza imbere ikoranabuhanga mu myigire yabo, ubu hasohotse amabwiriza agaragaza ibihano bikomeye bizahabwa abanyeshuri, abarezi, abayobozi b’ibigo n’ibigo muri rusange, muri ayo mabwiriza hakaba hagaragaramo ko hari n’ibigo bishobora kuzafungwa burundu ndetse n’abanyeshuri (…)
Mu karere ka karongi mu murenge wa Rugabano abaturage baho bavuga ko ubuharike burimo no guta ingo bakajya muwundi murenge bakazagaruka bafite abandi bagore ibyo bigatuma abagore aribo bita ku bana bonyine,ibyo bigatuma ubure nimibereho y’abana itagerwaho neza.
Abagore bahangayikishwe n’uko abagabo babo bata ingo bakajya gushaka abagore bakiri bato, bamwe mu bagore baganiriye n’ ikinyamakuru mamaurwagasabo.rw bavuga ko abagabo babo aho basigaye bajya gushaka abandi bagore usanga abana (…)
Inteko Ishinga Amategeo, umutwe w’Abadepite, kuri uyu wa gatatu yemeje itegeko rishya rihana icyaha cy’ingengabitekerezo ya jenoside n’ibindi bifitanye isano nayo nyuma yo kugezwaho raporo na Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Kurwanya Jenoside ku isuzuma ryakoze ku mushinga w’itegeko ryerekeranye n’icyaha cy’ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibyaha bifitanye isano na yo.
Ingengabitekerezo ya jenoside yari isanzwe ari icyaha gihanwa mu mategeko y’u Rwanda ndetse (…)
Umuyobozi w’umujyi wa Brummana mu gihugu cya Liban, Pierre Achkar yatangaje benshi nyuma yo gushyiraho itegeko ry’uko abapolisikazi bacunga umutekano wo mu muhanda muri uyu mujyi, bagomba kuzajya bambara utwambaro tugufi cyane mu rwego rwo kureshya no gukurura ba mukerarugendo batemberera muri uyu mujyi.
Uyu muyobozi w’uyu mujyi yamaze kudodesha udukabutura tugufi cyane tugomba guhabwa Abappolisikazi bose bacunga umutekano wo mu mihanda yo muri uyu mujyi wa Brummana.
Ubwo Meya Pierre (…)
Ishyaka Riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu (PL), ryemeje urutonde rw’abakandida 80 bazarihagararira mu matora y’Abadepite yo muri Nzeri uyu mwaka, barangajwe imbere na Mukabalisa Donatille, uriyobora akaba na Perezida w’Umutwe w’Abadepite muri manda irimo kurangira.
Inama ya Komite Nyobozi ya PL yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 11 Nyakanga 2018, niyo yemeje uru rutonde rwateguwe hagendewe kuri kandidatire zaturutse mu turere twose tw’Igihugu.
PL yashinzwe mu 1991 nyuma (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















