Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Imitwe ya politiki n’abakandida bigenga bemerewe kwiyamamaza mu matora y’abadepite, batangaje ko biteguye neza ibikorwa byo kwiyamamaza bitangira kuri uyu wa Mbere tariki 13 Kanama 2018.
Komisiyo y’amatora (NEC) iherutse gusohora urutonde ntakuka rw’abemerewe kwiyamamaza muri ayo matora, aho mu bantu 539 bari basabye kwiyamamaza, 521 bemerewe nyuma yo kuzuza ibisabwa.
Amashyaka atanu afite abakandida 302 n’abandi bane bigenga nibo bagiye guhatanira imyanya 53 itorerwa mu Nteko Ishinga (…)
Umuryango Urwanya SIDA ndetse ukanita ku banduye agakoko kayitera, AHF(Aids Health Care Foundation) watanze serivise zo kwisiramuza kwipimisha virusi itera Sida ku bushake, iitanga udukingirizo ku buntu ku bantu b’ingeri zose bitabiriye umuhango wo gusoza kumugaragaro umukino w’amagare (Tour du Rwanda) ryazengurutse igihugu cyose.
Iki gikorwa yabaye none tariki ya 11 kanama 2018 ubwo umukino w’amagare wasozwaga, abari bitabiriye uyu muhango bagize amahirwe yo kwipimisha ku bushake (…)
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, urimo kwiyamamariza kuyobora Ubunyamabanga Bukuru bw’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), yatangaje ko asanga kuva Emmanuel Macron yatorerwa kuyobora u Bufaransa hari ubushake bufatika mu kuzahura umubano w’igihugu cye n’u Rwanda.
Macron watangiye kuyobora u Bufaransa muri Gicurasi 2017, yatangaje ko ashyigikiye kandidatire ya Mushikiwabo ku mwanya akomeje kwiyamamariza.
Mu kiganiro yagiranye (…)
Nyirabahire n’Umuyobozi w’Akarere ka Gasabo wungirije ushizwe imibereho myiza,ni umubyeyi w’abana batatu n’umugabo, afite icyiciro cya 2 cya kaminuza muri (Project management), n’icyiciro cya 3 cya kaminuza muri (Planning)yakuye mu gihugu cya Cameroon, ahitwa Doual.
Sibyo gusa kandi Nyirabahire yakoze muri Caritas Rwanda, Care Intern ndetse anakora muri Handicap International muri ibi bigo byose yakozemo yari ashinzwe kwandika imishinga iciriritse iteza imbere abatishoboye muri ibyo (…)
Minisitiri Louise Mushikiwabo akomeje ibikorwa byo gushakisha ibihugu bizamushyigikira mu matora k’Ubunyamabanga Bukuru bw’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), aho nyuma yo gukubuka muri Viet-Nam kuri uyu wa Kane, itariki 09 Kanama, yerekeje muri Cambodia.
Mu gihugu cya Cambodia, minisitiri Louise Mushikiwabo yakiriwe na mugenzi we, Prak Sokhonn bagirana ibiganiro.
Minisitiri Mushikiwabo aherekejwe na mugenzi we wo muri Guinea, mamadi Toure bakiriwe na mugenzi wabo (…)
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston yitabiriye umuhango wo kwambika amapeti abofisiye bato basoje amahugurwa yabo mu ishuri rya Polisi rya Gishari riherereye mu karere ka Rwamagana, Intara y’i Burasirazuba.
Umuhango wo kwambika aba bapolisi amapeti wabaye ku wa Gatanu tariki ya 10 Kanama 2018, Minisitiri Busingye akaba yawitabiriye hamwe n’abandi bayobozi barimo Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kaboneka Francis, Umuyobozi wa Polisi, IGP Gasana,… (…)
Igisirikare cy’u Rwanda cyasezereye abasirikare bakuru (ofisiye) 10 n’abandi basirikare bato 57 bazira imyitwarire mibi nk’uko byatangajwe kuri uyu wa kane n’umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda.
Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Rwanda, Lt. Col. Innocent Munyengango kuri uyu wa Kane, akaba yatangaje ko buri umwe muri aba basirikare birukanwe yari afite dosiye yihariye ariko bose bahuriye ku kibazo cyo kugira imyitwarire mibi.
Mu kiganiro yahaye The East African, Col Munyengango yavuze ko (…)
Ku wa 10 Kanama 1962, nibwo Jeannette Kagame yabonye izuba, avukira i Burundi, ubu akaba yizihiza isabukuru y’imyaka 56 y’amavuko.
Ku itariki ya 10 Kamena 1989 ubwo yari afite imyaka 27, yashyingiranwe na Paul Kagame wari majoro mu gisirikare cya Uganda, ibirori by’ubukwe bwabo bibera mu mujyi wa i Kampala.
Kuri uyu munsi, Madamu Jeannette Kagame yifurijwe isabkuru nziza n’abantu batandukanye barimo n’umukobwa we, Ange babicishije ku nkuta zabo za twitter. Ange yagize ati “Isabukuru (…)
None ku wa Gatatu, tariki ya 08 Kanama 2018, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku itariki ya 11 Nyakanga 2018.
2. Inama y’Abaminisitiri yemeje Politiki y’Igihugu yo guteza imbere amakoperative.
3. Inama y’Abaminisitiri yemeje uburyo bwo gufasha inganda zagize ibibazo kuzahuka.
4. Inama y’Abaminisitiri yemeje Raporo ngarukagihe ya 4 n’iya 5 ku byo u Rwanda (…)
Uturere two mu Ntara y’Amajyepfo twongeye kuza duherekeje utundi kandi dukurikiranye inyuma mu kwesa imihigo ndetse na tumwe twari imbere mu myaka yashize natwo bigaragara ko twasubiye inyuma.
Mu muhango wo gutangaza uburyo uturere twesheje imihigo ya 2017/2018 wabereye mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura, kuri uyu wa kane tariki ya 9 Kanama 2018, Akarere ka Rwamagana kongeye kuza ku mwanya wa mbere gakurikirwa na Gasabo na Rulindo; mu gihe utwo mu Majyepfo turimo Nyamagabe, (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















