Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Komisiyo ya politike mu nteko ishinga amategeko yasuzumye itegeko rigenga imyemerere, mu ngigo nshya zagarutsweho kugira ngo umuntu yemererwe guhagararira umuryango imbere y’amategeko, aho umuntu uhagarariye itorero agomba kuba afite impamyabumenyi mu by’iyobokamana yemewe yatanzwe n’ishuri ryemwe mu gihugu cyangwa impamyabumenyi ya kaminuza.
Umuyobozi wungirije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Imiyoborere (RGB), Usther Kayitesi avuga ko iri tegeko ntacyo rihungabanya ko ari ugufasha abashinga (…)
None ku wa Gatatu, tariki ya 11 Nyakanga 2018, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku itariki ya 01 Kamena 2018 n’iyo ku wa 12 Kamena 2018.
2. Inama y’Abaminisitiri yamenyeshejwe ko Nyakubahwa Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko, ku tariki ya 06/07/2018, yemeje irangira ry’umurimo wa (…)
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, ubutwererane n’ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Louise Mushikiwabo, yatanze kandidatire ye ku Bunyamabanga bw’Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF). Kuri uyu wa Gatatu nibwo Mushikiwabo yageze i Antananarivo muri Madagascar, aho yakiranywe ubwuzu na Perezida w’iki gihugu, Hery Rajaonarimampianina, uyoboye OIF, akamushyikiriza kandidatire ye ku mwanya w’Ubunyamabanga Bukuru bw’uyu muryango.
Mushikiwabo (…)
Umuyobozi w’Urwego rushinzwe Umutekano w’imbere mu Gihugu (ISO) mu gihugu cya Uganda, Col Kaka Bagyenda niwe ubwe watanze amabwiriza yo gutera ububiko bwa MTN Uganda ndetse akurikirana icyo gikorwa mu rwego rw’iperereza ryaguye ku iyicwa rya AIGP Kaweesi, aho ngo bashakaga kumva ibintu Gen Kayihura yaba yaravugiye kuri telephone akoresheje umurongo wa MTN muri icyo gihe.
Iki gitero ku bubiko bwa MTN kikaba cyaramaganwe na chairman wayo, Charles Mbiire kuwa 02 Nyakanga anemeza ko ibyo ISO (…)
Abanyarwanda baba muri Koreya y’Epfo bahuriye mu Mujyi wa Seoul mu birori byo kwizihiza ku nshuro ya 24 umunsi wo kwibohora.
Ibi birori byabereye kuri Crown Hotel, i Seoul ku wa 8 Nyakanga 2018, byahuriyemo abasaga 90 barimo Abanyarwanda baba muri iki gihugu, inshuti zabo ndetse n’abayobozi mu nzego nkuru za leta.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Korea y’Epfo, Isumbingabo Emma Françoise, yashimiye abifatanyije na bo mu kwishimira igihe gishize Abanyarwanda bibohoye ubutegetsi bubi.
Yagize (…)
Ubusazwe abantu bafite ubumuga bw’ubugufi budasazwe ari bagore usanga bagorwa nokubona abagabo kuko usanga abantu bavuga ko batabasha kubyara muburyo bworoshye nkabandi bagore iyimvugo yumvikanye cyane cyane nyuma yaho hagaragaye abafite ubumuga bw’ubugufi budasazwe bakoze ubukwe ahabantu biza niba kubyara byaborohera nkibisawe
Nyuma yuko abantu bagize impungenge aribeshi ikinyamakuru www.mamaurwagasabo.rw twashatse kumenya icyo abaganga babivugaho umuyobozi w’ibitaro bya Nyamata Dr (…)
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Joseph Kabila, yakuyeho igitaraganya uruzinduro rw’Umunyamaganga Mukuru wa Loni, Antonio Guterres, Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat n’urwa Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Loni, Nikki Haley, bagombaga kugirira i Kinshasa.
Guterres na Mahamat bateganyaga gusura Perezida Kabila muri iki cyumweru. Umuvugizi wa Guverinoma ya RDC, Lambert Mende, yatangaje ko aba bayobozi bose (…)
Amaguriro ane asanzwe acuruzi imiti y’amatungo ndetse n’ikoreshwa mu buhinzi amaze gufungwa ashinjwa gucuruza imiti itemewe gukoreshwa mu Rwanda ndetse n’iyarengeje igihe. Imiti yafashe ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni makumyabiri n’eshanu. Hamaze no gufungwa abantu batatu bagize uruhare mu icuruzwa ry’iyo miti.
Kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Nyakanga 2018, mu kiganiro n’abanyamakuru, Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) n’Ikigo cy’iguhugu gishinzwe iterambere (…)
Perezida Paul Kagame yasabye abayobozi guhora begera abaturage bakabakorera ibyo babagomba, yihanangiriza by’umwihariko abagize Guverinoma bagerayo gusa iyo nawe yagiyeho.
Mu Nama ya Biro Politiki y’Umuryango FPR Inkotanyi yateranye kuri iki Cyumweru, iyobowe na Perezida Paul Kagame akaba na Chairman wayo, yatangiyemo impanuro ku bayobozi muri rusange, ko buri gihe bagomba kumenya inshingano bafite ku baturage.
Mu ijambo rye Umukuru w’Igihugu yageze aho anenga abayobozi usanga bamanutse (…)
Abaabanyamuryango basobanuriwe amateka ya Jenoside yakorewe abatutsi, nyuma y’uko kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Kamena 2018 basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Kigali ku Gisozi, aho bunamiye inzirakarengane zisaga 250.000 zihashyinguye. Abasuye urwibutso rwa Kigali ni imiryango igizwe n’abagore n’abagabo bashakanye ubwabo, inkumi n’abasore baturutse mu turere twa Kirehe, Ngororero na Kamonyi, bamwe muri bo ni ubwa mbere bari basuye urwibutso mu buzima bwabo, abandi bari (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















