Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Umunyemari Moïse Katumbi wifuzaga gusubira mu gihugu kavukire cye Repubulika Iharanira Demukasi ya Kongo ngo atange kandidatire mu matora ya Perezida yangiwe kwinjira muri iki gihugu.
Uyu munyemari yavuye mu gihugu cye muri Gicurasi 2016 hamaze gusohoka impapuro zo kumuta muri yombi.
Umukuru w’abatavuga rumwe na Leta muri Kongo, Moïse Katumbi, yanGiwe gusubira mu gihugu cye kwiyamamariza kuba umukuru w’igihugu mu matora ateganyijwe mu kwezi kwa cumi n’ abiri.
Leta ya Kongo yangiye uyu (…)
Mutesi Nyirampeta Tharcissia ukora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto mu Karere ka Huye, yatumye benshi bemera ko nta mwuga umugore atabasha gukora. Mu muco Nyarwanda gutwara moto byahoze ari iby’abagabo, ariko kuri ubu hari abagore batinyutse biteza imbere kubera uyu murimo, muri bo harimo na Mutesi.
Umugabo amaze kumuta, Mutesi yahisemo gushaka umwuga yakora uzamubashisha gutunga abana be babiri yamusigiye.
Yagiye gushaka akazi ko kogosha ariko abona amafaranga bamuhemba ari make (…)
Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite yatoye itegeko rishya rigena inkomoko y’imari n’umutungo by’inzego z’ibanze, aho ryongereye imisoro ku mutungo utimukanwa, rikuraho umusoro ku nzu ituwemo na nyirayo.
Ubwo Guverinoma yagezaga umushinga w’iri tegeko imbere y’Abadepite, byari biteganyijwe ko inzu yo guturamo iri munsi ya miliyoni 30 z’amafaranga y’u Rwanda itazajya isoreshwa, iyarengeje igasoreshwa agaciro ka yo kavanywemo izo miliyoni 30 Frw.
Ni ingingo yateje impaka kuko (…)
Nikuze kuri ubu witabiriye imurikagurisha ku shuro ya 20 ririmo kubera Gikondo arishimira umwuga wo kuboha uduseke n’indi mitako iboshye Nikuze Julie utuye mu Karere ka Ruhango avuga ko kuboha agaseke byatumye kuko bimutunze.
Nikuze ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru mamaurwagasabo.rw yagize ati ”Natangiye kuboha mu mwaka wa1980 ariko ntacyo byari bimariye kuko narabohaga nkatwerera umukobwa igiseke azajyana gushyingiranwa, ariko kuva mu mwaka wa 2004 ni bwo natangiye kuboha agaseke (…)
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Rwemiyega mu Karere ka Nyagatare bemeza ko kuba abagore bagiharirwa imirimo yose yo mu rugo biri mu bitera amakimbirane anavamo gutandukana kw’abashakanye. Ubusazwe imirimo yo mu rugo iharirwa abagore ugasanga umugabo ntiyayikora kuko ari ko umuco wahoze, ibyo abantu batandukanye babona nkibitacyijyanye n’igihe.
Mbabazi Rachel umwe mu bagore baganiriye n’ikinyamakuru mamaurwagasabo.rw avuga ko imirimo yo mu rugo igira imvune nyinshi ariko igaharirwa (…)
Perezida Kagame yasabye inzego z’ubucamanza gukorera mu bwisanzure ziharanira kutavugirwamo, kugira ngo abaturage babone ubutabera bwihuse.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Kanama 2018, ubwo yakiraga indahiro z’abacamanza batandukanye barimo ab’Urukiko rw’Ikirenga, urw’Ubujurire ndetse n’Urukiko Rukuru.
Perezida Kagame yavuze ko mu myaka 20 ishize, mu gihugu hakozwe amavugurura atandukanye agamije kubaka inzego z’ubutabera kugira ngo bubashe gukora uko bikwiye.
Yavuze ko ayo (…)
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Rugabano mu Karere ka bavuga ko ubucyene bw’imiryango butuma abana bajya mu mirimo y’imvune kuko usanga ababyeyi bagiye mu mirimo yo hanze,ugasanga imirimo yo mu rugo nko kuvoma n’indi myishi ikorwa n’abana batagejeje igihe cyo gukora .
Ababyeyi ntibakita ku abana babo kubera gushaka imibereho ugasanga babaha imirimo ibavuna nkuko bivugwa na Nyinawumuntu waganiriye n’ikinyamakuru mamaurwagasabo.rw, uyu mubyeyi uvuga ko iyo mirimo batayiha abana (…)
Muri iki gihe usanga buri muntu ashabora gutanga amakuru y’ibyabaye akoresheje imbuga nkoranyambaga, ugasanga wenda itangazamakuru ryo rikaza kuvuga icyabaye bagahuza amakuru menshi bitandukanye na wa muntu wavuze ko imodoka igonze umuntu gusa.
Umunyamakuru mwiza akwiye kuba azi gukoresha imbuga nkoranyamba mu gihe amakuru abaye yose agira icyo ayavugaho mbere mu gihe arimo gutegura inkuru yuzuye kandi umunyamakuru we ashobora gukurikirwa cyane akanizwerwa, kuko asanzwe abikora kinyamwuga. (…)
Imwe muri gahunda z’irangamimerere zajyaga zikorerwa ku biro by’Umurenge yo kwandikisha umwana wavutse nyuma y’iminsi 30, igiye kujya ikorerwa ku kigo nderabuzima cyangwa ku bitaro umwana yavukiyemo bihuzwe no kumurenge.
Minisiteri y’Ubuzima, iy’ubutegetsi bw’igihugu, iy’uburinganire n’iterambere ry’umuryango n’izindi nzego, barimo kunoza uburyo bw’ikoranabuhanga buzajya bukoreshwa mu kwandikira kwa muganga abana bakivuka mu bitabo by’irangamimerere, ababyeyi babo batiriwe bajya ku biro (…)
Madamu Jeannette Kagame yasangije Liyuan uruhare rwa Imbuto Foundation mu iterambere ry’Abanyarwanda
Madamu Jeannette Kagame yakiriye Madamu wa Perezida w’u Bushinwa, Peng Liyuan, wari mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda, amusangiza ibikorwa bitandukanye by’Umuryango Imbuto Foundation mu guteza imbere Abanyarwanda binyuze mu rwego rw’ubuzima, uburezi, kwita ku rubyiruko no mu mishinga yo kongera ubushobozi mu birebana n’ubukungu.
Ku wa 22 Nyakanga nibwo Perezida w’u Bushinwa, Xi JinPing n’umugore we Peng Liyuan, bageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, aho bakiriwe na Perezida (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















