Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

FPR Inkotanyi yemeje abakandida 70 harimo abagore 35 bazayihagararira mu matora y'abadepite
FPR Inkotanyi yemeje abakandida 70 harimo abagore 35 bazayihagararira mu matora y’abadepite

FPR Inkotanyi yatangaje urutonde rw’abakandida b’abadepite bazahagararira uyu muryango mu matora ateganyijwe muri Nzeri, barimo 70 bawukomokamo, abandi 10 bakaba abo mu mitwe ya politiki yifatanyije nayo, muri aba 70 abagore bakaba ari 30
Inama ya Biro Politiki y’Umuryango FPR Inkotanyi yateranye kuri iki Cyumweru, iyobowe na Perezida Paul Kagame akaba na Chairman wayo, niyo yatangarijwemo urutonde rw’abakandida mu matora y’Abadepite.
Umunyamabanga Mukuru wa FPR Inkotanyi, François (…)

424 Shares 4 Comments
Umuryango Imbuto Foundation wiyemeje gushyira ingufu muri gahunda mbonezamikurire y'abana bato-Umutoni Sandrine
Umuryango Imbuto Foundation wiyemeje gushyira ingufu muri gahunda mbonezamikurire y’abana bato-Umutoni Sandrine

Umuyobozi wa Imbuto Foundation, Umutoni Sandrine, yagaragaje ko uyu muryango washyize imbaraga muri gahunda mbonezamikurire y’abana bato (ECD) kuko ubukungu bw’igihugu bushingiye ku baturage bacyo.
Yabigarutseho kuri uyu wa 9 Nyakanga 2018 mu muhango wo gutaha ECD ya Karambi iri mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro, itangirwamo serivisi zo kwita ku burere bw’abato, kubungabunga isuku yabo, imirire myiza, ubuzima, umutekano n’uburenganzira bwabo. Ibarizwamo abana 120 barimo abo mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
 Urubanza rwa Ngenzi na Barahira n'ishusho y'ubumwe n'ubwiyunge-MUREKATETE Jeane d'Arc
Urubanza rwa Ngenzi na Barahira n’ishusho y’ubumwe n’ubwiyunge-MUREKATETE Jeane d’Arc

Mu gihe urubanza rwa Barahira Tito na Ngenzi Octavien rurimo kuburanishwa mu rukiko rwa rubanda i Paris mu Bufaransa , abarokotse Jenoside babona ubumwe n’ubwiyunge bushoboka. Ibi babishingira ku kuba hari bamwe mu bahamagazwa gushija Ngenzi, na Barahira I paris bagera mu rukiko bakemera kumushija mu ruhame imyirondoro yabo ntihishwe badatinya ko hari ingaruka zu mutekano wabo kuko abaturanyi babo bafitanye isano na bashijwa bamaze kwiyunga, kuko n’abamvandimwe babo nibamwe mu babashija (…)

424 Shares 4 Comments
Ubushinwa:Umugore Mahjong, yashyize umwana munsi y'intere bibabaza benshi
Ubushinwa:Umugore Mahjong, yashyize umwana munsi y’intere bibabaza benshi

Umugore w’Umushinwa wabaswe n’urusimbi witwa Mahjong,yakoze amahano ubwo yafataga umwana we warimo arira amushyira munsi y’intebe ayicaraho aho kugira ngo amwiteho.
Uyu mugore yanenzwe na benshi nyuma yo gufata agatebe ka plasitike yari yicayeho agashyira munsi umwana we kugira ngo atamubuza gukina urusimbi byatumye uyu mwana abura uburyo bwo gusohoka ngo yisanzure.
Amarira y’uyu mwana muto yirengagijwe na nyina ndetse nkuko amashusho yagiye hanze yabigaragaje ,uyu mubyeyi gito ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyagatare: Polisi Yafashe Abagore Babiri Bari Bajyanye Anaba b'Abakobwa
Nyagatare: Polisi Yafashe Abagore Babiri Bari Bajyanye Anaba b’Abakobwa

Umuvugizi wa Polisi Kanamugire avuga ko Abafunzwe bakekwaho iki cyaha cy’icuruzwa ry’abantu ni Theonila Kayiraba na Sharon Uwase.
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyagatare, ku wa mbere tariki 2 Nyakanga uyu mwaka yaburijemo ijyanwa muri Uganda ry’abangavu babiri bafite imyaka 15 na 16 hagamijwe kubacuruza, ifata abagore babiri bari babajyanye.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire yavuze ko aba bagore bafatiwe mu rugo rw’uwitwa (…)

424 Shares 4 Comments
Australia: Musenyeri muri kiliziya yakatiwe gufungwa umwaka ahamijwe guhishira uwasambanyije abana ku ngufu
Australia: Musenyeri muri kiliziya yakatiwe gufungwa umwaka ahamijwe guhishira uwasambanyije abana ku ngufu

Musenyeri wa Kiliziya Gatolika muri Australia, Philip Wilson, yakatiwe gufungwa umwaka umwe, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo guhishira gusambanya abana n’ihohoterwa ryabakorewe mu myaka ya 1970.
Wilson uyobora Diyosezi ya Adelaide, abaye umunyacyubahiro wa mbere muri Kiliziya Gatolika ukatiwe kubera ibyaha bifitanye isano no gusambanya abana bikomeje gushinjwa abapadiri n’abihayimana.
Mu kwezi gushize nibwo yahamijwe icyaha cyo guhishishira umupadiri wasambanyaga abana b’abahungu mu gace (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Karongi:Umukobwa w'imyaka 27 yahiriye mu nzu
Karongi:Umukobwa w’imyaka 27 yahiriye mu nzu

Umukobwa w’imyaka 27 wari ucumbitse mu nzu iri mu mudugudu wa ETO Nyakigezi, Akagari ka Kiniha mu murenge wa Bwishyura yaraye ahiriye mu nzu afungiranye arakongoka. Abo mu muryango we bababajwe cyane n’uko bategetswe kumushyingura umurambo we udasuzumwe.
Inzu yari acumbitsemo yari ikingiye inyuma ikingishije ingufuri nini Inzu yari acumbitsemo yari ikingiye inyuma ikingishije ingufuri nini Saa yine z’ijoro ryakeye abaturanyi be aho yari atuye mu gipangu kirim inzu zikodeshwa batabaje (…)

424 Shares 4 Comments
Bugesera: Madamu Jeannette Kagame yatashye Urugo Impinganzima rwo gutuzamo Intwaza
Bugesera: Madamu Jeannette Kagame yatashye Urugo Impinganzima rwo gutuzamo Intwaza

Madamu Jeannette Kagame amaze gutaha Urugo Impinganzima (urugo rw’amasaziro) rwo gutuzamo Intwaza (Ababyeyi bagizwe incike na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994). Uru rugo rwubatswe mu Murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera.
Uru rugo Impinganzima rwatashywe na Madamu Jeannette Kagame kuri uyu wa Kabiri taliki ya 3/7/2018 rufite ubushobozi bwo kwakira abantu 80.
Rugizwe n’inzu enye zo guturamo,Inzu mberabyombi, n’inzu 1 yo guturamo yakira ababyeyi 20. Ku ikubitiro zatujwemo ababyeyi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ubushakashatsi bwakozwe uyu mwaka,bwagaragaje ko hagati y'Umugabo n'umugore hari ubusumbane mu kazi ndetse n'imishahara
Ubushakashatsi bwakozwe uyu mwaka,bwagaragaje ko hagati y’Umugabo n’umugore hari ubusumbane mu kazi ndetse n’imishahara

Imibare mishya y’ubushakashatsi bw’ikigo k’igihugu k’ibarurishamibare bwitwa “Rwanda Labour Force Survey (LFS)” iragaragaza ikibazo cy’ubusumbane bukabije mu mirimo no ku mishahara hagati y’abogore n’abagabo.
Ubu bushakashatsi buragaragaza ko mu Rwanda hari abaturage hafi miliyoni zirindwi (6,903,839) bafite imyaka yo gukora, barimo abagore 3,670,664 n’abagabo 3,233,175.
Nubwo abagore bafite imyaka yo gukora aribo benshi ariko, abari ku isoko ry’umurimo nibo bake ugereranyije n’abagabo (…)

424 Shares 4 Comments
Mushikiwabo Louise ashyigikiwe na Afurika muri OIF
Mushikiwabo Louise ashyigikiwe na Afurika muri OIF

Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’ubumwe bwa Afrika, bashigikiye kandidatire y’u Rwanda yo kuyobora Umuryango mpuzamahanga uhuriweho n’ibihugu bivuga ururimi rw’Igifaransa, OIF, nk’uko amakuru ava mu ba diplomate yabibwiye ibiro ntaramakuru by’Ubufatransa AFP.
Mu nama ya 31 y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika yaberaga muri Mauritania,wari umwanya mwiza ku Rwanda n’umukandida warwo Louise Mushikiwabo wo gushaka amajwi kugira yo kuyobora umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru