Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Intekonshingamategeko umutwe w'abadepite ni ishusho yuko umugore ashoboye
Intekonshingamategeko umutwe w’abadepite ni ishusho yuko umugore ashoboye

Imyaka ibaye itanu,intekonshingamategeko umutwe w’abadepite yatowe kuva mu mwaka wa 2013 kugeza 2018.
Ubwo abaturage batoraga abadepite, muri iyi manda nibyo hagaragaye abagore benshi mu ntekonshingamategeko.
Iyi nteko icyuye igihe biteganyijwe ko iseswa ejo tariki ya 9 kanama 2018, na Nyakubahwa Perezida wa Lepubulika y’u Rwanda Paul Kagame nkuko bitegankwa n’itegeko nshinga rya Lepubulika y’u Rwanda.
Iyi nteko icyuye igihe, hari igizwe n’abadepite 80, muri abo abagore bari 52 nubwo (…)

424 Shares 4 Comments
Mu Rwanda nta Ebola ihari ariko turasabwa, gukomeza kuyirinda-Min.Dr Gashumba
Mu Rwanda nta Ebola ihari ariko turasabwa, gukomeza kuyirinda-Min.Dr Gashumba

Minisitiri w’Ubuzima Dr Gashumba yamaze impungenge abafitiye ubwoba icyorezo cya Ebola batekereza ko yaba yarambutse ikagera mu Rwanda, ashimangira ko ntayo irahagera. Gusa yasabye Abanyarwanda bose kwirinda kugira ngo itazabaca mu rihumye.
Ibi Minisitiri Dr Dianne Gashumba yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Kanama mu kiganiro n’abanyamakuru, kigamije kumara impungenge Abanyarwanda bumva ko Ebola iri mu gihugu cy’abaturanyi yazagera mu Rwanda mu buryo bworoshye.
Yagize ati “Ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ibyo twagezeho muri icyo gihe cyose tubikesha ubufatanye hagati yacu-Perezida Paul Kagame
Ibyo twagezeho muri icyo gihe cyose tubikesha ubufatanye hagati yacu-Perezida Paul Kagame

Mu gihe Abanyarwanda begereza umunsi nyir’izina w’itora ry’abadepite, biteganyijwe ko mu gihe gito Perezida Paul Kagame asesa Inteko Ishinga amategeko, Umutwe w’abadepite, nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga.
Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’abadepite, izaseswa ku wa Kane tariki 9 Kanama 2018 mu gihe ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida bashaka kuba abadepite bizatangira ku wa 13 Kanama bikageza ku wa 1 Nzeri 2018.
Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu (…)

424 Shares 4 Comments
Uganda:Iperereza ryagaragaje ko Kayihura ushinjwa kwica Kaweesi nta shingiro bifite
Uganda:Iperereza ryagaragaje ko Kayihura ushinjwa kwica Kaweesi nta shingiro bifite

Komite yari yahawe inshingano yo gukora iperereza ku wahoze ari Umuyobozi wa Polisi ya Uganda, Gen.Kale Kayihura, ku cyaha cyo kwica Andrew Felix Kaweesi wari umwungirije; yagaragaje ko ibyo ashinjwa nta shingiro bifite.
Amakuru The Independent ikesha umwe bakozi mu biro by’umukuru w’igihugu avuga ko ku wa 27 Nyakanga aribwo iyi komite ihuriwemo n’abapolisi bane, abakozi babiri b’Urwego rw’Umutekano w’Imbere mu Gihugu (ISO) ndetse n’abandi babiri bo mu Rwego rw’Ubutasi rwa Uganda (CMI), (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abakandida 34 b'ishyaka DGPR, babiri ntibemerewe kwiyamamaza mu matora y'Abadepite
Abakandida 34 b’ishyaka DGPR, babiri ntibemerewe kwiyamamaza mu matora y’Abadepite

Mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR), abakandida 34 ryatanze, babiri ntibemerewe mu matora y’Abadepite ateganyijwe mu kwezi gutaha muri uyu mwaka wa 2018.
Mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR), abakandida 34 ryatanze, babiri ntibemerewe kwiyamamaza. bivuze ko ku rutonde rw’agateganyo rwari rwemejwe na NEC hiyongereyeho abakandida babiri, bose hamwe ubu DGPR ifite abakandida 32 bemerewe kwiyamamaza bidasubirwaho.
NEC yatangaje ko mu (…)

424 Shares 4 Comments
RIB yerekanye abatekamutwe, biba bakoresheje ikoranabuhanga
RIB yerekanye abatekamutwe, biba bakoresheje ikoranabuhanga

Urwego rushinzwe gukurikirana ibyaha RIB kuri uyu wa 6 Kanama 2018 rwagaragaje abasore babiri bashinjwa ubwambuzi bushukana bifashishije Facebook na Instagram bakabeshya ko ari ba ‘kanaka’ bazwi, kandi atari bo, bagasaba umuntu bashaka amafaranga.
Usanase Muhamed mu kiganiro yahaye itangazamakuru yiyemereye ko yambuye abantu benshi biganjemo abahanzi bo mu Rwanda, aho ngo yinjira mu ma konte yabo ku mbuga nkoranyambaga nka Facebook na Instagram maze akabatekera umutwe bakamuha amafaranga. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Intore ntizikwiye gusobanya-Perezida Paul Kagame
Intore ntizikwiye gusobanya-Perezida Paul Kagame

Perezida Paul Kagame yitabiriye umuhango wo gusoza icyiciro cya 11 cy’Itorero ry’urubyiruko ’Indangamirwa’, cyatorezwaga mu kigo cya Gabiro mu Karere ka Gatsibo. Yababwiye ko bakwiriye kudasobanya mu mitekerereze n’imigirire ndetse ko bakwiriye guhora baharanira icyiza kuko ngo Ubumenyi bwiza iyo ubushyize mu muntu utari muzima bupfa ubusa.
Itorero Indangamirwa Icyiciro cya 11 ryatorejwemo abagera kuri 568, barimo 430 baba mu Rwanda na 138 baturutse mu bihugu 20 bitandukanye ku Isi. Uru (…)

424 Shares 4 Comments
Umuraperi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly, yatawe muri yombi
Umuraperi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly, yatawe muri yombi

Umuraperi w’icyamamare Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly mu muziki yatawe muri yombi na Polisi akurikiranyweho gukubita umugore we akamukura amenyo, Ubugenzacyaha bukaba bwatangiye iperereza ngo hamenyekane neza uko byakozwe kugira ngo akurikiranwe n’inkiko.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Mbabazi Modeste, yavuze ko Jay Polly yatawe muri yombi ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, nyuma yo gukubita umugore we.
Yagize ati "Ni byo arafunzwe, yafashwe mu mwanya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rwamagana:Umukuru w'udugudu yakubise umugore, ngo nuko adatanze amafaranga y'irondo
Rwamagana:Umukuru w’udugudu yakubise umugore, ngo nuko adatanze amafaranga y’irondo

Umuturage witwa Mushikiwabo Solange utuye mu mudugudu wa Gisanza akagari ka Mwulire mu murenge wa Mwulire w’akarere ka Rwamagana arashinja umuyobozi w’umudugudu kumuhohotera akamukubita ndetse na telefone y’uyu muturage ifatwa bugwate ngo nuko adatanze amafaranga y’irondo.
Uyu Mubyeyi Mushikiwabo Solange aravuga ko kuwa kabiri mugitondo aribwo abashinzwe kwishyuza amafaranga y’irondo bazindutse baza kuyamusaba maze basanga ntayo afite ,hanyuma ngo bahita bamwaka telefone ye ku ngufu (…)

424 Shares 4 Comments
Zimbabwe: Perezida Mnangagwa yijeje umutekano n'ubumwe nyuma y'imvururu zakurikiye amatora
Zimbabwe: Perezida Mnangagwa yijeje umutekano n’ubumwe nyuma y’imvururu zakurikiye amatora

Perezida mushya wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yasezeranyije abaturage be ko azabera bose umuyobozi mwiza, asaba ko nabo bakomeza kubumbatira ubumwe nyuma y’imvururu zakurikiye itanganzwa ry’intsinzi ye.
Kuri uyu wa Gatanu nibwo Komisiyo y’Amatora yatangaje ko Mnangagwa, wari warasimbuye Robert Mugabe by’agateganyo, yatorewe kuyobora Zimbabwe n’amajwi 51%, ahigitse Nelson Chamisa ukuriye Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya MDC, wagize amajwi 44%.
Iyi ntsinzi ya Mnangagwa w’imyaka (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru