Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Imyaka ibaye itanu,intekonshingamategeko umutwe w’abadepite yatowe kuva mu mwaka wa 2013 kugeza 2018.
Ubwo abaturage batoraga abadepite, muri iyi manda nibyo hagaragaye abagore benshi mu ntekonshingamategeko.
Iyi nteko icyuye igihe biteganyijwe ko iseswa ejo tariki ya 9 kanama 2018, na Nyakubahwa Perezida wa Lepubulika y’u Rwanda Paul Kagame nkuko bitegankwa n’itegeko nshinga rya Lepubulika y’u Rwanda.
Iyi nteko icyuye igihe, hari igizwe n’abadepite 80, muri abo abagore bari 52 nubwo (…)
Minisitiri w’Ubuzima Dr Gashumba yamaze impungenge abafitiye ubwoba icyorezo cya Ebola batekereza ko yaba yarambutse ikagera mu Rwanda, ashimangira ko ntayo irahagera. Gusa yasabye Abanyarwanda bose kwirinda kugira ngo itazabaca mu rihumye.
Ibi Minisitiri Dr Dianne Gashumba yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Kanama mu kiganiro n’abanyamakuru, kigamije kumara impungenge Abanyarwanda bumva ko Ebola iri mu gihugu cy’abaturanyi yazagera mu Rwanda mu buryo bworoshye.
Yagize ati “Ku (…)
Mu gihe Abanyarwanda begereza umunsi nyir’izina w’itora ry’abadepite, biteganyijwe ko mu gihe gito Perezida Paul Kagame asesa Inteko Ishinga amategeko, Umutwe w’abadepite, nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga.
Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’abadepite, izaseswa ku wa Kane tariki 9 Kanama 2018 mu gihe ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida bashaka kuba abadepite bizatangira ku wa 13 Kanama bikageza ku wa 1 Nzeri 2018.
Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu (…)
Komite yari yahawe inshingano yo gukora iperereza ku wahoze ari Umuyobozi wa Polisi ya Uganda, Gen.Kale Kayihura, ku cyaha cyo kwica Andrew Felix Kaweesi wari umwungirije; yagaragaje ko ibyo ashinjwa nta shingiro bifite.
Amakuru The Independent ikesha umwe bakozi mu biro by’umukuru w’igihugu avuga ko ku wa 27 Nyakanga aribwo iyi komite ihuriwemo n’abapolisi bane, abakozi babiri b’Urwego rw’Umutekano w’Imbere mu Gihugu (ISO) ndetse n’abandi babiri bo mu Rwego rw’Ubutasi rwa Uganda (CMI), (…)
Mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR), abakandida 34 ryatanze, babiri ntibemerewe mu matora y’Abadepite ateganyijwe mu kwezi gutaha muri uyu mwaka wa 2018.
Mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR), abakandida 34 ryatanze, babiri ntibemerewe kwiyamamaza. bivuze ko ku rutonde rw’agateganyo rwari rwemejwe na NEC hiyongereyeho abakandida babiri, bose hamwe ubu DGPR ifite abakandida 32 bemerewe kwiyamamaza bidasubirwaho.
NEC yatangaje ko mu (…)
Urwego rushinzwe gukurikirana ibyaha RIB kuri uyu wa 6 Kanama 2018 rwagaragaje abasore babiri bashinjwa ubwambuzi bushukana bifashishije Facebook na Instagram bakabeshya ko ari ba ‘kanaka’ bazwi, kandi atari bo, bagasaba umuntu bashaka amafaranga.
Usanase Muhamed mu kiganiro yahaye itangazamakuru yiyemereye ko yambuye abantu benshi biganjemo abahanzi bo mu Rwanda, aho ngo yinjira mu ma konte yabo ku mbuga nkoranyambaga nka Facebook na Instagram maze akabatekera umutwe bakamuha amafaranga. (…)
Perezida Paul Kagame yitabiriye umuhango wo gusoza icyiciro cya 11 cy’Itorero ry’urubyiruko ’Indangamirwa’, cyatorezwaga mu kigo cya Gabiro mu Karere ka Gatsibo. Yababwiye ko bakwiriye kudasobanya mu mitekerereze n’imigirire ndetse ko bakwiriye guhora baharanira icyiza kuko ngo Ubumenyi bwiza iyo ubushyize mu muntu utari muzima bupfa ubusa.
Itorero Indangamirwa Icyiciro cya 11 ryatorejwemo abagera kuri 568, barimo 430 baba mu Rwanda na 138 baturutse mu bihugu 20 bitandukanye ku Isi. Uru (…)
Umuraperi w’icyamamare Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly mu muziki yatawe muri yombi na Polisi akurikiranyweho gukubita umugore we akamukura amenyo, Ubugenzacyaha bukaba bwatangiye iperereza ngo hamenyekane neza uko byakozwe kugira ngo akurikiranwe n’inkiko.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Mbabazi Modeste, yavuze ko Jay Polly yatawe muri yombi ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, nyuma yo gukubita umugore we.
Yagize ati "Ni byo arafunzwe, yafashwe mu mwanya (…)
Umuturage witwa Mushikiwabo Solange utuye mu mudugudu wa Gisanza akagari ka Mwulire mu murenge wa Mwulire w’akarere ka Rwamagana arashinja umuyobozi w’umudugudu kumuhohotera akamukubita ndetse na telefone y’uyu muturage ifatwa bugwate ngo nuko adatanze amafaranga y’irondo.
Uyu Mubyeyi Mushikiwabo Solange aravuga ko kuwa kabiri mugitondo aribwo abashinzwe kwishyuza amafaranga y’irondo bazindutse baza kuyamusaba maze basanga ntayo afite ,hanyuma ngo bahita bamwaka telefone ye ku ngufu (…)
Perezida mushya wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yasezeranyije abaturage be ko azabera bose umuyobozi mwiza, asaba ko nabo bakomeza kubumbatira ubumwe nyuma y’imvururu zakurikiye itanganzwa ry’intsinzi ye.
Kuri uyu wa Gatanu nibwo Komisiyo y’Amatora yatangaje ko Mnangagwa, wari warasimbuye Robert Mugabe by’agateganyo, yatorewe kuyobora Zimbabwe n’amajwi 51%, ahigitse Nelson Chamisa ukuriye Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya MDC, wagize amajwi 44%.
Iyi ntsinzi ya Mnangagwa w’imyaka (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















