Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Perezida Kagame na Madamu ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 23 Nyakanga, baherekeje Perezida w’u Bushinwa wari mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda.
Perezida Jinping yageze mu Rwanda ku Cyumweru tariki ya 22 Nyakanga, bukeye bwaho yakirwa muri Village Urugwiro na Perezida Kagame ndetse ibiganiro bagiranye biganisha ku isinywa ry’amasezerano 15 y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi.
Nyuma y’iki gikorwa, Perezida Kagame yamwakiriye ku meza muri Kigali Convention Centre aho yavuye (…)
Mu karere ka karongi mu murenge wa Rugabano abaturage baho bavuga ko ubuharike burimo no guta ingo bakajya muwundi murenge bakazagaruka bafite abandi bagore ibyo bigatuma abagore aribo bita ku bana bonyine,ibyo bigatuma ubure nimibereho y’abana itagerwaho neza.
Abagore bahangayikishwe n’uko abagabo babo bata ingo bakajya gushaka abagore bakiri bato, bamwe mu bagore baganiriye n’ ikinyamakuru mamaurwagasabo.rw bavuga ko abagabo babo aho basigaye bajya gushaka abandi bagore usanga abana (…)
Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, utegerejwe ku butaka bw’u Rwanda kuri iki Cyumweru, yagaragaje ko umubano w’ibihugu byombi ari ntagereranywa ndetse urukundo bifitanye rusumba imisozi.
Perezida Xi Jinping yatangaje aya magambo mu gitekerezo yanditse nk’integuza y’uruzinduko rwe rw’amateka mu rwa Gasabo ruteganyijwe hagati ya 22 na 23 Nyakanga 2018.
Uyu mukuru w’igihugu uri ku butegetsi kuva ku wa 14 Werurwe 2013, aratangira urugendo rw’iminsi ibiri rwitezweho kunoza umubano umaze (…)
Mu muco wahoze mu Rwanda, hari imirimo itarakorwaga n’abagabo igaharirwa abagore umugabo uyikoze bikitwa ko ari ingazwa(gutegekwa n’umugore) mu gihe aho uburinganire bwaziye n’iterambere imirimo yose abagabo n’abagore bayihurira n’ubwo hakiri abagabo bavuga ko iyo mirimo yo murugo umugabo uyikoze aba yitesheje agaciro.
Bwamwe mu baturage bo mu murenge wa Ruheru mu karere ka Nyaruguru bavuga ko kuvoma kumesa guteka no gutera intabire ari imirimo ikwiye abagore, umugabo uyikora aba yitesha (…)
Ubusazwe ya mirimo yo murugo ikorwa n’abagore nko guteka kuvoma, gukora isuku ndetse no kwita kubana, usanga ntagaciro ihabwa n’abagabo kuko bavuga ko ntakazi abagore babo baigira.
Bamwe mu bagore batuye mu cyaro bavuaga ko mu mirimo bakora imirimo izvunanye kandi idahabwa agaciro.
Abagore batuye mu murenge wa Nyanza mu karere ka Gisagara baganiriye n’ikinyamakuru mamaurwagasabo, bavuga zimwe mu mvune bahura zirimo kuvoma kure, kutabona ibicanwa. Sibyo gusa ngo no kutabona umwanya wo (…)
Abaturage bo mumurenge wa Nyanza baratabaza basaba amazi meza, kuko babahaye imigezi itagira amazi, bakaba bavoma mu mibande ahari amasoko.
Ahagana mumasacyenda abaturage bikoreye amajerikani, bafite imvune yo kubona amazi, kandi no muri iyo mibande kuhagera bitwara nibura amasaha agera kuri 2 bamwe mubahavoma, nanone iyo bahage biba ari imibyigano hakavoma ufite imbaraga kurusha abandi.
Aganira n’ikinyamakuru mamaurwagasabo Mukashema Jeanne umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60, avuga (…)
Abayobozi b’imidugudu bibukijwe ko ari bo bazagira uruhare runini mu gutuma amatora y’abadepite ateganyijwe ku matari 2,3,4 Nzeri 2018 agenda neza kurusha abandi bantu bose.
Babyibukijwe kuri uyu wa 18 Nyakanga 2018 mu nama yahuje Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Akarere ka Gasabo n’ubuyobozi bw’inzego zibanze muri aka Karere.
Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora Prof. Kalisa MBANDA, yatanze ikiganiro gisaba abaturage kwitegura neza amatora ari imbere; (…)
U Rwanda n’ibindi bihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), byafashe icyemezo cyo guca intege ubucuruzi bw’imyenda n’inkweto byambawe bizwi nka Caguwa, bituruka mu bihugu birimo; Canada, u Bwongereza, Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ahandi, ku buryo nibura mu 2019 imyenda yambawe yaba itagitumizwa.
Iki cyemezo kigamije guteza imbere inganda zikora imyenda n’izitunganya impu muri EAC, cyatangiye gushyirwa mu bikorwa, aho nko mu Rwanda kuva ku itariki 1 Nyakanga 2016, imyenda (…)
Kuwa 22 Nyakanga 2018, Perezida w’Ubushinwa, Xi Jinping azagirira uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda mu ruzinduko rwitezeho gusiga intambwe ikomeye mu buzima bw’ibihugu byombi.
Ubushinwa n’u Rwanda bifitanye umubano umaze imyaka 46 ariko nta mukuru w’igihugu cy’Ubushinwa wari wagirira uruzinduko rw’akazi mu Rwanda.
Uruzinduko, Xi Jinping azagirira mu Rwanda abantu barubona nk’imwe mu ntambwe ikomeye itewe mu mubano w’ibihugu byombi.
Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri (…)
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda (RDF) Paul Kagame, yakoze impinduka mu gisirikare cy’igihugu.
Perezida Kagame zimwe mu mpinduka yakoze ni iz’urwego rusanzwe ruzwi nka J2 rwahinduye izina ruba urwego rw’ubutasi rw’igisirikare.
Itangazo riri ku rubuga rwa Ministeri y’ingabo riragaragaza ko Perezida Paul Kagame yanazamuye mu mapeti - Lieutenant Colonel Andrew NYAMVUMBA agirwa Colonel, ahabwa n’inshingano zo kuyobora urwego (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















