Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, RDF, yazamuye mu ntera Lt. Colonel Niyomugabo Bernard amuha ipeti rya Colonel anamugira ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu gihugu cya Qatar.
Byatangajwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Ukwakira 2021 mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda.
Ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu kindi gihugu, aba akorera muri Ambasade. Bivuze ko Col Niyomugabo inshingano ze azajya (…)
U Rwanda rwatangaje ko rwafunze Inkambi ya Gihembe iherereye mu Karere ka Gicumbi, Intara y’Amajyaruguru, yari imaze imyaka irenga 24 icumbikiye impunzi z’Abakongomani.
Byatangajwe na Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ukwakira 2021, nyuma y’uko abari bacumbikiwe muri iyi nkambi bose bamaze kwimurirwa mu ya Mahama iherereye mu Karere ka Kirehe.
Ku rubuga rwa Twitter rw’iyi minisiteri bagize buti “Kwimura impunzi ibihumbi 12 mu nkambi ya Gihembe zikajya (…)
Mutungirehe Samuel
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru ku mugabane w’Afurika (CAF) yamenyesheje Federasiyo y’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ko Sitade ya Kigali iherereye i Nyamirambo itemerewe kwakira imikino bitewe na bimwe mu byangombwa itujuje ku buryo ya kwakira imikino iri kuri urwo rwego.
Kuri iki cy’umweru tariki ya 17 Ukwakira 2021, CAF yafashe icyemezo cyo guhagarika Sidate ya Kigali i Nyamirambo nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe harebwa niba ibyo basabwe gukosora barabikoze (…)
Mutungirehe Samuel
Mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Gatenga mu kagari ka Nyanza kuri site y’itora yo mu Busitani buri munsi ya Gale ya Nyanza hahuriye amasibo agera kuri 33 yo mu mudugudu ibiri y’Isonga na Juru, nubwo bari benshi ariko n’imbuga batoreyeho yari yisanzuye ku buryo bizeye ko bubahirije amabwiriza yo kwirinda kwanduzanya icyorezo cya COVID-19.
Ni igikorwa cy’amatora cyatangiye mu gihugu hose aho abaturage bagize isibo bitoragamo batatu, bataburamo nibura uw’igitsina gore (…)
Mutungirehe Samuel
Abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda bagize komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no kurwanya Jenoside batunguwe ndetse banibaza impamvu Minisiteri ebyiri ari zo iy’Ubuzima (MINISANTE) n’iy’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) zigejeje iki gihe zitarashyiraho amateka ateganywa mu kurengera umwana, haba ku bana bavukanye indwara zidakira no ku bana bavukira muri Gereza.
Icyo cyuho bagisanze mu igenzura ry’ishyira mu bikorwa (…)
Ndayambaje Jean Calude
Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku isi (FIFA), Gianni Infantino, yatangaje ko afite icyifuzo cy’uko igihugu cya Israel cyazakira imikino y’Igikombe cy’Isi mu 2030 nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’intebe Bennett Naftali wa Israel mu itangazo ryashyizwe ahagara n’ibiro bye.
Minisitiri w’Intebe Bennett yavuze ko we na Infantino bagiranye ibiganiro ku wa kabiri wiki cy’umweru aho Perezida wa FIFA yagaragaje icyifuzo cy’uko Israel yazakira (…)
Kubera kubura ubwatsi bw’amatungo abo mu mudugudu w’icyitegererezo wa Kinigi basubije inka ku isambu
Umugiraneza Alice
Bamwe mu baturage batujwe mu mudugudu w’icyitegererezo (Model village) wo mu murenge wa kinigi mu karere ka Musanze, baravuga ko bahisemo gusubiza amatungo ku masambu yabo nyuma y’uko aho basanze aho batujwe nta bwatsi buhari.
Babitangaje ubwo bari mu gikorwa cyo gutera ubwatsi bw’amatungo, cyokozwe kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Ukwakira 2021 n’ikigo gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi RAB, bafatanyije n’akarere ka Musanze.
Abaturage bahamirije mamaurwagasabo.rw ko bamwe (…)
Dr Pierre Damien Habumuremyi wari umaze umwaka urenga afungiye i Mageragere ku cyaha cyo gutanag sheke itazigamiye yasohotse muri Gereza ya Nyarugenge nhyumayo guhabwa imbabazi na Nyakubahwa Perezida Kagame Paul.
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wo ku wa 13 Ukwakira 2021 ni yo yemeje iby’imbabazi yahawe.
Mu iburanisha rya nyuma, Dr Habumuremyi yasabye imbabazi Umukuru w’Igihugu ndetse yari yarananditse n’ibaruwa isaba imbabazi.
Yabwiye IGIHE ko atari yiteze ko ashobora (…)
Mutesi Scovia
The Pan-African Feminists have urged African countries to ensure laws that protect women and girls’ rights in line with Maputo protocol.
The call was made during The Pan-African Feminists Retreat that took place Nairobi, Kenya from October 12 to October 13.
At the occasion, 18 years progress on Maputo Protocol implementation was celebrated and discussed the gaps and what needs to be done.
The Protocol to the African Charter on Human and People’s Rights on the Rights of (…)
Ndayambaje Jean claude
Isiganwa ngarukamwaka rya Tour du Rwanda 2022 byemejwe ko rigomba kuba mu kwezi kwa Gashyantare umwaka utaha. Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare ku Isi "UCI" ryamaze kwemeza ko Tour du Rwanda ya 2022 igomba kuba hagati ya taliki ya 20 na 27 Gashyantare 2022, ntagihindutse nkuko byatangajwe.
Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda ryatangaje ko UCI yemeye ko isiganwa rya Tour du Rwanda 2022 rizitabirwa n’ibihugu bitandukanye. (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















