Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Abatuye mu Murenge wa Mukamira mu karere ma Nyabihu baravuga ko batewe impungenge n’amazi y’imvura aturuka ku musozi wa Kanyampereri abasanga mu rugo andi agasendera imirima yabo.
Barasaba ubuyibozi ko kuri uyu musozi hakorwa amaterasi y’indinganire mu rwego rwo gukumira aya mazi.
Umwe muri aba baturage witwa Kamanzi Evariste yagize ati: " Ikibazo cy’aya mazi ikibitera ni amasuri amanuka ku musozi wa Kanyampereri, kugira ngo gishoboke nuko uriya musozi bawucamo imirwanyasuri bagashaka (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Burera, Umurenge wa Cyanika mu kagari ka Gisovu, umudugudu wa Hanika hari muturage witwa Ntawiha Vestine ufite imyaka 38, uvuga ko abayeho mu buzima bubi ngo bitewe no kurara mu gisa n’ikibuti mu gihe abaturanyi be nabo bamusabira icumbi.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa cyanika yasanze uyu muturage ari kubogoza arira yibaza impamvu ubuyobozi bureberera abaturage butufasha kubona aho ahengeka umusaya (…)
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Gacaca barashyira mu majwi abazwi nka Parasocial workers (Abajyanama b’iterambere ry’imibereho myiza) kubasiba ku rutonde rw’abagomba guhabwa inkunga bemererewe na Perezida Kagame.
Abaganiriye n’umunyamakuru wa Mamaurwagasabo.rw ni abo mu kagari ka Karwasa, umudugudu wa Kabukende bavuze ko bari basanzwe bafata inkunga ifasha abagore batwite n’ababyeyi babyaye mu rwego rwo kubafasha kurera neza abo bana ariko ngo bari gutungurwa no (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu isanga abayobozi b’amadini n’amatorero bari kwiye kwibuka ko hari abayoboke babo bakeneye gufashwa kuva mu bikomere by’amateka ya Jenoside igihugu cyanyuzemo bakayoboka inzira y’ubudaheranwa.
Byagarutsweho na Minisitiri w’iyi minisiteri, Dr. Bizimana Jean Damascene kuri uyu wa kabiri, ubwo yafunguraga ibiganiro nyunguranabitekerezo, barebera hamwe intambwe imaze guterwa mu kwimakaza ubumwe (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Gatete Fidel ukora umwuga w’ubutekinisiye akomeje kurira ayo kwarika nyuma yo kwamburwa na rwiyemezamirimo yakoreye akazi mu kubaka ibagiro ry’Akarere ka Gakenke.
Ushyirwa mu majwi ni rwiyemezamirimo ufite kompanyi ya "Sosefik Ltd "ikorera mu ibagiro ry’Akarere ka Gakenke.
Uyu muturage avuga ko ku itariki ya 07 Gashyantare 2023 yagiranye amasezerano na rwiyemezamirimo Semavenge Cyprien yo gukora "Installation z’amamashini arimo gukoreshwa mu (…)
Yandutswe na Ndayambaje Jean Claude
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rambura mu karere ka Nyabihu, Kabalisa Salom yatawe muri yombi akekwaho kunyereza asaga miliyoni 6 Frw yari agenewe kubakira abasenyewe n’ibiza.
Uyu muyobozi yatawe muri yombi tariki 11 Nzeri 2023 aho bivugwa ko akekwaho kunyereza amafaranga yari agenewe gusana inzu z’abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza n’aho undi ngo akayishyirira mu mufuka mu nyungu ze bwite zitari izabaturage.
Mu kiganiro umuvugizi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu karere ka Nyabihu bakoresha umuhanda Mukamira-Kinyengagi by’umwihariko abahinzi n’aborozi, baravuga ko bakigorwa no kugeza umusaruro wabo ku isoko bitewe nuko umuhanda udakoze neza.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yaganiraga na bo, bavuga ko bakomeje kuba mu bwigunge bwo kutagira umuhanda ukoze neza ubafasha kugeza umusaruro ku isoko bakifuza ko leta yawukora ukaba nyabagendwa.
Umwe muri aba baturage witwa Habimana (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Imiryango itari iya Leta yita ku kurengera no guteza imbere uburenganzira bw’abagore n’abakobwa yahagurukiye gukuraho inzitizi yose igituma abakobwa bakitinya mu kujya mu nzego z’umutekano zifasha mu kubungabunga amahoro ku Isi.
Byagarutsweho kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 10 Ukwakira 2023 ubwo hizihizwaga umunsi Mpuzamahanga wahariwe Umukobwa, aho imiryango imwe mu yigize Impuzamiryango Profemme-Twese Hamwe yasuzumaga ibikubiye mu masezerano ya UN1325 u (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze, umurenge wa Shingiro mu kagari ka Gakingo, umudugudu wa Mutuzo umwana ufite imyaka ibiri n’igice yasanzwe mu rugo rw’umuturage witwa Nyiraruvugo olive yapfuye aho bikekwa ko ariwe wamwishe afatanyije n’umuhunguwe we.
Ni amakuru yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ahagana saa 18h00’ aho uyu mwana witwa Iradukunda Aliane wimyaka 2.5ans mwene Irankunda Eliazari na Musabeyezu Aline bari bamubuze kuva ejo hashyize nimugoroba (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Nyabihu, umurenge wa Jenda mu kagari ka Gasizi, hari igikoni cy’umudugudu cyahindutse ingarani bamenamo imyanda.
Ni igikoni cyifashishwaga n’ababyeyi bo mu mudugudu w’Akanyaru mu kwereka ababyeyi uko bategura indyo yuzuye yo kugaburira abana mu rwego rwo kurwanya imirire mibi n’igwingira.
Iki gikoni cyubatswe ku bufatanye na ADRA Rwanda nk’umuterankunga, cyatekerwagamo ibiryo byo bifasha abana kuva mu mirire mibi ariko iyo uhageze usanga (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















