Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Hari abaturage bo mu karere ka Musanze, mu murenge wa Musanze bavuga ko bahagaritswe gukoresha amasambu yabo kuko arimo ikirombe, bizezwa ko hari umushoramari uzaza kubishyura none ngo kubwo amaburakindi bakomeje kwiyahuramo.
Ni abatuye mu mudugudu wa Kanganwa, biganjemo urubyiruko, bavuga ko bahisemo kwiyahura muri iki kirombe cya Kanganwa bivugwa ko akarere kagifunze mu gihe nta mushoramari urishyura abaturage kugira ngo agikoreshe mu buryo bwemewe (…)
Abasirikare, abapolisi n’abasivile baturutse mu bihugu birindwi byo ku mugabane wa Afurika bateraniye mu Rwanda mu mahugurwa yo kubongerera ubushobozi bwo ku rwego rwo hejuru mu kurinda abana kujya mu gisirikare no mu mitwe yitwaje intwaro.
Ni amahugurwa ari kubera mu karere ka Musanze mu Majyaruguru y’u Rwanda, yatangiye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 25 Nzeri 2023.
Ni amahugurwa yateguwe na Dallaire institute, ikigo cyaahinzwe na Romeo Dallaire wabonye byinshi muri Jenoside yakorewe (…)
Bamwe mu basigajwe inyuma n’amateka bo mu karere ka Musanze mu murenge wa Musanze baratabaza kubera kunyagirirwa mu nzu batujwemo kandi nta bushobozi bwo kuzisanira bafite.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho batujwe mu kagari ka Kabazungu mu Murenge wa Musanze, bavuga ko inzu zabasaziyeho ubuyobozi nabwo bugaterera agati mu ryinyo ntibubiteho.
Umwe muri aba baturage witwa Uwimana Furaha yagize ati: "Bantu b’Imana turababaye, imvura iragwa n’uru ruhinja mfite (…)
Depite Ndangiza yagizwe Umuyobozi w’Ihuriro ry’Abagore bo mu Nteko ya Commonwealth muri Afurika.
Ihuriro ry’Abagore bagize Inteko Ishinga Amategeko mu Muryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Icyongereza, Commonwealth, Ishami rya Afurika, (CWP) ryatoreye Depite Ndangiza Madina usanzwe ari umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda kuba Umuyobozi Mukuru waryo.
Iri huriro ryatangaje ko Depite Ndangiza yatorewe manda y’imyaka itatu izarangira mu 2026, mu matora yabereye mu nama (…)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko aziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe umwaka utaha mu 2024.
Ni igisubizo cyari gitegerejwe na benshi yavugiye mu kiganiro yagiranye na Jeune Afrique ubwo yari abajijwe niba kuba yarongeye gutorerwa kuyobora FPR Inkotanyi n’amajwi 99,8% bidashimangira ko azongera guhagararira uyu muryango mu matora y’Umukuru w’Igihugu.
Mu gusubiza yagize ati “Mumaze kubyivugira ko ari ibintu bigaragarira amaso ya bose. Ni nako (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, mu murenge wa Musanze mu kagari ka Kabazungu baratabariza umubyeyi witwa Elizabeth Nikuze ufite n’abana bagiye kumara imyaka 13 barara hanze bakifuza ko leta yamutabara ikamufasha.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Musanze aho yasanze uyu mubyeyi yigunze mu kintu gisa n’inzu maze atubwira ko yaje kuhatuzwa n’ubuyobozi.
Ni umubyeyi n’abana be batujwe n’ubuyobozi mu (…)
Yandutswe na Ndayambaje Jean Claude
Umuyobozi w’agateganyo w’Inkeragutabara mu Ntara y’Amajyaruguru, Lt Col Vianney Higiro yasabye ko abazwi nk’Aba-Masai bakorera ubuzunguzayi nk’ubucuruzi ku mihanda bajya bafatwa bakajyanwa mu nzererezi kuko ibyo baba bacuruza usanga bidahwitse.
Iyo ugeze hirya no hino mu gihugu ugenda uhura n’abantu bambaye amarumbiya bitwa aba-Masai baturutse muri Tanzania, gusa biragoye ko hari umuntu ushobora kubatunga urutoki bitewe nuko bivugwa ko bafite (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze mu murenge wa Musanze, Akagari ka Cyabagarura haravugwa urupfu ry’umusaza witwa Buhigiro Andrea umwe mu bavandimwe be bamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga mu gusetsa abantu.
Urupfu rwe rwamenyekanye ahagana saa 16h00 ’lko yamaze kwitaba Imana azize uburwayi kuko yaramaze igihe kirekire arwaye.
kuva murumuna we witwa Rudakubana Paul yitaba Inama mu mezi abiri yakurikiye uyu musaza nawe yakomeje kurwara none yashyizemo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu mirenge imwe n’imwe y’akarere ka Musanze igihingwa cy’ibirayi batangiye kukizinukwa bagisimbuza itabi, ibintu bishobora gutiza umurindi izamuka ry’ibiciro iki gihingwa kigezeho.
Mu gihe igiciro cy’imbuto y’ibirayo n’ibirayi muri rusange gikomeje gutumbagira bamwe mu bahinzi bo mu karere ka Musanze batangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ko batangiye kwihingira itabi, kubera ko ntayandi mahitamo bafite.
Nyirakamanzi ni umuturage twasanze mu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Nzeri 2023 mu karere ka Musanze hangirijwe ibiyobyabwenge bifite agaciro ka Miliyoni 13,034,500rwf nyuma yo kumva ko ibiyobyabwenge byangiza ubuzima.
Ni igikorwa cyabereye mu ruhame aho cyari cyitabiriwe n’abayobozi batandukanye barimo n’umuyobozi w’Akarere ka Musanze w’agateganyo Habimana Hamiss.
Mu butumwa bwatanzwe nuko abaturage babwiwe ko bakwiye kugira uruhare rufatika mu kurwanya ubusinzi n’ ikoreshwa ry’ (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















