Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage batuye mudugudu wa kabogobogo, mu kagari ka Cyabararika, umurenge wa Muhoza Akarere ka Musanze baravuga ko bugarijwe n’ikibazo cy’amazi akomeje kubasanga mu ngo akabaheza mu nzu aturutse mu muhanda wa Leta.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu mudugudu, aho yasanze barimo kwinubira kuba aya mazi akomeje kubabangamira bagasaba ubuyobozi gushaka umuti urambye w’iki kibazo.
Umwe muri aba (…)
Mu karere ka Gakenke hari abaturage bo mu Murenge wa Ruli bavuga ko bahangayikishijwe no kutagira amazi ahagije ndetse n’aho aboneka usanga hari imirongo minini ndetse ngo ijerekani iba ihenze cyane.
Aba baturage babibwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Ruli aho bifuza ko leta y’ubumwe bw’Abanyarwanda yabatekerezaho ikabegereza amazi meza.
Umwe muri aba baturage witwa Nzayisenga yagize ati:" Hano mu murenge wacu wa Ruli ikibazo dufite (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bacuruzi bo mu karere ka Musanze bacuruza ibiribwa baravuga ko babangamiwe n’amazi atembana ibicuruzwa byabo muri ibi bihe by’imvura ubuyobozi bakababazwa nuko babona ubuyobozi ngo bwaratereye agati mu ryinyo.
Aba bacuruzi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iri soko rikorera muri gare ya Musanze ryabaye risimbuye iryitwa kariyeri bahoze bakoreramo mbere, bakaba bifuza ko rwiyemezamirimo yakora ibishoboka byose (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Mu mugoroba wo gufungura ku mugaragaro Best Inn Motel, Musinguzi Frank yaranzwe no gushimira Umukuru w’Igihugu wamurenganuye akamusubiza Hotel ye yari yaguze akamara amezi atari make atarayihabwa.
Ni umuhango wabereye ahari iyi Motel, mu kagari ka Rwimbogo mu murenge wa Nyarugunga, munsi gato ya rond-point yo ku Kibuga cy’indege Kanombe, ku muhanda w’amabuye ugana mu Kajagari ka Kanombe.
Gusubizwa iyo Motel ye, Musinguzi Frank avuga ko byamwongereye (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Abaganga b’indwara z’umutima mu Rwanda bongeye gusaba ababyeyi kwirinda gusuzugura ikimenyetso cyose babonye kidasanzwe ku buzima bw’umwana muto kuko hari indwara nyinshi zifata abana zifitanye isano n’indwara z’umutima.
Ni ubutumwa bwatanzwe n’Umuganga w’Indwara z’abana akaba anavura indwara z’Umutima mu Rwanda, Prof. Joseph Mucumbitsi, akaba anayoboye umuryango urwanya indwara z’umutima n’ishyirahamwe ry’imiryango irwanya indwara zitandura "NCDs (…)
Umurambo w’umusore witwa Manirakoze Fidel uri mu kigero cy’imyaka 19 aho wasanzwe mu kidendezi cy’amazi hafi n’umugezi wa Susa.
Byabereye mu karere ka Musanze, umurenge wa Shingiro, mu kagari ka Kibuguzo mu umudugudu wa Mudende.
Mu kiganiro umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru SP Jean Bosco Mwiseneza yagiranye na Mamaurwagasabo.rw yavuze ko bamenye aya makuru bayahawe na Mama w’uwo musore, wavuze ko yari yabuze uyu mwana.
Yavuze ko nyakwigendera yavuye mu rugo ahagana saa (…)
Yandutswe na Samuel Mutungirehe
Bamwe mu bagore bakora ubucuruzi bw’ubuconsho mu karere ka Kicukiro bavuga ko utabonye abamwishingira atabasha kubona ku mafaranga y’inguzanyo agenewe abafite amikoro make.
Abaganiriye n’umunyamakuru wa Mamaurwagasabo bacururiza mu masoko atandukanye mu giporoso, bavuze ko bamaze gusobanukirwa ko hari inguzanyo zibagenewe ku murenge ariko atariko bazigeraho byoroshye.
Niragire Ruth, acururiza ku isoko ry’abavuye mu bucuruzi butemewe buzwi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abahinzi b’ibirayi mu karere ka Musanze bavuga ko babona harabayeho uburangare bwa Ministeri y’ubuhinzi n’ubworozi bwatumye inyubako nini y’Ikigega gituburirwamo imbuto y’ibirayi, SPF, ibahombera, ibirayi bikaba byararushijeho kubura no guhenda.
Ikigega SPF cyagombaga gutubura uturayi duto, (Minitubers) Miliyoni imwe n’ibihumbi mirongo inani.
Mu biganiro by’iminsi ine byahuje abahinzi b’ibirayi (Potato Week) byabereye mu karere ka Musanze, (…)
Ishuri mpuzamahanga rya Wisdom Schools Rwanda ritangaza ko nyuma yo kwemererwa kugira ishami ry’ubuforomo (Associate Nursing program) bazakora ibishoboka byose mu kugabanya icyuho kiri mu buvuzi ku Isi hose, by’umwihariko mu Rwanda.
Mu kiganiro umuyobozi w’ishuri rya Wisdom Schools Rwanda Bwana Nduwayesu Elie yagiranye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo yagaragaje ko basabye kugira ishami ry’ubuforomo mu rwego rwo kugira abantu benshi bize muri iryo shami rikeneye abakozi benshi ku isoko (…)
Perezida Paul Kagame yagize Gen (Rtd) James Kabarebe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga akaba ashinzwe ubuhahirane mu karere, agarura Gatarr Francis muri RDB asimbura Akamanzi Claire.
Francis Gatare asimbuye Akamanzi Claire nawe wamusimbuye
Ni ibikubiye mu itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, rishyiraho abayobozi mu myanya itandukanye.
Prof Nshuti Manasseh wari Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga yagizww Umujyanama Mukuru (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















