Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

Musanze: Bugarijwe n'ikibazo cy'amazi abasanga mu nzu
Musanze: Bugarijwe n’ikibazo cy’amazi abasanga mu nzu

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage batuye mudugudu wa kabogobogo, mu kagari ka Cyabararika, umurenge wa Muhoza Akarere ka Musanze baravuga ko bugarijwe n’ikibazo cy’amazi akomeje kubasanga mu ngo akabaheza mu nzu aturutse mu muhanda wa Leta.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu mudugudu, aho yasanze barimo kwinubira kuba aya mazi akomeje kubabangamira bagasaba ubuyobozi gushaka umuti urambye w’iki kibazo.
Umwe muri aba (…)

424 Shares 4 Comments
Gakenke: Bahangayikishijwe no kutagira amazi ahagije
Gakenke: Bahangayikishijwe no kutagira amazi ahagije

Mu karere ka Gakenke hari abaturage bo mu Murenge wa Ruli bavuga ko bahangayikishijwe no kutagira amazi ahagije ndetse n’aho aboneka usanga hari imirongo minini ndetse ngo ijerekani iba ihenze cyane.
Aba baturage babibwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Ruli aho bifuza ko leta y’ubumwe bw’Abanyarwanda yabatekerezaho ikabegereza amazi meza.
Umwe muri aba baturage witwa Nzayisenga yagize ati:" Hano mu murenge wacu wa Ruli ikibazo dufite (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abacururiza mu isoko ry'ibiribwa ibicuruzwa byabo biri gutembanwa n'amazi
Musanze: Abacururiza mu isoko ry’ibiribwa ibicuruzwa byabo biri gutembanwa n’amazi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bacuruzi bo mu karere ka Musanze bacuruza ibiribwa baravuga ko babangamiwe n’amazi atembana ibicuruzwa byabo muri ibi bihe by’imvura ubuyobozi bakababazwa nuko babona ubuyobozi ngo bwaratereye agati mu ryinyo.
Aba bacuruzi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iri soko rikorera muri gare ya Musanze ryabaye risimbuye iryitwa kariyeri bahoze bakoreramo mbere, bakaba bifuza ko rwiyemezamirimo yakora ibishoboka byose (…)

424 Shares 4 Comments
Byari amashimwe kuri Perezida Kagame wamurenganuye agasubizwa Hotel ye
Byari amashimwe kuri Perezida Kagame wamurenganuye agasubizwa Hotel ye

Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Mu mugoroba wo gufungura ku mugaragaro Best Inn Motel, Musinguzi Frank yaranzwe no gushimira Umukuru w’Igihugu wamurenganuye akamusubiza Hotel ye yari yaguze akamara amezi atari make atarayihabwa.
Ni umuhango wabereye ahari iyi Motel, mu kagari ka Rwimbogo mu murenge wa Nyarugunga, munsi gato ya rond-point yo ku Kibuga cy’indege Kanombe, ku muhanda w’amabuye ugana mu Kajagari ka Kanombe.
Gusubizwa iyo Motel ye, Musinguzi Frank avuga ko byamwongereye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ababyeyi basabwe kwita gutahura ibimenyetso by'indwara z'umutima ku bana
Ababyeyi basabwe kwita gutahura ibimenyetso by’indwara z’umutima ku bana

Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Abaganga b’indwara z’umutima mu Rwanda bongeye gusaba ababyeyi kwirinda gusuzugura ikimenyetso cyose babonye kidasanzwe ku buzima bw’umwana muto kuko hari indwara nyinshi zifata abana zifitanye isano n’indwara z’umutima.
Ni ubutumwa bwatanzwe n’Umuganga w’Indwara z’abana akaba anavura indwara z’Umutima mu Rwanda, Prof. Joseph Mucumbitsi, akaba anayoboye umuryango urwanya indwara z’umutima n’ishyirahamwe ry’imiryango irwanya indwara zitandura "NCDs (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Hatoraguwe umurambo w'umusore mu kidendezi cy'amazi
Musanze: Hatoraguwe umurambo w’umusore mu kidendezi cy’amazi

Umurambo w’umusore witwa Manirakoze Fidel uri mu kigero cy’imyaka 19 aho wasanzwe mu kidendezi cy’amazi hafi n’umugezi wa Susa.
Byabereye mu karere ka Musanze, umurenge wa Shingiro, mu kagari ka Kibuguzo mu umudugudu wa Mudende.
Mu kiganiro umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru SP Jean Bosco Mwiseneza yagiranye na Mamaurwagasabo.rw yavuze ko bamenye aya makuru bayahawe na Mama w’uwo musore, wavuze ko yari yabuze uyu mwana.
Yavuze ko nyakwigendera yavuye mu rugo ahagana saa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kicukiro: Abagore b'amikoro make bacibwa intege n'amabwiriza agenga inguzanyo
Kicukiro: Abagore b’amikoro make bacibwa intege n’amabwiriza agenga inguzanyo

Yandutswe na Samuel Mutungirehe
Bamwe mu bagore bakora ubucuruzi bw’ubuconsho mu karere ka Kicukiro bavuga ko utabonye abamwishingira atabasha kubona ku mafaranga y’inguzanyo agenewe abafite amikoro make.
Abaganiriye n’umunyamakuru wa Mamaurwagasabo bacururiza mu masoko atandukanye mu giporoso, bavuze ko bamaze gusobanukirwa ko hari inguzanyo zibagenewe ku murenge ariko atariko bazigeraho byoroshye.
Niragire Ruth, acururiza ku isoko ry’abavuye mu bucuruzi butemewe buzwi (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abahinzi b'ibirayi barashinja MINAGRI uburangare
Musanze: Abahinzi b’ibirayi barashinja MINAGRI uburangare

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abahinzi b’ibirayi mu karere ka Musanze bavuga ko babona harabayeho uburangare bwa Ministeri y’ubuhinzi n’ubworozi bwatumye inyubako nini y’Ikigega gituburirwamo imbuto y’ibirayi, SPF, ibahombera, ibirayi bikaba byararushijeho kubura no guhenda.
Ikigega SPF cyagombaga gutubura uturayi duto, (Minitubers) Miliyoni imwe n’ibihumbi mirongo inani.
Mu biganiro by’iminsi ine byahuje abahinzi b’ibirayi (Potato Week) byabereye mu karere ka Musanze, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Wisdom Schools mu ntego yo kugabanya icyuho kiri mu buvuzi
Wisdom Schools mu ntego yo kugabanya icyuho kiri mu buvuzi

Ishuri mpuzamahanga rya Wisdom Schools Rwanda ritangaza ko nyuma yo kwemererwa kugira ishami ry’ubuforomo (Associate Nursing program) bazakora ibishoboka byose mu kugabanya icyuho kiri mu buvuzi ku Isi hose, by’umwihariko mu Rwanda.
Mu kiganiro umuyobozi w’ishuri rya Wisdom Schools Rwanda Bwana Nduwayesu Elie yagiranye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo yagaragaje ko basabye kugira ishami ry’ubuforomo mu rwego rwo kugira abantu benshi bize muri iryo shami rikeneye abakozi benshi ku isoko (…)

424 Shares 4 Comments
Gen (Rtd) Kabarebe yahawe inshingano, Gatare agarurwa RDB
Gen (Rtd) Kabarebe yahawe inshingano, Gatare agarurwa RDB

Perezida Paul Kagame yagize Gen (Rtd) James Kabarebe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga akaba ashinzwe ubuhahirane mu karere, agarura Gatarr Francis muri RDB asimbura Akamanzi Claire.
Francis Gatare asimbuye Akamanzi Claire nawe wamusimbuye
Ni ibikubiye mu itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, rishyiraho abayobozi mu myanya itandukanye.
Prof Nshuti Manasseh wari Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga yagizww Umujyanama Mukuru (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru