Thursday . 5 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Iran yatangije ibitero byo ku butaka ku Ba Kurde bo muri Iraq

Urwego rushinzwe ubutasi muri Iran rwatangaje ko rwakoranye n’ingabo za Islamic Revolutionary Guard Corps mu gikorwa cyo gukumira hakiri kare imitwe ishaka ubwigenge ihanganye na Iran ivugwaho gushyigikirwa na USA na Israel, yari igiye kwinjira mu burengerazuba bwa Iran igamije kugaba ibitero by’iterabwoba.
Mu itangazo ryatangajwe n’ikinyamakuru cya Tasnim News Agency, iyo minisiteri yavuze ko ingabo za Iran zagabye ibitero ku birindiro byinshi by’iyo mitwe ndetse zinasenya ibikoresho (…)

Karongi: Abaturage batinya gukoresha umuhanda wa Kivu Belt nijoro kuko nta matara arimo
Karongi: Abaturage batinya gukoresha umuhanda wa Kivu Belt nijoro kuko nta matara arimo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Karongi baravuga ko batinya gukoresha umuhanda wa Kivu Belt bitewe nuko uyu muhanda nta matara arimo bakabibonamo imbogomizi zo kugenda bafite umutekano n’ijoro.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu karere ka Karongi aho, bigera saa kumi n’ebyiri (8h00) nta muntu ushobora gukoresha uyu muhanda, batinya umwijima ugaragara muri uyu muhanda uhuza Karongi na Rutsiro.
Muhire Benjamin yavuze ko (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Zelensky yatangiye gushinja Putin Jenoside
Perezida Zelensky yatangiye gushinja Putin Jenoside

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yavuze ko ibitero by’Uburusiya ku gihugu cye ari "iyicarubozo ku gihugu cyose".
Yabitangaje mu kiganiro yahaye CBS News mu ijoro ryo ku cyumweru, yavuze ko abaturage ba Ukraine barimo kurimburwa n’Uburusiya.
Abajijwe niba ibyo bikorwa bigize jenoside, yasubije ati: "Mu by’ukuri, iyi ni Jenoside. Kurimbura igihugu cyose n’abagituye. Turi abaturage ba Ukraine. Dufite ab’ubwenegihugu burenga 100.
"Ibi ni ukwica (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gakenke: Urubyiruko rwasabwe kwirinda ubusambanyi kuko bwongera ubwandu bushya bwa SIDA
Gakenke: Urubyiruko rwasabwe kwirinda ubusambanyi kuko bwongera ubwandu bushya bwa SIDA

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Urubyiruko rwo mu karere ka Gakenke rwasabwe kutijandika mu biyobyabwenge hagamijwe kurwanya ubwandu bushya bw’agakoko gatera Sida cyane ko muri aka karere usanga hari imibare myinshi y’urubyiruko usanga rwishora mu busambanyi.
Ni ubukangurambaga bwakozwe mu mpera z’icyumweru gishize ku kibuga cy’umupira w’Amaguru cya Nemba ahasorejwe amarushanwa y’umupira w’amaguru yateguwe na FXB ifatanyije n’akarere ka Gakenke, aho umurenge wa Kamubuga watsinze (…)

424 Shares 4 Comments
Gakenke: Hari akagari kose katarangwamo ishuri ry'inshuke
Gakenke: Hari akagari kose katarangwamo ishuri ry’inshuke

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu babyeyi bo mu kagari ka Rukore umurenge wa Kamubuga, mu karere ka Gakenke bavuga ko babangamiwe no kutagira ishuri ry’incuke na rimwe mu kagari lose, bakabibona nk’imbogamizi ikomeye ku hasaza h’abana babo.
Babitangarije Umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga ako kagaro, basaba ubuyobozi kugira icyo bubikoraho nabo bakabona aho abana babo bigira mbere yo gutangira amashuri abanza.
Twizerimana Fideli, ni umwe mu babyeyi wo muri ako (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urukiko rwahamije Iraguha Prudence gutuka umunyamakuru mu ruhame
Urukiko rwahamije Iraguha Prudence gutuka umunyamakuru mu ruhame

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwahamije Iraguha Prudance icyaha cyo gutuka mu ruhame, icyaha yakoreye Umunyamakuru Mutesi Scovia, nyuma yuko atamutumiye mu kiganiro asanzwe akora rumukatira igifungo cy’amezi 2 asubitse n’indishyi ya 20.000.
Umunyamakuru Scovia Mutesi yaregeye Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo uyu Iraguha Prudence nyuma yo kumutukira ku mbuga nkoranyambaga ubwo atari yamutumiye mu kiganiro asanzwe akorera kuri Flash TV.
Urukiko rwasomye umwanzuro w’uru rubanza kuri uyu wa (…)

424 Shares 4 Comments
Muri dosiye 25.000 RFL yakoze izirenga ½ ni zijyanye n'ihohoterwa
Muri dosiye 25.000 RFL yakoze izirenga ½ ni zijyanye n’ihohoterwa

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Umuyobozi wa Laboratwali y’u Rwanda y’ibimenyetso bya Gihanga bikoreshwa mu Butabera, RFL, Lt. Col. Dr. Karangwa Charles, yatangaje ko muri dosiye zirenga ibihumbi 25 icyo kigo kiamze kwakira zikaba zaratanzweho raporo, izirenga kure kimwe cya kabiri, zingana na 14 600 ari izijyanye no gusuzuma ibikomere byatewe n’ihohoterwa ririmo n’irishingiye ku gitsina.
RFL ni laboratwari ikomoka kuri kigo "Kigali Forensic Laboratory" cyatangiye mu 2005 ariko kidafite (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Bugesera: Hari umudugudu utagira ishuri ry'abana b'inshuke
Bugesera: Hari umudugudu utagira ishuri ry’abana b’inshuke

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Bamwe mu babyeyi batuye mu mu murenge wa Nyamata mu kagari ka Kayumba mu mudugudu wa Nyakwibereka, batangaza ko bafite ikibazo cy’abana babo babuze ishuri ry’inshuke ryo kwigiramo kugira ngo bategurwe mu bwonko no kujya ku kigero gikwwiye.
Bamwe mu baganiriye na Mamaurwagasabo bavuze ko abana babo bari munsi y’imyaka irindwi badafite ishuri ry’inshuke ryo kwigiramo kandi n’iryo abshobora kujyaho riri kure yabo mu wundi mudugudu wa Nyiramatuntu ahari (…)

424 Shares 4 Comments
Gakenke: Abahinga mu gishanga cya Gaseke bakomeje guhura n'igihombo gikomeye
Gakenke: Abahinga mu gishanga cya Gaseke bakomeje guhura n’igihombo gikomeye

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bahinga imyaka itandukanye mu gishanga cya Gaseke gikora ku mirenge ya Cyabingo, Rusasa na Busengo barasaba Leta ko yabatunganyiriza iki gishanga kugira ngo bizere ko bazajya basarura badahingiye ubusa kuko imyaka yabo yangirika mu bihe by’imvura.
Aba baturage bavuga ko mu gihe cy’imvura imyaka yabo yangizwa n’imyuzure bityo bagahomba imbuto n’ifumbire bakoresheje bahinga akaba ariho bahera basaba ko igishanga cyatunganywa vuba kugira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Ubumenyi buke ku buzima bw'imyororokere intandaro yo kwisanga abangavu batewe inda z'imburagihe
Burera: Ubumenyi buke ku buzima bw’imyororokere intandaro yo kwisanga abangavu batewe inda z’imburagihe

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bangavu bo mu karere ka Burera, mu mirenge ya Rugarama na Kinyababa baravuga ko bisanga batewe inda z’imburagihe kubera ubumenyi buke ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere.
Babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ubwo yageraga muri aka karere, aho usanga abakobwa benshi bagiye batwara inda zitateguwe bari munsi y’imyaka y’ubukure, ibintu bikomeje kuba ikibazo gikomeye ku miryango yabo no ku muryango nyarwanda muri rusange.
Umwe mu (…)

424 Shares 4 Comments
FARDC yahanuye indege ya MONUSCO igwamo 8
FARDC yahanuye indege ya MONUSCO igwamo 8

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC, cyahanuye kajugujugu y’ubutumwa bwa Loni (UN) muri icyo gihugu, MONUSCO, yari igeze ku musozi wa Ntamugenge ihitana abakozi umunani.
Ingabo za FARDC zashinze ibirindiro n’intwaro zikomeye kuri uwo musozi kugira ngo zishyire hasi mu buryo butunguranye ibirindiro by’umutwe wa M23 wongeye kubura imirwano, nk’uko Goma 24 yabitangaje.
Iby’ihanurwa ry’iyo ndege byanemejwe kandi n’Ingabo z’ubutumwa bwa UN muri Repubulika Iharanira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru