Urwego rushinzwe ubutasi muri Iran rwatangaje ko rwakoranye n’ingabo za Islamic Revolutionary Guard Corps mu gikorwa cyo gukumira hakiri kare imitwe ishaka ubwigenge ihanganye na Iran ivugwaho gushyigikirwa na USA na Israel, yari igiye kwinjira mu burengerazuba bwa Iran igamije kugaba ibitero by’iterabwoba.
Mu itangazo ryatangajwe n’ikinyamakuru cya Tasnim News Agency, iyo minisiteri yavuze ko ingabo za Iran zagabye ibitero ku birindiro byinshi by’iyo mitwe ndetse zinasenya ibikoresho (…)
Kompanyi Viking Safaris and Holidays ni ikigo kiyemeje gutembereza abantu b’ingeri zitandukanye mu gihugu hose, kugira ngo basure ibyiza nyaburanga bitatse u Rwanda, ruzwi nk’igihugu cy’imisozi 1000 ndetse no hanze yarwo.
Bamwe mu bamaze igihe bagendana n’iyi kompanyi ya Viking Safaris and Holidays ifite ikicaro mu Karere ka Musanze, by’umwihariko Abanyarwanda bavuga ko banyuzwe na serivisi ibaha kuko bafite n’abantu bagenda babasobanurira ibyiza nyaburanga, bagaheraho bavuga ko burya (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abatuye ahazwi nko Gakoki mu kagari ka Nyanza umurenge wa Gatenga mu karere ka Kicukiro ntibagisinzira iyo imvura iguye kubera amazi menshi aturuka mu muhanda wa Gahanga-Sonatubes urimo kubakwa aho amazi yose ava guhera kuri Gale ya Nyanza yayobowe muri Ruhurura imwe gusa imanuka mu ngo z’abaturarage amazi akayirenga agasanga abaturage mu nzu.
Aho mamaurwagasabo yasanze hari ikibazo cyane ni mu mudugudu wa Juru, ahazwi nko mu Gakoki, aho amazi amanukira (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Gakenke hari umwana w’umukobwa, Uwizeyimana Yvonne, wafashe icyemezo cyo kuba Umunyonzi nyuma yo kubona ubuzima bwo gutega amaboko ku bagabo bidakwiye yishakira igisubizo.
Uyu mukobwa w’imyaka 20 atuye mu kagali ka Gisozi, umudugudu wa Kirehe ,umurenge wa Nemba, no umukobwa umwe rukumbi umaze umwaka umwe urenga akora umwuga wo gutwara abagenzi ku igare, avuga ko kubera ko yabonye aho kwigurisha yakorera duke tuvuye mu maboko ye.
Mu (…)
Mutungirehe Samuel
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko mu mwaka wose wa 2021 Umusaruro Mbumbe w’Igihugu (GDP) wazamutse ku kigero cya 10.9% uvuye ku kigero cya 3.4% wagabanyutseho munsi ya zero mu mwaka wa 2020 ubwo igihugu cyari mu guhangana na COVID-19 ibikorwa hafi ya byose bigahagarikwa.
NISR ishimangira ko mu mwaka ushize inzego hafi ya zose z’ubukungu zagiye zitera intambwre ishimishije mu izahuka ryazo kurenza no ku kigero zariho mbere ya COVID-19. (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Mu gihe u Rwanda ruri mu myiteguro yo kwakira Inama Mpuzamahanga y’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma y’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha ururimo rw’Icyongereza, CHOGM iteganyijwe muri Kamena 2022, mu karere ka Kicukiro gafatwa nk’amarembo Mpuzamahanga ya Kigali kubera Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kanombe batangije icyumweru cy’isuku mu mirenge yose igize akarere, hakorwa isuku mu nsisiro, ahahurira abantu benshi nko mu masoko, no gushishikariza (…)
Nshuti Muheto Divine, ni we mukobwa wambitswe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda wa 2022, igisonga cya Mbere kiba Keza Maolithia naho icya Kabiri kiba Kayumba Darina.
Ibirori byo gutora no gutangaza Nyampinga w’u Rwanda wa 2022 byabereye muri Intare Conference Arena aho byatangiye ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, tariki ya 19 Werurwe 2022, bisozwa mu rukerera rwo ku Cyumweru.
Nshuti Muheto Divine yambitswe ikamba asimbura Ingabire Grace wari ufite iry’umwaka ushize wa 2021.
Uyu mukobwa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu ruzinduko Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Hon. Gatabazi Jean Marie Vianney akomeje kugirira mu Ntara y’Amajyaruguru mu karere ka Gakenke yanenze imitangire mibi ya serivisi aho yabwiye abayobozi b’inzego z’ibanze kuva mu biro bakegera abaturage kuko aribo bakorera.
Ni kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Werurwe 2022 ubwo yafunguraga ku mugaragaro ibiro bishya by’Akarere ka Gakenke, byuzuye bitwaye akayabo ya Miliyari imwe n’igice ndetse akaba (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gakenke, umurenge wa Gakenke babwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ko bahangayikishijwe n’uburyo imyaka yabo ndetse n’ubutaka byangijwe bakora imiyoboro ijyana amazi yo kuhira imyaka none bakuriwe inzira ku murima ko nta ngurane bazahabwa.
Abagerageje kuvugisha mamaurwagasabo bavuga ko ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke bwaje bubabwira ko bagiye kuhanyuza ibikorwa remezo imyaka yabo irimo ibisheke, ibijumba, amateke (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze mu murenge wa Kinigi hari abangavu bagize ibyago byo kubyara imburagihe bavuga ko bagihutazwa n’ababyeyi babo ndetse bamwe bakirukanwa mu rugo.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge aho bamwe bavuga ko bakimara gutereranwa n’ababyeyi babo bihebye bakumva ko ikizere cyo kubaho kirangiye.
Nyirangirimana Jacquiline avuga ko nyuma yo kubyara afite imyaka 17 ubuzima bwe bwagiye mu kaga bitewe nuko (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Kuva Goverinoma y’u Rwanda yabona ko icyorezo cya COVID-19 cyashegeshe ibikorwa by’abikorera ndetse bikaviramo abatari bake gutakaza imirimo no gufunga ibikorwa bimwe na bimwe, yashyizeho ikigega Nzahurabukungu “Rwand Recovery Fund” (ERF), mu rwego rwo kunganira bizinesi zazahajwe n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19, kugira ngo zibashe kuzanzamuka.
Kuva icyo kigega cyatangira guha inguzanyo abikorera, abakora mu mwuga w’ububumbyi mu Rwanda bavuga ko icyo (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.


![[AMAFOTO] Temberana na kompanyi Viking Safaris and Holidays uryoherwe n'ibyiza byo mu rw'Imisozi 1000](IMG/logo/img-20220321-wa0035.jpg?1648140297)

















