Urwego rushinzwe ubutasi muri Iran rwatangaje ko rwakoranye n’ingabo za Islamic Revolutionary Guard Corps mu gikorwa cyo gukumira hakiri kare imitwe ishaka ubwigenge ihanganye na Iran ivugwaho gushyigikirwa na USA na Israel, yari igiye kwinjira mu burengerazuba bwa Iran igamije kugaba ibitero by’iterabwoba.
Mu itangazo ryatangajwe n’ikinyamakuru cya Tasnim News Agency, iyo minisiteri yavuze ko ingabo za Iran zagabye ibitero ku birindiro byinshi by’iyo mitwe ndetse zinasenya ibikoresho (…)
Inama idasanzwe y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba EAC, yemeje ku mugaragaro igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo DRC ikaba ibaye igihugu cya Karindwi mu bigize umuryango.
Ni inama yateranye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 29 Werurwe 2022, higashishijwe Ikoranabuhanga, ihuriramo abakuru b’ibihugu na guverinoma bari bisanzwe bigize EAC.
Ku ruhande rw’u Rwanda yitabiriwe na Perezida Kagame, Tanzania yitabirwa na Perezida Samia Suluhu Hasan, Kenya (…)
Leta y’u Rwanda iranyomoza ibyatangajwe n’Umuvugizi w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko igisirikare cy’u Rwanda RDF gifasha imitwe yitwaje intwaro yagabye ibitero mu duce twa Tshanzu na Runyoni.
Mu itangazo rya Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Habitegeko François, yasubizaga iry’Umuvugizi w’intara ya Ruguru ya Congo, yavuze ko ibyatangajwe n’ubuyobozi bwa Kivu y’Amajyaruguru ko hari abantu babiri bafashwe bagabye igitero mu bice (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Hotel Classic yo mu mujyi wa Kigali nyuma yo gucumbikira Umuhanzikazi w’icyamamare Rose Muhando n’ababyinnyi be babiri mu gihe kingana n’iminsi 5, kuri ubu igiye kujyana mu nkiko, abamutumiye uyu muhanzi kuko bayihaye Sheke itazigamiye.
Uyu muhanzikazi wo mu gihugu cya Tanzania yageze mu Rwanda tariki ya 4 Werurwe 2022 , ataramira abanyarwanda tariki ya 6 Werurwe , akaba yarasubiye iwabo tariki ya 9 Werurwe 2022 .
Nkuko byatangajwe n’umukozi ushinzwe (…)
Yanditswe na Umugiraneza Alice
Abafite ubumuga bo mu Karere ka Musanze bagaragaza ko kuba hakiri inyubako zidafite ahagenewe inzira z’abafite ubumuga bigikoma mu nkokora kugera byoroshye ahatangirwa serivisei bakenera.
Bamwe mu bafite ubumuga babwiye Mamaurwagasabo ko kuba hari inyubako zitorohereza abafite ubumuga kugera byoroshye ahatangirwa serivisi bikiri imbogamizi kuko babona serivise bakererewe mu gihe babuze uwo batuma.
Gikumi Gaudance ni ufite ubumuga wo mu murenge wa Muko, (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Bamwe mu mpunzi zo mu Nkambi ya Mahama iherereye mu karere ka Kirehe, icumbikiye Abarundi n’Abakongomani bose hamwe barengaho gato ibihumbi 55, bavuga ko bafite ikibazo cy’uburyo bashyizwe mu byiciro, aho umuryango ufite abana b’abakobwa basanga uhabwa amahirwe yo kujya mu byiciro bifashwa, kuruta uko umuryango urimo abana b’abahungu bigenda. Ikintu imiryango imwe n’imwe yatangiye kurenganyirizamo abagore babyaye abakobwa bigateza umwiryane mu bashakanye (…)
Abagize ishyirahamwe ry’abize n’abakora mu buvuzi mu Rwanda (MEDSAR) basabwe ko ubushakashatsi bakora bukwiye kuba igisubizo ku bibazo byugarije ubuzima bw’abaturage bityo bikaba byagabanya bimwe mu bibazo bigaragara muri iyi serivisi.
Babisabwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Urwego rushinzwe imyigishirize y’abakozi bo mu rwego rw’Ubuzima, Dr. Patrick C. Ndimubanzi, kuri uyu wa 26 Werurwe 2022 ubwo hizihizwaga imyaka 25 hashinzwe umuryango MEDSAR uhuza abize n’abategura kwinjira ku (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo yabyariraga iwabo afite imyaka 17 y’amavuko, umukobwa w’umwangavu uvuka mu karere ka Musanze, Umurenge wa Kinigi, ababyeyi be bamuhaye igihano cyo kwirukanwa mu nzu n’uruhinja rwe, amara hanze amajoro atatu. Nyuma yo kwiga umwuga w’ubudozi byamufashije guhindura ubuzima.
Ubu ni ubuhamya bwa Nyirangirimana Jacqueline wahuye n’ubuzima bushaririye ubwo yabyariraga iwabo.
Yagize ati, "Namaze kubyara mbaho nabi, ndaruha kubera ko nabyariye mu rugo, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyuma yaho ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ritangaje urutonde rw’abatoza basabye gutoza Ikipe y’Igihugu, Amavubi, kugeza ubu umunya-spain w’imyaka 47 ni we ukomeje guhabwa amahirwe menshi ndetse ntagihindutse ni we ushobora guhabwa izi nshingano.
Abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda bafite amatsiko menshi yo kumenya umutoza ugomba gusimbura Umunyarwanda Mashami Vincent, aho kandi hagiye havugwa abatoza benshi bafite ibigwi mu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abakorera mu gakiriro ka Musanze gaherereye mu murenge wa Cyuve baravuga ko babangamiwe n’umwijima uba ku muhanda munini Musanze-Cyanika, aho agakiriro kubatse, bagasaba ko hashyirwaho amatara kuko abajura bakunze kubatega batashye bakabambura.
Babitangaje ubwo Ambasaderi w’Ubwami bw’Ububiligi mu Rwanda, Benoit Ryelandt yafunguraga ku mugaragaro aka gakiriro kubatswe ku nkunga ya Enabel.
Mutabazi Enock ni umwe mu bakorera muri ako gakiriro, yagize (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abahanga mu kugena no kugenzura ibiciro mu by’ubwubatsi (Quantity Surveyors) batangaje ko bakwiye guhindurirwa itegeko bakitwa abanyamwuga aho gukomeza gukorera munsi y’abandi banyamwuga mu bwubatsi, abitwa Architects, bitewe n’urwego bavuga ko bagezeho mu mikorere ya kinyamwuga.
Aba ni abanyamwuga babarizwa mu Ihuriro ry’abahanga mu by’ubwubatsi, Rwanda Institute of Architects, bafasha mu kugena agaciro muri iyo mirimo.
Babitangarije i Kigali ubwo bari (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















