Thursday . 5 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Iran yatangije ibitero byo ku butaka ku Ba Kurde bo muri Iraq

Urwego rushinzwe ubutasi muri Iran rwatangaje ko rwakoranye n’ingabo za Islamic Revolutionary Guard Corps mu gikorwa cyo gukumira hakiri kare imitwe ishaka ubwigenge ihanganye na Iran ivugwaho gushyigikirwa na USA na Israel, yari igiye kwinjira mu burengerazuba bwa Iran igamije kugaba ibitero by’iterabwoba.
Mu itangazo ryatangajwe n’ikinyamakuru cya Tasnim News Agency, iyo minisiteri yavuze ko ingabo za Iran zagabye ibitero ku birindiro byinshi by’iyo mitwe ndetse zinasenya ibikoresho (…)

Congo DRC: Amagarama y'umugati yagabanyijwe kubera igiciro cy'ingano ziva Ukraine
Congo DRC: Amagarama y’umugati yagabanyijwe kubera igiciro cy’ingano ziva Ukraine

Kuva aho intambara Uburusiya bwashoje kuri Ukraine yatangiriye, ingaruka ku izamuka ry’ibiciro ku bintu bitandukanye ku isi zagiye zigaragaza cyane izituruka ku bikiresho by’ibanze byaturukaga muri ibyo bihugu bibiri birimo n’ingano bizwiho kohereza mu mahanga ku bwinshi.
Kubura kw’ifarini kwageze i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bituma abafite amafuru y’imigati bahitamo kugabanya amagarama y’umugati mu gihe kandi igiciro cyo kitagabanutse.
Bamwe mu baturage muri (…)

424 Shares 4 Comments
Nyiraguhirwa arashimira Perezida Kagame wamukuye muri nyakatsi
Nyiraguhirwa arashimira Perezida Kagame wamukuye muri nyakatsi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyiraguhirwa Florida wo mu Kagari ka Nyarubuye, Umurenge wa Musanze wari usanzwe aba muri nyakatsi arashimira Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, wagaruye umuco w’ubutore mu Banyarwanda, none urubyiruko rukaba rwamwubakiye ubu akaba atazongera kurara anyagirwa.
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Werurwe 2022, ubwo hatangizwa ibikorwa by’urugerero icyiciro cya cyenda cy’inkomezabigwi rugizwe n’abanyeshuri barangije ayisumbuye umwaka ushyize ku rwego (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Minisitiri Gatabazi yasanze ikibazo cy'abana bagwingira gikomeje kwiyongera
Musanze: Minisitiri Gatabazi yasanze ikibazo cy’abana bagwingira gikomeje kwiyongera

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo hatangizwaga icyumweru cyahariwe ibikorwa byo gukumira no kurwanya igwingira mu bana byagaragaye ko abana bagwingiye biyongeye cyane kuko bavuye kuri 37% bakagera kuri 45% mu karere ka Musanze, ibintu byanenzwe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Hon. Jean Marie Gatabazi.
Ni kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Werurwe 2022, mu Ntara y’Amajyaruguru by’umwihariko mu karere ka Musanze, ku kigo nderabuzima cya Musanze ubwo hatangizwaga igikorwa cyahariwe (…)

424 Shares 4 Comments
Gen. Kainerugaba yagarutse i Kigali kugarura umubano w'u Rwanda na Uganda
Gen. Kainerugaba yagarutse i Kigali kugarura umubano w’u Rwanda na Uganda

Mutungirehe Samuel
Muri iki gitondo cyo ku wa Mbere, tariki ya 14 Werurwe 2022, Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku Butaka, akaba n’Umuhungu wa Perezida Museveni, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, ygarutse i Kigali mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rwe rwihariye rugamije kugarura mu buryo umubano mwiza hagati y’u Rwanda na Uganda.
Uyu mugabo yaherukaga mu Rwanda mu kwezi gushize, tariki ya 22 Gashyantare 2022, avuga ko aje kuzahura umubano hagati y’ibihugu byombi, wari umaze hafi imyaka 3 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umuganga w'Umupasitoro yaciye agahigo ku Isi ko kuvura amatwi atumva
Umuganga w’Umupasitoro yaciye agahigo ku Isi ko kuvura amatwi atumva

Mashudu Tshifularo, Umwalimu muri Kaminuza ya Pretoria muri Afurika y’Epfo, yaciye agahigo ku Is ko kuvura amatwi yapfuye agakira akumva.
Ni ubuhanga yagezeho akoresheje ikoranabuhanga ryo gusimbuza utugufwa duro cyane tuba hagati mu gutwi, igikorwa yakoze kuva mu 2019, "Innovative 3D technology".
Uyu mugabo ufite n’impano y’Ubupasitoro, yavuze ko bakoresheje ikinyabutabire kitwa titanium, gituma igikorwa kihuta kandi hakabagwa agace gato.
Tshifularo avuka ahitwa Venda muri Limpopo, (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abanyeshuri 872 basoje amasomo muri Ines-Ruhengeri basabwe guhanga imirimo bakoresheje ubumenyi bahawe
Musanze: Abanyeshuri 872 basoje amasomo muri Ines-Ruhengeri basabwe guhanga imirimo bakoresheje ubumenyi bahawe

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku nshuro ya 13 ishuri rikuru rya Kaminuza ya Ines-Ruhengeri ryahaye impamyabumenyi abanyeshuri basaga 872 barangije mu mashami atandukanye, bakaba basabwe kujya kwihangira imirimo kuko bahawe ibishoboka byose bizabafasha guhanga udushya no guhangana ku isoko ry’umurimo.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Werurwe 2022 nibwo Ines Ruhengeri yahaye impamyabumenyi abanyeshuri 872 bose bize mu mashami atandukanye, ni umuhango wabaye imbona nkubone kubera ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Gitifu wa Kimonyi yiyemeje kurandura "Amavunja" akaba amateka mu mwaka umwe
Musanze: Gitifu wa Kimonyi yiyemeje kurandura "Amavunja" akaba amateka mu mwaka umwe

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kimonyi mu Karre ka Musanze, Mukasano Gaudance, yatangaje ko yihaye intego yo kurandura ikiswe "Amavunja" mu murenge we akaba amateka muri uyu mwaka, abinyujije mu gitondo k’isuku agiye gufatanyamo n’abaturage.
Yabitangaje ubwo hatangizwaga icyumweru cyahiriwe isuku mu Ntara y’Amajyaruguru, abatuye mu Murenge wa Kimonyi, nabo biyemeza guhindura imyumvire ku bijyanye no kwirinda indwara ziterwa n’umwanda, bagaca (…)

424 Shares 4 Comments
North Korea yagerageje uburyo bushya bwo kurasa misile zambukiranya imigabane – Amerika
North Korea yagerageje uburyo bushya bwo kurasa misile zambukiranya imigabane – Amerika

Leta ya Amerika ivuga ko Korea ya Ruguru iherutse kugerageza uburyo bushya bwo kurasa misile zambukiranya imigabane, mu byo bise "guhembera intambara gukomeye".
Pyongyang yo ivuga ko tariki 26 Gashyantare(2) na 3 Werurwe yagerageje ibikorwa byo guteza imbere ubutasi ku byogajuru. Ariko Washington ivuga ko iryo gerageza ryari ibikorwa bishobora kuba bibanziriza iraswa nyirizina rya misile zigera kure cyane.
Bene izi misile zishobora kugera no muri Amerika kuko hafi zishobora kuraswa ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Dr. Karekezi, Umunyarwandakazi rukumbi ubaga ubwonko yahembwe nk'umugore w'intangarugero
Dr. Karekezi, Umunyarwandakazi rukumbi ubaga ubwonko yahembwe nk’umugore w’intangarugero

Umunyarwandakazi w’inzobere mu kuvura no kubaga ubwonko, Dr Claire Karekezi, yabaye umwe mu bagore umunani begukanye ibihembo byitwa ‘‘Forbes Woman Africa Award’, bisanzwe bihabwa abagore bo muri Afurika babaye intangarugero mu bikorwa bitandukanye.
Igitangazamakuru gikomeye cyo muri Amerika, Forbes, Ishami rya Forbes Woman Africa, ryibanda ku bagore bo muri Afurika risanzwe ritanga ibi bihembo binyuze mu muhango ritegura uzwi nka ‘Forbes Woman Africa Summit’.
Ni ihembo bigamije (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru: Imvura idasanzwe yangije ibikorwa remezo birimo amashuri
Amajyaruguru: Imvura idasanzwe yangije ibikorwa remezo birimo amashuri

Yanditswe na Ndayambaje Jean Calude
Henshi mu gihugu by’umwihariko mu Ntara y’Amajyaruguru, mu turere dutandukanye imvura idasanzwe ivanze n’umuyaga mwinshi yangirije ibikorwa remezo birimo n’amashuri aho ibisenge byagurutse.
Ni imvura yaramutse kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Werurwe 2022, ivanze n’inkuba n’umuyaga yasenye bimwe mu bikorwa remezo byinshi birimo amashuri, n’ibindi bikorwa bitandukanye by’abaturage.
Umunyamakuru wa mamaurwagasabo aho yabashije kugera yasanze bimwe mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru